Aurore Mimosa wari uherutse kuvanwa muri Minisports yahawe izindi nshingano

220

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu taliki ya 18 Ukwakira, inama y’abaminisitiri yateranye ishyira mu myaanya abatari bake, muri abo herimo madame Aurore Mimosa MUNYANGAJU wari uherutse kuvanwa mu nshingano zo kuyobora minisiteri ya siporo, uyu yagizwe ambasaderi w’u Rwanda mu gihugu cya Luxembourg.

Comments are closed.