Browsing Category
Imikino
Ikipe ya Liverpool yaraye itsinze Real Madrid imaze iminsi ihagaze nabi
Ikipe ya Liverpool yo mu gihugu cy'Ubwongereza yaraye itsinze ikipe ya Real Madrid ya Mbappe imaze igihe mu bibazo byo gutsindwa, byatumye Liverpool ifata umwanya wa mbere.
Liverpool yatsinze Real Madrid ibitego 2-0, ifata umwanya!-->!-->!-->!-->!-->…
Mohamed Salah ashobora kuva muri Liverpool
Mohamed Salah umaze igihe kitari gito akinira ikipe ya Liverpool yaciye amarenga yo kuva muri iyo kipe.
Rutahizamu wa Liverpool Mohamed Salah avuga ko ababajwe no kuba iyo kipe itaramuha kontaro nshya ndetse avuga ko bishoboka cyane!-->!-->!-->!-->!-->…
Amavubi atsinze Nigeria agarukira mu marembo ya Afcon
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda "Amavubi" itsindiye Nigeria iwayo ibitego 2-1, ariko ntiyabasha kubona amahirwe yo gusubira mu gikombe cya Afurika
Ni umukino wahuje Amavubi y’u Rwanda na Super Eagles ya Nigeria, aho Amavubi yasabwaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abatoza b’umukino mushya wa TEQBALL batangiye amahigurwa kuri uwo mukino
Abatoza b'umukino mushya mu Rwanda uzwi nka Teqball baraye batangiye amahugurwa y'iminsi itatu aho bazahungurwa kuri byinshi bigize uyu mukino.
Guhera ku munsi w'ejo kuwa kane taliki ya 14 z'uku kwezi, mu Karere ka Nyanza hari!-->!-->!-->!-->!-->…
Man City yaraye ihawe isomo rya ruhago, Real Madrid ikubitirwa imbere y’abafana bayo
Real Madrid yatsinzwe na Milan AC ibitego 3-1 naho Manchester City itsindirwa kwa Sporting Lisbon ibitego 4-1 mu mikino y’Umunsi wa Kane wa UEFA Champions League yabaye ku wa Kabiri, tariki ya 5 Ugushyingo 2024.
Kuri Stade yitiriwe!-->!-->!-->!-->!-->…
VINICIOUS JR YAVUZE KU CYATUMYE ABURA BALON D’OR
Vinicious Junior yavuze ko hari igikorwa kimwe yakoze kikaba cyamubujije gutwara umupira wa zaghabu mu ijoro ryakeye
Mu ijoro ryakeye nibwo hatanzwe ibihembo by'abitwaye neza kurusha abandi ku isi mu byiciro byose, haba mu bagabo!-->!-->!-->!-->!-->…
PSG YANZE UBUSABE BWO KWISHYURA KYLIAN MBAPPE
PSG YAVUZE KO ITAZISHYURA IMYENDA BABEREYEMO MBAPPE N'UBWO URUKIKO RWABIBATEGETSE.
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu gihugu cy'Ubufaransa, ryategetse Paris Saint Germain kwishyura uwahoze ayikinira Kylian Mbappé, amafaranga!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku myaka 40 gusa y’amavuko Andrés Iniesta yasezeye ruhago yari yarihebeye
Umunyabigwi, umukunzi wa Ruhago, Umunya-Espagne Andrés Iniesta wabiciye bigacika, agakinira amakipe akomeye harimo FC Barcelone yo muri Espagne, yamaze gutangaza ko yashyize akadomo ku mukino yari yarihebeye, umukino yamazemo imyaka!-->!-->!-->…
BIMWE MU BIREGO MANCHESTER CITY YABURANAGA BYAHANAGUWE.
Manchester City yatsinze nyuma yo kwisobanura ishinjwa kugura no kugurisha abakinnyi mu buryo bunyuranyije n'itegeko.
Tariki 23 Nzeri 2424, nibwo iyi kipe imaze imyaka irindwi iyoboresheje inkoni y'icyuma shampiyona y'icyiciro cya!-->!-->!-->!-->!-->…
UCL: Real Madrid na Bayern Munich zahabwaga amahirwe ntizahiriwe n’urugendo
Amakipe abiri y'ibihangange ku mugabane wa Burayi yahabwaga amahirwe yaraye atungurwa akubitirwa ahareba inzega.
Ku mugoroba wo kuri uyu gatatu imikino ya UEFA CHAMPIONS LEAGUE yakomeje, imwe mu mikino yari itegerejwe n'abatari bake!-->!-->!-->!-->!-->…
Mutombo Dikembe Umukongomani wamamaye cyane muri Basketball yitabye Imana
Mutombo Dikembe, Umunyecongo akaba n’Umunyamerika wamamaye muri Baskbetall yapfuye ku myaka 58 azize canseri y’ubwonko, nk’uko byatangajwe n’umukuru wa NBA Adam Silver.
Mu kibuga yamamaye nk’umwe muri ba myugariro bakomeye mu mateka!-->!-->!-->!-->!-->…
Antoine Griezmann yasezeye gukinira ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa
Antoine Griezmann ukinira Atlético Madrid yo muri Espagne yatangaje ko yasezeye gukinira ikipe y’Igihugu y’u Bufaransa ”Les Bleus”ku myaka 33.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki 30 Nzeri 2024, ni bwo uyu mukinnyi yasezeye!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sports yaraye yikuye i Rubavu biyiha amahirwe yo kuzamuka ku rutonde
Rayon Sports yabonye amanota y’umunsi wa 5 wa shampiyona yakuye i Rubavu itsinze Rutsiro FC igitego kimwe ku busa.
Ni umukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Nzeri 2024 kuri Stade Umuganda, ni umukino Rayon Sports!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu yatumye Jean Fidele Uwayezu yegura ku buyobozi bwa Rayon Sport
Uwayezu Jean Fidele wari umaze imyaka hafi ine ku buyobozi bw'umuryango wa Rayon Sport na Rayon Sport FC yatangaje ko yeguye kuri uwo mwanya.
Uwayezu Jean Fidele wari Perezida w’Umuryango wa Rayon Sports yasezereye ku nshingano ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Kapiteni w’Amavubi yijeje Abanyarwanda intsinzi ku mukino uzabahuza na Nigeria
Kapiteni w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Bizimana Djihad yavuze ko bafite intego yo kwitwara neza ku mukino wa Nigeria uzaba uwa mbere bakiniye muri Sitade Amahoro iheruka kuvugururwa ikajya ku rwego rwo kwakira abafana ibihumbi 45 bicaye!-->!-->!-->…