Abagore babiri batawe muri yombi na polisi ya Kenya nyuma yo kurwana bapfa umugabo

8,030
Kwibuka30

Aba barimo Sarah Wamaitha ngo yinjiye mu mirwano na mugenzi we Mercy Murithi ku itariki ya 4 ugushyingo bapfa umugabo bose bakundaga.

Kwibuka30

Batawe muri yombi bashinjwa guhungabanya umutekano wa rubanda,urukiko rwa Makadara rwavuzeko umugabo wa Wamaitha yamubwiyeko Murithi amurusha ku mufata neza mu buriri bituma uburakari bwuyu mugore buzamuka.

Wamaitha ngo yaje gushyiraho maneko zimunekera uriya mugore wundi biza kurangira ajyiye afata telefoni ye ayihindura uburere,bose bahise ngo bafatana bakizwa na polisi ya Kamukunji bose nyuma yo kubura ibimenyetso baciwe amande yibihumbi 30 byamashiringi ya kenya.

Gusa ngo bazongera bitabe urukiko ku itariki ya 15 Werurwe 2020

Leave A Reply

Your email address will not be published.