Browsing Category
Politike
Miliyari zirenga 5Rwf nizo USA yashyize ku isoko mu kugura ubuzima bwa SEKA MUSA
Amerika yatangaje igihembo cya miliyoni 5 z'amadolari (arenga miliyari 5Frw) ku muntu wese watanga amakuru yatuma hafatwa Seka Musa Baluku, umukuru w'umutwe w'inyeshyamba wa ADF wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ufitanye!-->!-->!-->…
Dr Gerardine wari ministre w’ubuhinzi n’ubworozi yasimbuwe n’uwari umunyamabanga…
Dr Mukeshimana Gérardine wari umaze imyaka icyenda ari Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi, yasimbuwe na Dr Ildephonse Musafiri wari Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi.
Aya mavugurura yakozwe na Perezida Paul!-->!-->!-->!-->!-->…
‘Rwari urwenya!’ Perezida Kagame avuga kuri Tshisekedi wirahiye kumukura ku butegetsi
“Perezida wa Congo bishobora kuba byaramucitse; muribuka ubwo yavugaga ko agiye guhindura Ubuyobozi mu Rwanda? Ntabwo nabifashe nk’ibikomeye, natekereje ko rwari urwenya! Ashobora kuba yarateraga urwenya kandi yemerewe gutebya muri!-->!-->!-->…
DRC: FARDC yisubije agace ka Rubaya kari kamaze iminsi mu maboko ya M23
Igisirikare cya DRC cyatangaje ko agace ka Rubaya gakungahaye mu mabuye y'agaciro kari kamaze iminsi mu maboko ya M23 ubu kari kugenzurwa n'ingabo za Leta nyuma yo gukubita inshuro umwanzi.
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga no mu!-->!-->!-->!-->!-->…
“Kanyanga” Imwe mu mpamvu Akarere ka Burera kaje ku mwanya wa nyuma
Perezida yavuze ko impamvu Akrere ka Burera gashobora kuba ariko gaherekeje utundu turere mu kwesa imihigo ari ukomuri ako Karere hacururizwamo kanyanga nyinshi.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 28 Gashyantare 2023 ubwo hasozwaga inama!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rurashinja Amerika kunyuranya na gahunda igamije amahoro muri DRC
Leta y’u Rwanda iranenga Amerika n’umuryango mpuzamahanga kubangamira inzira zigamije kugarura umutekano mu karere k’ibiyaga bigali no kutamagana leta ya Kongo rushinja gukorana n’umutwe wa FDLR.
Ibyo bibaye nyuma y’uko mu cyumweru!-->!-->!-->!-->!-->…
Imitwe 6 irwanya u Rwanda yavuze ko igiye guhuza imbaraga ngo itere u Rwanda
Imitwe igera kuri itandatu itavuga rumwe na Leta y'u Rwanda yavuze ko igiye kwishyira hamwe ngo itere u Rwanda maze icyure impunzi ku ngufu.
Imitwe yitwaje intwaro irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda igera kuri itandatu ,yatangaje ko!-->!-->!-->!-->!-->…
“Umutekano w’inkike z’igihugu cyacu uradadiye ntawe uzatumeneramo” Abaturage b’i…
Abaturage bo mu karere ka Rubavu bavuze ko umutekano w’inkike z’igihugu ucunzwe neza kuburyo ntawe ushobora kubatera ubwoba, bakomeza bemeza neza ko usibye n’abashinzwe umutekano n’abaturage ubwabo biteguye guhangana n’uwariwe wese!-->!-->!-->…
Nyagatare kahize utundi turere mu kwesa imihigo, Burera iherekeza utundi
Kuri uyu wa Kabiri tariki 28 Gashyantare 2023, nibwo hashimiwe uturere twahize utundi mu kwesa imihigo y’umwaka wa 2021/2022, aho Akarere ka Nyagatare kaje ku isonga.
Ni umuhango wabereye muri Kigali Convention Centre, ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ntidushishikajwe no gufata uduce, Intego ni ukurokora ubuzima bw’abantu” umutwe…
Umutwe w'inyeshyamba wa M23 uvuga ko udashyize imbere ibyo gufata uduce ahubwo ugamije kurokora abantu, nyuma yuko ku cyumweru wigaruriye agace ka Rubaya ko muri teritwari ya Masisi muri Kivu ya Ruguru.
Agace ka Rubaya, gakize ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yibukije abayobozi guhora bashyira imbere inyungu z’abo bayobora
Perezida Paul Kagame aributsa abayobozi mu nzego zose guhora bashyira imbere inyungu z'abo bayobora, kurusha izabo bwite.
Umukuru w'igihugu yabigarutseho ubwo yakiraga indahiro z'abayobozi bakuru muri polisi y'igihugu.
Abagejeje!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ibidasanzwe ku rugendo rw’ubwihanduzacumu Perezida Joe Biden yakoreye muri Ukraine
Muburyo budasanzwe ndetse bamwe bafashe nk'ubwihanduzacumu, Perezida wa Leta Zunze ubumwe za Amerika Joe Biden yakoze uruzinduko rudasanzwe mu gihugu cya Ukraine.
Rwari uruzinduko rw'ubwihanduzacumu rujya gusa nkaho nta rundi!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yahakanye raporo ya Amnesty iyishinja ubwicanyi mu duce yafashe
Umutwe wa M23 urwanya Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wamaganye raporo y’Umuryango Amnesty International iyishinja kwica abasivile no gufata abagore ku ngufu.
Mu mpera z’iki cyumweru nibwo Amnesty International!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ntitwigeze turasa ku basirikare b’u Rwanda, twarashe ku mabandi” FARDC
Guverineri w’Intara ya Kivu y’Epfo witwa Ngwabidje Kasi, yasohoye itangazo rivuguruza ibyatangajwe n’igisirikare cy’u Rwanda, ko kuri uyu wa Gatatu abasirikare ba Congo barashe ku barinze umupaka bo mu Rwanda.
Nyuma y'aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukraine igiye guhugura abadiplomate b’ibihugu bya Africa
Ukraine yatangije amahugurwa y’abadiplomate bo mu bihugu bya Africa, nk’umuhate wo gukomeza umubano wayo n’uyu mugabane, nk’uko bivugwa na minisitiri w’ububanyi n’amahanga wayo Dmytro Kuleba.
Ku rubuga rwayo, tariki 14 Gashyantare!-->!-->!-->!-->!-->…