Browsing Category
Imikino
Menya ibikombe 10 bihenze mu isi ya Ruhago n’agaciro kabyo.
Mu Rwanda rwo hambere aha, mu rwego rwo gushimira abahize abandi ubutwari, hifashishwaga ubwoko 3 bw’impeta aribwo Umudende (impeta y’ubutwari yambikwaga uwishe ababisha 7 ku rugamba), Impotore (impeta y’ubutwari yo yahabwaga!-->!-->!-->…
Maj.General MUBARAKA Muganga yagizwe umuyobozi wa APR FC
Major General MUGANGA MUBARAKA wari usanzwe ari umuyobozi wungirije w'ikipe ya APR FC yagizwe prezida wayo.
Nyuma y'inama yateranye kuri uyu wa mbere igahuza ubuyobozi bw'iyi kipe ya gisirikare, umwe mu myanzuro myinshi yahafatiwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Patrick SIBOMANA ku rutonde rw’abakinnyi batifuzwa muri Yanga
Patrick SIBOMANA yaje ku rutonde rw'abakinnyi Yanga itifuza gukomezanya nabo
Kuri uyu wa Mbere ikipe ya Young Africans izwi nka Yanga mu gihugu cya Tanzaniya, yatangaje abakinnyi igomba kuzakoresha mu mwaka utaha w’imikino, muri!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon sport yiteguye kujuririra icyemezo FERWAFA iherutse gufata kiyibuza gusohokera u Rda
Nyuma y'aho FERWAFA itangaje ko ikipe ya AS Kigali ariyo igomba guhagararira u Rwanda mu mikino nyafrika, Rayon Sport irasanga babogamye, ikaba igiye kujuririra icyo cyemezo.
Ubuyobozi bwa Rayon Sports bwemeza ko FERWAFA yabogamye!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yemeje ko AS KIGALI izasohokera u Rwanda, Rayon sport igasigara ku rugo
Ferwafa imazekwanzura ko ikipe ya AS Kgli ariyo izahagararira u Rwanda mu mikino ya CAF confederations Cup bisobanuye ko Rayon izasigara ku rugo umwaka utaha.
Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatanu taliki ya 31 Nyakanga 2020 nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Eric NSHIMIYIMANA yongerewe amasezerano Mateso wari umwungirije arirukanwa.
Kuri uyu wa Gatanu ku biro by’ikipe ya AS Kigali, habereye umuhango wo kongera umutoza Eric Nshimiyimana amasezerano y’umwaka umwe nk’umutoza mukuru w’iyi kipe.
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane nibwo ubuyobozi bw'ikipe ya AS Kigali!-->!-->!-->!-->!-->…
RUKUNDO Denis yateye umugongo Rayon Sport yongera amasezerano muri POLICE FC
Bwana Denis RUKUNDO wavugwaga ko ashobora kwerekeza mu ikipe ya Rayon Sport, yongereye amasezerano mu ikipe ya Police FC
Kuri uyu wa 29 Nyakanga 2020 nibwo uyu myugariro yaje kongera amasezerano mu ikipe ya Police Fc yo muri Uganda!-->!-->!-->!-->!-->…
SUGIRA Ernest yahawe amasezerano y’umwaka muri Rayon Sport
SUGIRA Ernest wakinaga nk'intizano mu ikipe ya Rayon Sport yahawe amasezerano y'umwaka muri iyo kipe ikunzwe na rubanda
Sugira Ernest yinjiye muri Rayon muri Kamena 2020 nyuma y'ibibao yari amaze kugirana n'umutoza w'ikipe ya APR FC!-->!-->!-->!-->!-->…
Luc Eymael watozaga ikipe ya “Yanga” yirukanwe nyuma yo kugereranya abafana…
Ubuyobozi bw'ikipe ya Yanga Africans yirukanye umubiligi wari umutoza wayo nyuma yo kugereranya abafana b'iyo kipe n'imbwa n'inkende.
Kuri uyu wa mbere taliki ya 27 Nyakanga 2020, ubuyobozi bw'ikipe ikunzwe na benshi mu gihugu cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ballon d’Or isubijwe mu kabati ka FIFA ntabwo izatangwa uyu mwaka 2020
Ikinyamakuru France Football cyatangaje ko uyu mwaka wa 2020 kitazatanga igihembo cya Ballon d’or cyari kimaze imyaka myinshi gitangwa ariko uyu mwaka cyakomwe mu nkokora na Covid-19.
Bwa mbere kuva mu mwaka w’i 1956 iki gihembo cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Waruzi impamvu Bizimana Yannick yateye umugongo Rayon Sports akerekeza muri mukeba APR FC?
Rutahizamu mushya wa APR FC wavuye muri Rayon Sports, Bizimana Yannick, yavuze ko yishimiye kwerekeza muri iyi kipe y’ingabo z’igihugu kubera ko iharanira gutwara ibikombe buri mwaka ndetse kandi ikaba yita cyane ikanaha agaciro ubuzima!-->…
Lionel MESSI yongeye atwara urukweto rwa Zahabu ku nshuro ya karindwi
Lionel Messi yaraye atsindiye urukweto rwa zahabu rwa karindwi - ku nshuro ya kane yikurikiranya - muri shampiyona ya Espagne ubwo yatsindaga ibitego bibiri muri 5 - 0 Barcelona yatsinze Alaves ku munsi ya nyuma wa shampiyona.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwari umutoza wungirije muri APR FC yamazu gutandukana nayo asubira iwabo
Kuri uyu wa Gatandatu Tariki 18 Nyakanga 2020 nibwo uwari umutoza wungirije wa APR FC witwa Nabyl Bekraoui wari unashinzwe kongerara abakinnyi Imbaraga, yasubiye iwabo mu gihugu cya Maroc, nyuma yo gusoza amasezerano ye y’umwaka umwe bari!-->…
PSG ya Neymar na Waasland Beveren ya Djihad Bizimana mu mukino waranzwe n’udushya twinshi
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu mu mugi wa Paris kukibuga Parc des Princes haberaga umukino wa gishuti wahuje Paris Saint-Germain na Wasland Beveren ikinamo umunyarwanda Bizimana Djihad.
Uyu mukino waje kurangira PSG itsinze!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sports igiye gusinyana amasezerano y’ubufatanye n’uruganda rw’iburayi rukora…
Abinyujije ku rukuta rwe rwa twiter Prezida wa Rayon Sport yavuze ko ikipe ya Rayon Sport igiye gusinyana amasezerano n'uruganda rw'iburayi rukora imyenda
Ikipe ya Rayon Sport ikomeje kwiyubaka ku mpande zosem kuri ubu haravugwa ko!-->!-->!-->!-->!-->…