Bakoreye ubukwe mu murima w’urumogi kuko ngo arirwo rwabahuje bitungura benshi(Amafoto)

12,887
Kwibuka30

Clara Higgins w’imyaka 30 na Dusty Higgins w’imyaka 40 bakoze ubukwe bwagatanga babukorera mu murima w’urumogi batumira n’inshuti zabo kuko ngo arirwo rwabahuje.

Kwibuka30

Aba bombi batuye mu gace kitwa Grand Junction muri Colorado,bahuriye mu kabari kari mu gace batuyemo nyuma baza kwisanga bakunda urumogi maze urukundo rwuririra aho,muri 2017 bakoze ubukwe butangaje batumira inshuti zabo maze sukurutumura bivayo.

Clara ntiyigeze yihishira kuko yavuzeko urumogi ari ubuzima bwabo ko ndetse benshi bifuza ubuzima nkuko babayemo bakabubura,aba bafite imirima baruhinzemo nurundi bahunitse birirwa binywera.

Leave A Reply

Your email address will not be published.