Browsing Category
Imikino
Maurice MUNYENTWARI umufana wa Rayon akaba n’umunyamategeko arasanga iyirukanwa rya Sarpong…
MUNYENTWARI Maurice umunyamategeko akaba n'umukunzi wa Rayon sport, arasanga iyurukanwa rya Sarpong ryarakoranywe amarangamutima kuruta kwisunga amategeko.
Nyuma y'aho ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon Sport bufashe umwanzuro wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ese ni iki amategeko ateganya ku kwirukanwa kwa Sarpong muri Rayon Sports?
Uyu mukinnyi wakinaga asatira izamu mu ikipe ya Rayon Sports Michael Sarpong yamaze guhabwa ibaruwa isesa amasezerano yari afitanye na Rayon Sports ndetse inamubwirako yirukanwe atakiri umukozi w'iyo kipe ikunzw cyane mu Rwanda, ibi!-->!-->!-->…
umukinnyi wa Inter Milan yahenze FC Barcelona byatumye itanga abakinnyi 2 n’amafaranga menshi kugira…
Ikipe ya FC Barcelona ikomeje gukora ibishoboka byose kugira ngo ibone umusimbura wa Luis Suarez ikomeze kwiyubaka aho yiyemeje gutanga abakinnyi bayo babiri barimo Nelson Semedo na Carles Alena yarangiza ikagerekaho amafaranga kugira ngo!-->…
Byemejwe bidasubirwaho Rayon yamaze kwirukana Sarpong.
Rutahizamu w’umunya-Ghana Michael Sarpong wakiniraga Rayon Sports amaze kwirukanwa, ashinjwa ibyaha birimo gutuka Perezida wa Rayon Sports.
Ahise asezererwa burundu na Rayon Sport
Mu masaha 24h ashize ni bwo twanditse inkuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Meddy KAGERE ashobora kwerekeza mu ikipe ya Levente muri Espagne
Rutahizamu w'Amavubi arashakishwa n'ikipe ya Levente yo mu kiciro cya mbere mu gihugu cya Espagne
Umukinnyi w'ikipe y'Amavubi Bwana KEGERE MEDDY biravugwa ko yifuzwa cyane n'ikipe ya Levente yo mu kiciro cya mbere mu gihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Injangwe yari tumye Francesco Totti atandukana n’umugore we.
Umunyabigwi Francesco Totti wakiniye AS Roma ubuzima bwe bwose yatangaje ko yigeze gushwana n’umugore we Ilary Blasi bapfuye injangwe itagira ubwoya yaguze akayizana mu rugo kandi uyu mukinnyi atazikunda.
Uyu mugabo wabaye icyamamare mu!-->!-->!-->…
Sarpong arasanga Prezida wa Rayon sport atagira ubwenge, ko adafite ubushobozi bwo kuyobora ikipe…
Rutahizamu wa Rayon Sport Sarpong arasanga Bwana SADATE adafite ubwenge n'ubushobozi bwo kuyobora ikipe nka Rayon Sport (photo: Igihe.com)
Nyuma yaho umuyobozi w'ikipe ya Rayon Sport asohoreye urwandiko kuri uyu wa mbere ruvuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho ikipe ya Rayon Sports yahagaritse imishahara y’abakinnyi guhera muri Werurwe 2020.
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwafashe icyemezo cyo guhagarika amasezerano y’abakinnyi, abatoza n’abandi bakozi bayo kuva muri Werurwe 2020 kubera ibihe bya Covid-19.
Rayon Sports imaze amezi atatu idahemba, aho abakinnyi baheruka!-->!-->!-->…
Rooney yirengagije ubushuti afitanye na C. Ronaldo avuga ko MESSI ariwe uhiga abandi muri ruhago ku…
Wayne Rooney yashyize hirya amarangamutima n'ubushuti afitanye na CR7 avuga ko Messi ariwe mwiza mu kibuga kuruta Cristiano Ronaldo
Nyuma yaho DAVID BECHAM umukinnyi w'Umwongereza wabiciye bikemera bigacika atangarije ko kubwe ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Arsenal Lacazette na Aubameyang bavuze umukinnyi bakinana ufite ubuhanga kubarusha.
Ba rutahizamu babiri ba Arsenal, Pierre-Emerick Aubameyang na Alexandre Lacazette batangaje ko mu bakinnyi bose bose bakinana muri iyi kipe yo mu Bwongereza,ufite ubuhanga bwinshi ku mupira ari umunya Cote d’Ivoire,Nicolas Pepe.
Aba!-->!-->!-->…
UEFA yatangaje indi itariki yifuzaho ko Final ya Champions League yazaberaho.
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru i Burayi (UEFA) irimo kwiga kuri gahunda yazatuma umukino wa nyuma wa Champions League uba ku ya 29 z’ukwa munani.
UEFA izakora inama ku itariki ya 23 z’uku kwezi kwa kane mu kongera kungurana!-->!-->!-->…
“Mu mezi 4 maze muri Rayon Sport nahembwe igice cy’ukwezi gusa” Ally NIYONZIMA
Ally NIYONZIMA myugariro w'ikipe ya Rayon Sport n'ikipe y'igihugu yanyomoje amakuru yavugaga ko amaze kuva mu ikipe ya Rayon Sport
Hari hashize iminsi havugwa ko bamwe mu bakinnyi ba rayon Sport bivumbuye bakava mu ikipe kubera!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yakuriye inzira ku murima amwe mu makipe yari iyizeyeho ubufasha.
Umunyamabanga wa FERWAFA yakuriye inzira ku murima amakipe amwe namwe yo mu Rwanda ayabwira ko yakura amaso ku nkunga FIFA igiye kugenera FERWAFA.
U Rwanda kimwe n'ibindi bihugu ku isi byagiye bifata ingamba zikomeye zo guhangana!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: FERWAFA yavuze ko nta mafaranga yahawe yo gufasha amakipe, bategereze icyo FIFA izagena.
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda(FERWAFA), riravuga ko nta mafaranga ryigeze rihabwa na FIFA yo gufasha amakipe kubera icyorezo cya Covid-19.
Muri iyi minsi isi yugarijwe nicyi cyorezo cya Covid-19, aho ndetse inzego nyinshi!-->!-->!-->…
#Coronavirus imaze gushegesha ubukungu bw’Ikipe ya Rayon Sports
Ikipe ya RAYON SPORT igiye kumara amaze atatu idahemba abakinnyi n'abakozi bayo kubera gushegeshwa n'icyorezo cya coronavirus
Ikipe ya Rayon Sports niyo kipe ifite abafana n'abakunzi benshi mu Rwanda ku buryo budashidikanywaho, ni!-->!-->!-->!-->!-->…