Browsing Category
Imikino
Ikipe ya Rayon Sport yavuye ku izima
Ikipe ya Rayon sport yashize iva ku izima yemera kuzakina na Mukura VSL umukino utari wararangiye
Nyuma y'aho akanama nkemurampaka ka FERWAFA gatesheje agaciro ubujurire bw'ikipe ya Rayon sport yavugaga ko igomba gutera mpaga ikipe ya!-->!-->!-->…
APR FC itsikiriye i Nyamirambo bituma Rayon iguma ku ntebe y’icyubahiro
Ikipe ya APR FC itakarije i Nyamirambo amanota yari yizewe bituma ikipe ya Rayon sport ikomeza kuyobora ubwami bwa Championnat ya ruhago.
Kuri iki cyumweru taliki ya 20 championnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda yakomeje ku munsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Kiyovu Sport yatangiye guhemekesha ibihaha byombi, Rayon isubira ku ntebe y’icyubahiro
Ikipe ya Kiyovu Sports yavuye mu makipe abiri ya nyuma ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona, nyuma yo gutsindira Mukura VS i Huye 1-0 mu mukino w’umunsi wa 24.
Ni intsinzi yabaye ingenzi cyane kuri Kiyovu Sports yari imaze igihe!-->!-->!-->!-->!-->…
ANCELOTTI YICAJWE KU ISHYIGA RISHYUSHYE.
Nyuma yo gutsindwa na Arsenal amajya n'amaza muri Champions League, Ancelotti yicazwe ku ishyiga rishyushye.
Mu gihe yatsindwa na FC Barcelona ku mukino wa nyuma wa Copa Del Rey uzaba tariki 26 Mata, Carlo Ancelotti yahita yerekwa!-->!-->!-->!-->!-->…
ITSINDA LINKIN PARK NIRYO RITEGEREJWE KU MUKINO WA NYUMA WA UEFA CHAMPIONS LEAGUE.
Itsinda rya Linkin Park niryo rizasusurutsa abazakurikira umukino wa nyuma wa UEFA Champions League
Uyu munsi nibwo impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru ku mugabane w'Iburayi UEFA yatangaje ko itsinda Linkin Park, ariryo!-->!-->!-->!-->!-->…
FC Barcelona na PSG zaraye zitsinzwe ariko zijya muri 1/2 cya Champions League
FC Barcelone yatsinzwe na Borussia Dortmund ibitego 3-1 ikomeza muri ½ cya UEFA Champions League ku giteranyo cy’ibitego 5-3, ijyana na Paris Saint-Germain yatsinzwe na Aston Villa ibitego 3-2, gusa igakomeza ku giteranyo cy’ibitego!-->!-->!-->…
Umuriro wabuze muri Stade bituma umukino wahuzaga Rayon Sport na Mukura VS udakomeza
Kuri uyu wa Kabiri,Umukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro 2024-2025 wasubitswe wahuzaga Mukura VS na Rayon Sports kuri Stade Mpuzamahanga ya Huye wasubitswe nyuma y’iminota 27 kubera amatara yazimye.
Ni icyemezo cyafashwe!-->!-->!-->!-->!-->…
TRANSIFERI I BURAYI: VAN DJIK, MODRIC NA BENNACER KU MPAPURO Z’IMBERE.
Van Djik arongererwa amasezerano, Modric ari hafi kugura ikipe mu bwongereza, Bennacer arashaka gukomereza umwuga we muri Marseille.
Nyuma y'uko Mohammed Salah yongerewe amasezerano mu ikipe ya Liverpool, Virgil Van Djik, kapiteni!-->!-->!-->!-->!-->…
“Rayon Sport ni umuryango, ntabwo igurishwa”: Igisubizo Perezida wa Rayon yahaye Sadate
Nyuma y'aho Bwana Sadate avugiye ko yashyize ku meza miliyari eshanu zo kugura ikipe ya Rayon Sport maze akaba ariwe uyiyoborera, Perezida w'iyo kipe ikundwa na benshi mu Rwanda yamusubije ko Rayon Sport itari ku isoko.
Perezida wa!-->!-->!-->!-->!-->…
MILIYARI 5 NUMUSHINGA URAMBYE KURI RAYON, INZOZI SADATE AROTA GUKABYA.
Munyakazi Sadate yatangaje umushinga afite wo gushora miliyari 5 muri Rayon Sport
Ni mucyo yise "Offre ya Zahabu" akaba ari umushinga yifuza gushoramo akayabo ka miliyari 5 z'amanyarwanda mu ikipe yabereye umuyobozi, agasimbuzwa!-->!-->!-->!-->!-->…
LEWIS HAMILTON YANYOMOJE ABAVUGAGA KO ATGIFITIYE ICYIZERE FERRARI
Amakuru y'ukpo Lewis Hamilton yaba ashaka gutandukana n'ikipe ye bakinana muri Ferrari, yanyomojwe.
Hari hashize igihe bivugwa ko Lewis Hamilton atishimiye abo akinana nabo muri Ferrari nyuma yo kutitwara neza mu masiganwa abiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Mukura VS ikoreye ibya mfurambi Rayon Sport yahabwaga amahirwe
Ikipe ya Mukura Victory Sport et Loisir yongeye itsinda Rayon Sport nk'uko yabikoze mu mikino ibanza
Ikipe ya Mukura VS yakinnye neza yatsindiye Rayon Sports itakinnye neza kuri Stade Amahoro igitego 1-0 mu mukino w’umunsi wa 22 wa!-->!-->!-->…
Rayon Sports y’Abagore yegukanye shampiyona 2024-2025
Ikipe ya Rayon Sports y’Abagore yegukanye igikombe cya shampiyona 2024-2025 nyuma yo gutsinda Inyemera WFC 2-1 mu mukino w’umunsi wa 20 wabaye kuri uyu wa Gatandatu.
Rayon Sports WFC yagiye gukina uyu mukino w’umunsi wa 18 utarabereye!-->!-->!-->…
FERWAFA yavuze ko igiye kwinjira mu kibazo cy’Umutoza Meggy
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda ryavuze ko ikibazo cy’amajwi yacicikanye kuva ku wa Mbere w’iki Cyumweru,umutoza wungirije wa Muhazi United Mugiraneza Jean Baptiste,asaba myugariro wa Musanze FC Bakaki Shafik kuba!-->…
Umunyamakuru Sadi Habimana mu batoza batangiye gukorera licence C ya CAF
Umwe mu banyamakuru b’imikino basanzwe bazwi mu Rwanda, Sadi Habimana, ari mu batoza 30 batangiye gukora amahugurwa yo gushaka licence C-CAF itangwa n’Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru ku Mugabane wa Afurika CAF.
Ni amahugurwa!-->!-->!-->…