Browsing Category
Ubuzima
Umusore w’imyaka 27 yafatiwe mu cyuho ari gusambanya umusazi
Mu gihugu cya Nigeria mu gace ka Ugwuachara muri Leta ya Ebonyi haravugwa amakuru y'umusore uri mu kigero cy'imyaka 27 yafatiwe mu cyuho ari gusambanya umugore ufite uburwayi bwo mu mutwe (Uwo bakunze kwita umusazi).
Aya mahano!-->!-->!-->!-->!-->…
Abiga imyuga mu yisumbuye babangamiwe na ruswa y’igitsina bakwa kugira bahabwe stage
Bamwe mu bakobwa bize amashuri y’imyuga n’ubumenyi ngiro (TSS) bavuga ko babangamiwe na ruswa y’igitsina basabwa n’abakoresha ndetse n’abakozi, iyo bagiye gusaba imenyerezamwuga (stage) mu bigo bitandukanye.
Abaganiriye n’Imvaho!-->!-->!-->!-->!-->…
Kuva tariki 14-18 Gicurasi 1994 Abatutsi biciwe i Musambira, i Kabgayi no mu Byimana
Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hashoboye kumenyekana hiciwe Abatutsi benshi tariki ya 14-18 Gicurasi 1994.
Abatutsi biciwe kuri Centre de Sante ya Musambira, no kuri Paruwasi ya Musambira, Kamonyi
Muri Komini Musambira!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Jean Paul Micomyiza yajyanwe ku ivuko aho aregwa gukorera ibyaha bya jenoside
Mu Rwanda mu rubanza rwa Jean Paul Micomyiza uregwa ibyaha bya jenoside, ku wa kabiri yajyanywe mu bice bitandukanye by'umujyi wahoze ari Butare (ubu ni Huye), aho aregwa ko yakoreye ibyaha bya jenoside.
Ni igikorwa cyategetswe!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudani y’Epfo: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa muri bambitswe imidari y’ishimwe
Abapolisi b’u Rwanda 240 bagize itsinda RWAFPU1 riri mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) ejo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi, bambitswe imidari y’ishimwe.Ni mu muhango!-->!-->!-->…
Goma: M23 ikomeje umukwabu ugamije gusukura umujyi mu by’umutekano
Mu mujyi wa Goma n'inkengero zawo, umutwe wa AFC/M23 umaze iminsi ukora ibikorwa byo guhiga no guta muri yombi abantu uvuga ko bakora ibikorwa by'ubwicanyi, ubusahuzi no gushimuta abantu, abadashyigikiye M23 bavuga ko ibi M23 ikora birimo!-->…
Kiziguro: Hiburide, Temamara, Kwete,… tumwe mu tuyoga tubangamiye ubuzima bwiza…
Bamwe mu baturage batuye mu Murenge wa Kiziguro baravuga ko batewe impungenge n'ubwoko bw'utuyoga rumwe mu rubyiruko rwirirwa runywa mu dusantire rukagira arugomo n'amahane.
Abaturage bo mu murenge wa Kiziguro uherereye mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Ndayambaje Idrissa w’imyaka 23 akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 5
Mu Karere ka Musanze haravugwa inkuru y'umugabo uri mu kigero cy'imyaka 23 y'amavuko ukirikiranyweho icyaha cyo gufata ku ngufu agasambanya umwana w'umukobwa w'imyaka 5 y'amavuko.
Bwana Ndayambaje Idrissa uri mu kigero cy'imyaka 23!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Umukobwa w’imyaka 20 yatawe muri yombi akekwaho guta umwana we mu musarane
Umukobwa w’imyaka 20 yatawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda akekwaho urupfu rw’umwana we w’imyaka ibiri yataye mu musarane wa metero 20, bagerageza kumutabara bagasanga yapfuye.
Byabaye ku wa 09 Gicurasi 2025, mu Murenge wa Tumba,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rucagu yasabye Minisiteri y’urubyiruko gutangira gukurikirana abakina filime zirimo…
Rucagu Boniface, yasabye Minisiteri ifite mu nshingano Urubyiruko n'lterambere ry'Ubuhanzi guhagurukira abakina filime zirimo ubusambanyi, ikareba uko yazihagarika bikiri mu maguru mashya, kuko bene izi filime ari izitokoza umuco w'u!-->!-->!-->…
Rubavu: Umugabo yasanzwe muri Lodge yapfuye
Umugabo ukomoka mu Karere ka Rwamagana yasanzwe mu nzu icumbikira abantu (Lodge) yo mu Karere ka Rubavu yapfuye, Ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu buvuga ko kuba yari amazemo iminsi ibiri ntawe uzi amakuru ye habayemo uburangare!-->!-->!-->…
“Si urumogi bamfatiye, ahubwo ndazira amagambo mperutse gutangaza”:Turahirwa Moses mu…
Imbere y'urukiko rw'ibanze rwa Kicukiro kuri uyu wa kabiri, Moses Turahirwa yemeye ko yanyweye ikiyobyabwenge cy'urumogi ariko ahakana ingano y'urwo yafatanywe.
Uyu munyamideli ufite inzu izwi nka Moshions hashize ibyumweru bigera!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusore uherutse kuvuga amagambo akomeye kuri perezida asabiwe gufungwa iminsi 30
Mu rubanza ruregwamo Turahirwa Moses ukurikiranyweho icyaha cyo gukoresha ibiyobyabwenge, ubushinjacyaha bwasabiye Turahirwa gufungwa iminsi 30 y’agateganyo.
Ni ingingo akomeje kwisobanuraho mu Rukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro muri iki!-->!-->!-->!-->!-->…
U Bwongereza: Umugabo yitwikiye inzu ku bushake kugira ngo abone abazimya umuriro
Mu Bwongereza, umugabo ukunda bikabije abashinzwe kuzimya inkongi z’umuriro, yahanishijwe n’urukiko gufungwa imyaka ibiri, nyuma y’uko we yiyemereye ko yitwikiye inzu ku bushake, akabikora inshuro ebyiri zitandukanye mu ijoro rimwe,!-->!-->!-->…
Kiliziya Gatolika muri Amerika irashinja Perezida Trump kunnyenga imyemerere yabo
Nyuma y'aho hagiye hanze amashusho ya Perezida Donald Trump yambaye ka Papa wa kiliziya Gatolika, kiliziya yo mu gihugu cye iravuga ko bitari ikwiriye gukina n'ukwemera kw'abantu.
Inama nkuru ya Kiliziya Gatolika ya New York muri!-->!-->!-->!-->!-->…