Umutoza wa Chelsea nyuma yo gutsindwa na Bayern mu rugo yavuze umukinnyi we wakoze kurusha abandi

13,769

Umutoza wa Chelsea Frank Lampard nyuma yo gutsindwa ibitego 3-0 murugo yashimye cyane umukinnyi Kovacic witwaye neza kurwego atacyekaga,

Ni ibitego byatsinzwe n’umukinnyi wanyuze muri Arsenal Serge Gnabry uko ari bibiri nicyagashinguracumu cya Robert Lewandowski.

Ni umukino Chelsea yanyuzagamo ikataka ariko ukabonako habura akantu kinararibonye,nyuma y’umukino umutoza wa Chelsea yashimiye abakinnyi be ndetse anavugako ko Mateo Kovacic yitwaye neza akagaragaza rwego ruri hejuru.

Ni umukino wabonetsemo ikarita itukura yahawe Marcos Alonso,gusa kurundi ruhande Lampard yavuzeko atarenganya abakinnyi be kuko bamwe ari nubwambere bari bageze mu kiciro nkacyiriya mu mikino ya champions league.

Leave A Reply

Your email address will not be published.