Byemejwe bidasubirwaho Rayon yamaze kwirukana Sarpong.

9,214
Kwibuka30

Rutahizamu w’umunya-Ghana Michael Sarpong wakiniraga Rayon Sports amaze kwirukanwa, ashinjwa ibyaha birimo gutuka Perezida wa Rayon Sports.

Ahise asezererwa burundu na Rayon Sport
Kwibuka30

Mu masaha 24h ashize ni bwo twanditse  inkuru yavugaga ko uyu rutahizamu yandikiwe na Rayon Sports asabwa ibisobanuro ku makosa atatu yashinjwaga, hadaciye amasaha menshi ikipe ya Rayon Sports yahise ifata umwanzuro wo kwirukana burundu uyu mukinnyi.

Michael Sarpong wageze muri Rayon Sports mu mwaka w’imikino ushize, yagombaga kurangiza amasezerano ye muri iyi kipe mu kwezi kwa 10/2020, akaba ari umwe muri ba rutahizamu bari bahagaze neza muri iyi shampiyona kuva yagera mu Rwanda, ndetse akaba yarakunzwe na benshi mubafana ba Rayon Sport none yirukanwe byikubagahu!

Image may contain: 1 person
Leave A Reply

Your email address will not be published.