Browsing Category
Ubuzima
RIB yashyize hanze amayeri yose akoreshwa mu gucuruza abantu.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye ko icuruzwa ry’abantu cyangwa abantu basigaye bajya gucuruzwa atari abatarize gusa ahubwo bisigaye bikorerwa ku bantu bize, bajijutse kandi bikagirwamo uruhare n’abantu batandukanye!-->…
Nigeria: Abarenga 100 bishwe n’umwuzure
Ikigo cya Nigeria gishinzwe kurwanya ibiza (Nsema) cyatangaje ko umwuzure watewe n’imvura y’amahindu, wishe abantu bagera ku 110 mu bice bitandukanye by’iki gihugu ku wa 30 Gicurasi 2025.
Umuyobozi Mukuru wa Nsema, Abdullahi!-->!-->!-->!-->!-->…
Mufitiye umwenda Abanyarwanda – IBUKA ku miryango itari iya Leta yarumye gihwa muri Jenoside
Perezida wa IBUKA mu Karere ka Nyanza, Niyitegeka Jean Baptiste, yagaragaje ko imwe mu miryango itari iya Leta ifitiye umwenda Abanyarwanda by’umwihariko abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ku bw’ibikorwa byayiranze byo gutererana!-->!-->!-->…
Nyina wa Ingabire Victoire yagaragajwe nk’ipfunwe ku rwego rw’Ubuzima
Dusabe Thérèse ni nyina ubyara Ingabire Victoire, yabaye Umuyobozi w’Ikigo Nderabuzima cya Butamwa kugeza ubwo Jenoside yakorerwaga Abatutsi yabaga mu 1994.
Minisiteri y’Ubuzima isanga Dusabe wayoboye Ikigo Nderabuzima cya Butamwa ari!-->!-->!-->…
Mozambique: Inzego z’umutekano z’u Rwanda zashyikirije abaturage isoko zabubakiye
Inzego z’umutekano z’u Rwanda (RSF) ziri muri Mozambique zashyikirije abaturage bo mu Mujyi wa Macomia, isoko rishya zabubakiye mu rwego rwo gushyigikira imibereho myiza n’iterambere ry’ubukungu ry’abatuye mu Ntara ya Cabo Delgado, yari!-->…
Umunyamakuru Diane wa “Umuseke” yasezeranye kubana akaramata n’umukunzi we.…
Murerwa Diane, umunyamakuru akaba n'umwanditsi mu kinyamakuru Umuseke.rw yasezeranye kubana imbere y'amategeko akaramata n'umukunzi we bamaze igihe bakundana Bwana Munyaneza William (Willy).
Umuhango wo gusezerana imbere y'amategeko ku!-->!-->!-->…
Amamiliyoni y’ibicuruzwa yongeye atikirira mu nkongi y’umuriro yibasiye Agakiriro ka…
Agakiriro ko ku Gisozi ahasanzwe hakorerwa imirimo itandukanye irimo iy'ububaji no gusudira yongeye kongeye kibasirwa n'inkongi y'umuriro isize amarira n'amaganya ya benshi mu bacuruzi bemeza ko hari ama miliyoni atari make!-->!-->!-->…
RDB yagize icyo ivuga ku muhango wo kwita izina wari umaze umwaka warahagaze
Nyuma y'aho umwaka ushize umuhango uzwi nko "Kwita izina" utabaye kubera icyorezo cy'indwara ya Merbourg, kuri ubu RDB yamaze gutangaza ukwezi ndetse n'amataliki uyu muhango uzasubukurwaho.
Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere RDB,!-->!-->!-->…
Mu cyuweru kimwe gusa abagera kuri 70 bamaze guhitanwa na Kolera
Minisiteri y’Ubuzima muri Sudani yatangaje ko abantu 70 bahitanywe na kolera mu cyumweru kimwe, mu bantu bagera kuri 942 bayanduye.
Amajyepfo y’icyo gihugu yahuye n’icyorezo nyuma y’igitero cy’indege zitagira abapilote barashe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Ba Meya bo mu Burengerazuba basabwe guhangana n’ubukene bwugarije intara yabo
Mu gihe 37.4% by’abatuye Intara y’Iburengerazuba bugarijwe n'ubukene, Ikigo cy'Igihugu cy'Ibarurishamibare, NISR gisanga hakenewe kwongera imbaraga mu guhanga imirimo mishya mu rubyiruko, guteza imbere urwego rw'ubuhinzi no guhangana!-->!-->!-->…
USA: Abanyapolitiki benshi ku isi harimo n’abayoboye Amerika, bifurije Biden kurwara ubukira
Ibiro bya Biden byatangaje amakuru y’uburwayi bwe mu ijoro ryo ku wa 18 Gicurasi 2025, bisobanura ko we n’umuganga we bari kwiga ku buryo yavurwa nubwo bisaba gushishoza cyane bitewe n’urwego iriho.
Trump yatangarije ku rubuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Joe Biden yasanzwemo Cancer ya Prostate yatangiye kumumunga amagufwa
Perezida Joe Biden wayoboye Leta Zunze ubumwe za Amerika muri manda imwe y'imyaka ine, abaganga bamuzura baremeza ko basanze uyu musaza yararenzwe n'indwara ya canseri ya prostate ku buryo bukabije kugeza ubwo iyo ndwara yatangiye!-->!-->!-->…
Bayisenge Emery yashyingiwe mu mategeko n’umukobwa bamaranye imyaka irenga 10
Umukinnyi w'ikipe ya Gasogi Utd Emery Bayisenge yasezeranye imbere y'amategeko n'umukunzi we Gatare Aline bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo, dore ko aba bombi bamenyanye kuva mu 2012.
Muri Mata 2025 ni bwo uyu mukinnyi yamusabye!-->!-->!-->…
Ni iyihe mpamvu yatumye Polisi y’ubwongereza ifunga Chris Brown?
Polisi yo mu gihugu cy'Ubwongereza mu mujyi wa Manchester yatangaje ko ku munsi w'ejo muri imwe mu ma hoteri yo mu mujyi wa Manchester yafashe ndetse ita muri yombi umuhanzi w'icyamamare ukomoka muri Leta Zunze ubumwe za Amerika Bwana!-->!-->!-->…
Umusore w’imyaka 27 yafatiwe mu cyuho ari gusambanya umusazi
Mu gihugu cya Nigeria mu gace ka Ugwuachara muri Leta ya Ebonyi haravugwa amakuru y'umusore uri mu kigero cy'imyaka 27 yafatiwe mu cyuho ari gusambanya umugore ufite uburwayi bwo mu mutwe (Uwo bakunze kwita umusazi).
Aya mahano!-->!-->!-->!-->!-->…