Browsing Category
Ubuzima
Afurika y’Epfo yataye muri yombi umubyeyi wa “Miss Universe Nigeria 2024”
Leta ya Afurika y’Epfo yatangaje ko yataye muri yombi Anabela Rungo, akaba nyina wa Miss Universe Nigeria 2024, Chidimma Adetshina.
Ikinyamakuru "Igihe" dukesha iyi nkuru kivuga ko Adetshina ari we wirukanywe mu irushanwa rya Nyampinga!-->!-->!-->…
DRC: Imibiri 14 y’abasirikare ba Afrika y’Epfo baguye i Goma bagejejwe iwabo
Imibiri y’abasirikare 14 ba Afurika y’Epfo baherutse gupfira mu ntambara Umutwe wa M23, uhanganyemo n’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo DRC n’abafatanyabikorwa bayo, yagejejwe iwabo nyuma y’ibyumweru bitatu biciwe i!-->!-->!-->…
Guverinoma yafashe mu mugongo ababuriye ababo mu mpanuka yahitanye abantu 20
Guverinoma y'u Rwanda yihanganishije ababuriye ababo mu mpanuka y'imodoka yahitanye abantu 20 abandi bagakomereka.
Iyi mpanuka yabaye kuri uyu wa Kabiri, ni iya bisi yari itwaye abagenzi 52 mu muhanda Kigali-Rubavu, aho yageze!-->!-->!-->!-->!-->…
Aziz wari umufana ukomeye wa Kiyovu Sports yitabye Imana
Abdul Aziz wari uzwi nka Nzinzi, akaba umufana ukmeye w'ikipe ya Kiyovu Sport yitabye Imana Imana azize uburwayi aho yari arwariye mu bitaro bya Kaminuza y'u Rwanda by'i Kigali (CHUK)
Iyi nkuru y’urupfu rw'uyu musore rwamenyekanye mu!-->!-->!-->…
Umutwe wa M23 watangaje ko wumvise ugataka kw’abaturage b’i Bukavu
Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryumvise ugutakamba kw’abaturage b’i Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho Ingabo za Leta FARDC n’abambari bazo barimo Wazalendo ma FDLR bakomeje ubwicanyi n’ubwambuzi.
Ibyo bitangajwe nyuma y’uko!-->!-->!-->…
United Scholars center yongeye kudabagiza abashaka kuminuriza mu bihugu byo hanze
Ikigo United Scholars center kimaze kwandika izina rikomeye mu gushakira amashuri abifuza kujya kuminuriza hanze, cyongeye kizana amahirwe adasanzwe ku Banyarwanda babyifuza.
Ikigo United Scholars Center kimaze kwigarurira urukundo!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Umwaka ushize Kanseri yishe abarenga ibihumbi 300
Ikigo cy'Igihugu Gishinzwe Ubuzima, RBC cyatangaje ko umwaka ushize wa 2024 abantu bagera ku 3000 bahitanywe na kanseri z’ubwoko bunyuranye.
Bamwe mu bayirwaye bakayikira barishimira ko mu Rwanda ubuvuzi bwa cancer bugenda butera!-->!-->!-->…
Abari abakozi ba USAID hafi ya bose bashyizwe mu kiruhuko
Ikigo gifasha cya leta ya Amerika cyatangaje ko abakozi bacyo muri Amerika n'ahandi kw'isi bashyizwe mu kiruhuko guhera ku wa gatanu saa sita z'ijoro, mu gihe bagiye kandi gucyura abakozi bayo bo mu mahanga.
Mu itangazo USAID!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Uruhinja rwatowe mu rutoki rwapfuye
Mu Karere ka Muhanga, Umurenge wa Nyamabuye, hagaragaye uruhinja rwari rwatawe mu rutoki rupfunyitse mu bitambaro rwapfuye, uwarutaye akaba ataramenyekana.
Byabereye mu Kagari ka Gifumba, mu Mudugudu wa Rugarama, aho abarubonye bavuga!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi umugore ukurikiranyweho kwiba abana
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko rwataye muri yombi umugore witwa Mukamana Florence, akurikiranyweho gushimuta abana b’abandi, abibye ku bitaro akabita abe.
Ni icyemezo RIB yafashe nyuma y’uko yakiriye ikirego!-->!-->!-->…
Aga Khan umuherwe uzwi cyane mu karere nka nyiri ibitaro bikomeye biri i Nairobi yapfuye
Aga Khan, umuherwe utunze za miliyari z'amadorari akaba n'umuyobozi mu by'ukwemera yapfuye ku myaka 88, nk'uko byatangajwe n'ikigo cye Aga Khan Development Network.
Igikomangoma Aga Khan ni Imam wa 49 w'Abasilamu b'aba-Ismaili,!-->!-->!-->!-->!-->…
Minisitiri Utumatwishima yashimye akazi ko gusubiza abavuga nabi u Rwanda urubyiruko ruri gukora.
Minisitiri w’Urubyiruko no guteza imbere ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah yashimye urubyiruko afite mu nshingano akazi rurimo gukora ko gusubiza abavuga nabi u Rwanda bagamije kuruharabika no kuruvuga uko rutari hifashishijwe!-->…
Umusore w’imyaka 27 y’amavuko yayatanywe inkoko yibye banamusangana udupfunyika 15…
Sibomana Jean Bosco w’imyaka 27, afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya Shangi mu Karere ka Nyamasheke nyuma yo gufatanwa inkoko yibye arimo azigurisha mu isoko rya Bushenge, yabajijwe ibyangombwa banamusaka bareba niba nta kindi yaba yibye!-->…
Tanzaniya: “Sinagiriwe umugisha wo kubona urubyaro, ni igeno ry’Imana”Wema SEPETU
Icyamamare mu gukina filimi muri Tanzania, Wema Sepetu, yahishuye ibihe bigoye yanyuzemo ashaka urubyaro, ariko mu myaka myinshi ishize agerageza bikaba byaranze nk’uko abivuga agira ati “ntiwahinyuza Imana”.
Wema Sepetu, uvuga ko ubu!-->!-->!-->…
Nyagatare: Umugore wari umucamanza yatawe muri yombi we n’umugabo we
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha , rwatangaje ko rwataye muri yombi umucamanza w’umugore ukorera Urukiko rw’Ibanze rwa Gatunda, ukurikiranyweho kwaka no kwakira ruswa, aho yizezaga umuturage kuzatsinda urubanza yari afite muri urwo!-->…