Browsing Category
Imikino
“Nta mukinnyi dufite nka Neymar”: Ronaldo yasabye ko Neymar ahamagarwa mu ikipe…
Ronaldo Luís Nazário de Lima wabiciye bigacika muri ruhago y'isi no muri Brazil, yasabye umutoza w'ikipe nkuru y'umupira w'amaguru mu gihugu cye cya Brazil kongera agahamagara Neymar muri iyo kipe kuko ku bwe asanga uwo mugabo agifite!-->…
Harry Hudson yegukanye Umudali wa Zahabu mu ngimbi, Ntirenganya asoza Isiganwa
Umwongereza, Harry Hudson yegukanye Umudali wa Zahabu mu gusiganwa mu muhanda (Road Race) mu bahungu bari munsi y’imyaka 19 (Men Junior) nyuma yo gukoresha amasaha abiri, iminota 55 n’amasegonda 19.
Kuri uyu wa Gatanu, taliki ya 26!-->!-->!-->!-->!-->…
Général Patrick Nyamvumba yibukije Rayon Sports ko ari ikipe ikomeye bityo igomba rutsinda Singida
Général Patrick Nyamvumba yasuye Rayon Sports iri kubarizwa muri Tanzania aho yagiye gukina na Singida Black Stars FC mu mukino wo kwishyura w’ijonjora ry’ibanze rya CAF Confederation Cup 2025 kuri uyu wa Kane tariki ya 25 Nzeri 2025.
!-->!-->!-->!-->…
#Amagare: David Lappartient yatorewe kuyobora UCI kugeza mu 2029.
Amatora ya Perezida wa UCI yabereye mu Nama ya 194 ya UCI yabereye muri Kigali Convention Centre kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Nzeri 2025.
Ni inama yabaye mu gihe Umujyi wa Kigali wakiriye Shampiyona y’Isi y’Amagare yitabiriwe!-->!-->!-->!-->!-->…
#Amagare: Ubufaransa bwongeye kwigaragaza binyuze kuri Gery Celia.
Mu irushanwa ryitabiriwe n’abakobwa bakomoka imihanda yose ku isi, Umufaransakazi Gery Celia yigaranzuye bagenzi be, yegukana isiganwa ryo mu muhanda ‘Road Race’ mu cyiciro cy’abatarengeje imyaka 23, muri Shampiyona y’isi y’Amagare iri!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yasubije abumvaga ko U Rwanda rutakwakira ibikorwa bikomeye
Perezida Paul Kagame, yavuze ko abumva ko igihugu nk’u Rwanda kidashobora kwakira ibikorwa bikomeye nka Shampiyona y’Isi y’Amagare bafite imyumvire itakigezweho.
Yabigarutseho kuri uyu wa Kane, tariki ya 25 Nzeri 2025, ubwo yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Banki ya Kigali yahembye 3 ba mbere batsinze irushanwa ry’isi ry’amagare mu ngimbi
Umuyobozi wa Banki ya Kigali yatanze ibihembo by’abakinnyi batatu ba mbere muri Shampiyona y’isi y’amagare, icyiciro cy’abagabo mu gusiganwa n’igihe.
Ibihembo Dr. Diane Karusisi yabishyikirije abatsinze mu batarengeje imyaka cumi!-->!-->!-->…
Ikipe y’u Rwanda y’Abangavu U20 yerekeje muri Nigeria
Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda y’Abangavu batarengeje imyaka 20 (U20) yerekeje muri Nigeria gukina umukino wo kwishyura mu ijonjora rya kabiri mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kizaba mu 2026.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, tariki ya!-->!-->!-->…
Perezida wa Tanzaniya Samia yashimiye Singida ku bwo gutsinda Rayon Sport
Perezida wa Tanzania, Dr.Samia Suluhu Hassan yahaye ikipe ya Singida Black Stars FC asaga Miliyoni 2 z’Amanyarwanda kubera ko yatsinze Rayon Sports mu ijonjora ry’ibanze rya CAF Confederation Cup ya 2025.
Kuri uyu wa Kabiri nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuholande Michiel Mouris wegukanye shampiyona y’Isi y’Amagare ni muntu ki?
Mu gice cy'Ingimbi zarushanwe uyu munsi muri Shampiyona y'isi y'Amagare y'abatarengeje imyaka 19, Michiel Mouris niwe wegukanye iri siganwa.
Ni umunsi wa Gatatu wa Shampiyona y'isi y'Amagare irimo kubera hano mu Rwanda aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 30 undi mwirabura Ousmane Dembélé yegukanye Ballon d’Or 2025
Umufaransa Ousmane Dembélé ukinira ikipe ya Paris Saint Germain yo mu Bufaransa yatowe nk'umukinyi wahize abandi bose muri ruhago mu mwaka wa 2024-2025 aba umukinyi wa kabiri wambaye uruhu rwirabura ubikoze nyuma ya George Weah.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Amagare: Bäckstedt yegukanye ITT mu bakobwa batarengeje imyaka 23
Umwongerezakazi Zoe Bäckstedt, yegukanye Shampiyona y’Isi yo gusiganwa ku magare mu cyiciro cyo gusiganwa n’ibihe ku bakobwa batarengeje imyaka 23 mu bagore (ITT) akoresheje iminota 30 n’amasegonda 56.
Kuri uyu wa Mbere, tariki ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu abakinnyi ba PSG batari bwitabire umuhango wo gutanga Ballo d’Or
Mu mugoroba wo kuri uyu wa Mbere mu nyubako ya Théâtre du Châtelet iri i Paris mu Bufaransa ni bwo habera ibirori byo gutanga Ballon d’Or ya 2025, ariko abakinnyi ba Paris Saint Germain bakaba batari buboneke muri ibo birori.
Ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Amagare: Tadej Pogačar nimero ya mbere mu mukino w’amagare yageze i Kigali
Mu gihe amarushanwa y'amagare UCI asigaje iminsi ibarirwa ku ntoki z'igikumwe kimwe ngo abere mu rw'imisozi igihumbi, abazayitabira bakomeje kugera i Kigali guhangana, mu bamaze kuhagera harimo na Tadej Pogačar kugeza ubu akaba ari!-->!-->!-->…
Iposita y’u Rwanda mu bufatanye bushya na RPL aho iposita yemera kujya ihemba umukinyi wahize…
Urwego rutegura Shampiyona y’Icyiciro cya Mbere mu Rwanda (Rwanda Premier League) rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Ikigo cya ePoBox gitanga serivisi z’ikoranabuhanga mu kohererezanya ubutumwa.
Amasezerano yashyizweho umukono!-->!-->!-->!-->!-->…