Abantu 9 bafasha Trump mu kwiyamamaza bamaze kwandura Covid -19

9,903
Kwibuka30

Abantu bagera ku icyenda mu ikipe isanzwe bafasha Prezida Trump mu bikorwa byo kwiyamamaza bafite ubwandu bw’agakoko Gatera Covid -19

Kwibuka30

Nyuma y’aho ibikorwa byo kwiyamamariza ku mwanya w’ugomba guhagararira ishyaka rye, kuri uyu wa gatandatu abantu bagera batandatu mu bagize ikipe ifasha prezida Donald Trump mu bikorwa byo kwiyamamaza basanze bafite ubwandu bwa Coronavirus, kuri uyu wa mbere abandi babiri nabo basanzwemo coronavirus.

Umuvugizi w’ikipe Ifasha prezida Trump muri ibyo bikorwa byo kwiyamamaza bwana TIM MURTAUGH yahamije iby’ayo makuru, ndetse avuga ko abo babiri baraye babonywemo covid -19 bamaze gushyirwa mu kato, kandi ko guhera ubu abazajya baza muri mitingi bazajya bambara udupfukamunwa, ibintu bitandukanye n’ibyo Trump yari yavuze ko nta mpamvu yo kwirirwa bambaye udupfukamunwa.

Leave A Reply

Your email address will not be published.