Browsing Category
Imikino
Perezida wa FERWAFA yemereye AL Merreick FC yo muri Sudan gukina champiyona y’u Rwanda
Perezida w'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA Bwana SHEMA Fabrice, biravugwa ko kuri uyu wa gatatu taliki ya 23 Ukwakira yaba yamaze gushyira umukono ku masezerano yemerera ikipe ya AL Merreick gukina chapiyona y'u!-->!-->!-->…
RIB igiye kubyivangamo
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rugiye kuba umufatanyabikorwa wa FERWAFA mu gukurikirana no kugenza bimwe mu byaha bikorwa mu mupira w'amaguru mu Rwanda.
Igihe kibaye kirekire abakunzi b'umupira w'amaguru mu Rwanda batavuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Real Madrid yatsinze Juventus, Liverpool na Bayern Munich zitwara neza
Imikino y’Umunsi wa Gatatu wa UEFA Champions League yaranzwe n’iibitego byinshi, aho mu mikino icyenda yakinwe ku wa Gatatu, tariki ya 22 Ukwakira 2025, yarangiye habonetse ibitego 27.
Umukino wari utegerejwe cyane ni uwahuje Real!-->!-->!-->!-->!-->…
Maroc yatsinze Argentine yegukana igikombe cy’isi cy’abatarengeje imyaka 20
Ikipe y’Igihugu ya Maroc y’Abahungu batarengeje Imyaka 20 yegukanye Igikombe cy’Isi nyuma yo gutsinda Argentina ibitego 2-0 bya Yassir Zabiri.
Uyu mukino wa nyuma wabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 20 Ukwakira 2025,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sports igiye kubona umutoza mushya w’Umunyafurika
Perezida wa Rayon Sports Twagirayezu Thaddée, yatangaje ko mu cyumweru gitaha iyi kipe ayoboye izaba yabonye umutoza mushya w’Umunyafurika.
Twagirayezu yavuze ko barimo gutegura gahunda yo guhemba umutiza Afahmia Ltfi uheruka!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya Police FC yatandukanye na Muhadjiri
Police FC yatandukanye na Hakizimana Muhadjiri nyuma y’ubwumvikane bw’impande zombi.
Amakuru avuga ko kuba uyu mukinnyi atari akibona umwanya wo gukina biri mu mpamvu zatumye atandukana n’iyi kipe adasoje amasezerano ye.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Manishimwe Djabel yerekeje muri Police FC
Umukinnyi wo mu kibuga hagati, Imanishimwe Djabel, watandukanye na Al-Quwa Al-Jawiya yo muri Iraq, yatangajwe nk’umukinnyi mushya wa Police FC.
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 14 Ukwakira 2025, ni bwo Police FC yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Masudi Djuma yagizwe Umutoza mushya wa Etincelles FC
Umurundi Irambona Masudi Djuma Mohamed watoje amakipe arimo Rayon Sports mu Rwanda, yagizwe Umutoza Mukuru wa Etincelles FC yo mu Cyiciro cya Mbere ku masezerano y’umwaka umwe ushobora kongerwa.
Ni amakuru yatangajwe n’iyi Kipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sports yatandukanye n’abatoza bayo
Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ko yahagaritse umutoza Afahmia Lotfi n’umwungiriza we wa kabiri Azouz Lotfi ukwezi kumwe, kubera umusaruro muke.
Abo batoza bombi bitabiriye imyitozo yo kuri uyu wa Mbere tariki ya 13 Ukwakira 2025!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa FERWAFA yahawe inshingano muri FIFA
Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) Shema Fabrice, yashyizwe mu Kanama gashinzwe kurwanya irondaruhu n’ivangura muri FIFA.
Ni nyuma y’Inama y’Inteko Rusange ya 49 y’Impuzamashyirahamwe ry’Umupira!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyarwandakazi wakiniraga ikipe ya YANGA y’abagore yahagaritswe ku mpamvu zitangaje
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri Tanzaniya TFF ryatangaje ko rishidikanya ku gitsinagore cya Mukandayisenga Jeannine, Umunyarwandakazi wakiniraga ikipe ya Yanga Princess, bityo ko akwiye kuba ahagaze mu gihe hagikorwa iperereza!-->…
Umutoza wa Benin yasabye abakinnyi be gutsinda imikino yose uhereye ku Amavubi
Umutoza wa Bénin, Gernot Rohr, yasabye abakinnyi be gutanga byose no kutirara kuko bari ku mwanya wa mbere, bagatsinda imikino isigaye uhereye ku w’Amavubi kugira ngo bizere kujya mu Gikombe cy’Isi cya 2026.
Ku wa Gatanu, tariki ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Biravugwa ko ikipe ya Rayon Sport yamaze gutandukana n’umutoza Afhamia Lotfi
Ikipe ya Rayon Sport yaraye itakaje amanota abiri imbere y'ikipe ya GAsogi Utd, biravugwa ko yaba imaze gutandukana n'uwari umutoza wayo umwarabu Lofti wari waje avuye muri Mukura VS&L.
Amakuru ahari mu ikipe ya Rayon Sport,!-->!-->!-->!-->!-->…
“Rayon Sport nabonye si ikipe yatwara igikombe” KNC wa Gasogi Utd
Bwana Kakuza Nkuriza Charles uzwi nka KNC arasanga ikipe ya Rayon Sport itari ikipe yatwara igikombe agereranije n'uko yayibonye ikina n'ikipe ya Gasogi Utd.
Kuri iki cyumweru taliki ya 5 Ukwakira 2026, championnat y'u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Bafana Bafana yashyize hanze 23 bagomba guhangana n’Amavubi
Umutoza w’Ikipe y’Igihugu ya Afurika y’Epfo, Hugo Broos, yemeje urutonde ntakuka rw’abakinnyi 23 azifashisha ku mikino ibiri yo gushaka itike y’Igikombe cy’Isi cya 2026, Bafana Bafana izahuramo na Zimbabwe ndetse n’u Rwanda.
Iyi mikino!-->!-->!-->…