Abakristu 50 bapfuye nyuma yaho Pasiteri abahaye Isabuni y’amazi ngo bayinywe bakire indwara

13,600
Kwibuka30

Umu pasiteri ari mu mazi abira nyuma yaho ahaye abakristu isabuni yica za mikorobe ngo bayinywe babone umugisha.

Kwibuka30

Aya mahano yakozwe n’uyu muvugabutumwa ukomoka muri afurika y’epfo yayakoze abwira abayoboke be ko nibayinnywa bakira indwara.

Uyu muvugabutumwa witwa Rufus Phala yabwiye abakristu be ko isabune ya Dettol ariwo muti w’isabuni yica za mikorobe ko abizi neza ko ari mubi ariko ko Imana yamutumye kuwukoresha kugirango akize ubuzima bwa benshi birangira abushyize mu kaga cyane ko yababwiraga ko nawe yawunyweyeho.

Leave A Reply

Your email address will not be published.