Browsing Category
Imikino
APR FC na Rayon Sports: Ni Ryari zizahurira mu mukino wa Gicuti?
Ihangana rikomeye, ishyaka ridasanzwe, ubwitange n’amahane mu kibuga no hanze yacyo ni byo bigaragaza umwihariko w’umukino uhuza Rayon Sports na APR FC, uzwi nka “Derby y’Imisozi 1000.” Ni umukino ushobora guhindura amateka!-->!-->!-->…
U Rwanda na Bayern Muchen bemeranyije kuzamura impano z’abakiri bato
Binyuze mu Rwego rw’Igihugu rw’Iterambere (RDB), u Rwanda rwasinyanye amasezerano y’imyaka itatu n’Ikipe ya Bayern Munich yo mu Budage agamije gushaka no kuzamara impano z’abakiri bato binyuze mu kwagura Ishuri ry’Umupira w’Amaguru!-->!-->!-->…
Yves Habimana wakiniraga Rutsiro yinjiye muri Rayon Sport
Rutahizamu Habimana Yves wakiniraga Rutsiro FC yaguzwe na Rayon Sports imutanzeho miliyoni 8 Frw ku masezerano y’umwaka umwe yari asigaranye mu ikipe ye.
Rayon Sports FC irimbanyije ibikorwa byo kwitegura umwaka utaha w’imikino, aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Nta kipe yo mu Rwanda yaje ku rutonde rw’amakipe meza muri Afrika
Ku rutonde rw'amakipe 75 ya Ruhago meza ku mugabane wa Afrika, nta kipe n'imwe yo mu Rwanda yaje kuri urwo rutonde rwashyizwe hanze na CAF.
Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru ku mugabane wa Afrika CAF yashyize hanze urutonde!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana Abderrahim Taleb utoza APR FC aranenga amakipe y’u Rwanda gukina yugarira gusa.
Bwana Abderrahim utoza ikipe y'ingabo z'igihugu muri ruhago, aranenga cyane imikinire y'amakipe yo mu Rwanda kubera uburyo ayo makipe akina yugarira gusa, aho ngo usanga ikipe idaharanira gukina ahubwo ikugarira gusa.
Umunya Tuniziya!-->!-->!-->…
Emmanuel Okwi wari mu biganiro na Musanze FC yerekeje muri POLICE FC
Ikipe ya Police FC imaze gutangaza ko yamaze kwemeranywa na Emmanuel Okwi, rutahizamu w'Umugande wari umaze iminsi mu biganiro n'ikipe ya Musanze FC ngo azayikinire mu mwaka w'imikino wa 2025-2026.
Amakuru avuga ko uyu mugabo aguzwe!-->!-->!-->…
Madeleine wari warihebeye ikipe ya Mukura yasezeweho bwa nyuma
Mukanemeye Madeleine, wamenyekanye nka “Mama Mukura” kubera gukunda cyane ikipe ya Mukura Victory Sport et Loisir n’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, yasezeweho bwa nyuma n’abo mu muryango, inshuti n’abakunzi b’umupira w’amaguru n’umuryango!-->!-->!-->…
Seninga yeguye ashinja Umunyamabanga w’ikipe kumwicisha inzara
Umutoza w’ikipe ya Etincelles FC, Seninga Innocent, yasezeye ku mirimo ye nyuma y’iminsi mike ayigarutsemo ndetse ashinja ubuyobozi kutamufata neza no kutamwubaha ibintu we afata nk’agasuzuguro yagiriwe n’Umunyamabanga Mukuru w’ikipe.
!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye amakipe 12 azitabira CECAFA Kagame Cup
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika y’Iburasirazuba no Hagati (CECAFA), yatangaje amakipe 12 azitabira irushanwa rihuza amakipe yo mu Karere ka Afurika yo hagati n’iy’Iburasirazuba, CECAFA Kagame Cup.
Auka!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe y’abagore ya Nigeria yisubije igikombe cya Afro Basketball
Ikipe y'igihugu y'abagore ya Nigeria yaraye yisubije igikombe cya Afro Basketball ku nshuro ya gatanu yikurikiranya nyuma yo gutsinda ikipe ya Mali ku mukino wa nyuma.
Uyu mukino wa nyuma wabereye muri Palais des Sports!-->!-->!-->!-->!-->…
Killian Mbappé yahawe umwambaro mushya muri Real Madrid.
Ikipe ya Real Madrid yahaye umwambaro mushya wari usanzwe wambarwa na Luka Modrich mbere y'uko uyu mugabo ava muri iyi kipe, uwo mwambaro ni nimero 10, ikintu cyamwongereye icyizere muri iyo kipe y'ibigwi ku rwego mpuzamahanga.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma ya Muhire Kevin, undi mukinnyi yareze ikipe ya Rayon Sport
Myugariro wa Rayon Sport Bwana Omar Gning yamaze kugeza ikirego cye ku ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA aho uyu mukinnyi arega ikipe yahoze akinira ariyo Rayon Sport ko yanze kumurekura ngo ajye kwishakira indi kipe!-->!-->!-->…
Lamine Yamal becomes Barcelona’s new number 10
Lamine Yamal has officially been handed Barcelona’s iconic No. 10 jersey, stepping into the footsteps of club legends like Lionel Messi, Ronaldinho, and Maradona
The 18-year-old prodigy received the shirt during a private ceremony!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC igiye gusinyisha rutahizamu ukomoka muri Cote d’Ivoire
Ikipe ya APR FC yamaze kumvikana na rutahizamu mushya ukomoka muri Cote d’Ivoire witwa William Togui aho byitezwe ko ayisinyira amasezerano y’imyaka ibiri.
Uyu mukinnyi yavutse tariki ya 7 Kanama mu 1996, avukira mu gace kitwa Lakota!-->!-->!-->…
Shampiyona y’abatarengeje 20 yashojwe
Ikipe y’Ingimbi ya Marines FC y’abatarengeje imyaka 20 n’iy’abangavu Police WFC batarengeje iyo myaka, zegukanye igikombe cya shampiyona y’abato batarengeje imyaka 20.
Muri Mutarama uyu mwaka, ni bwo Ishyirahamwe ry’Umupira!-->!-->!-->!-->!-->…