Browsing Category
Ubuzima
Nyanza: Inzobere mu kuvura mu ngabo za EAC harimo n’iz’Uburundi ziri kuvura abaturage ku…
Bamwe mu nzobere mu by'ubuvuzi bw'indwara zitandukanye mu ngabo zo mu muryango wa EAC harimo n'izo mu gihugu cy'u Burundi ziri mu Karere ka Nyanza aho ziri kuvura abaturage ku buntu.
Mu rwego rw’Ubuvuzi bari mu bitaro bya Nyanza n’ibya!-->!-->!-->…
Chriss Easy agiye gukorera indirimbo nyina witabye Imana
Umuhanzi Chriss Easy urimo guca mu bihe bitoroshye byo kubura umubyeyi we (nyina) hamwe na nyirakuru yateguje indirimbo yahimbiye nyina.
Yifashishije urubuga rwe rwa Instagram, Chriss Easy yateguje indirimbo yise Naumia, avuga ko!-->!-->!-->…
Itangazo rya Mukantambara ushaka guhinduza amazina.
Uwitwa Mukantambara Brigitte mwene Ruhangaza Samuel na Kantarama Alvera utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rwamagana, umurenge wa Munyiginya, Akagari ka Binunga, mu mudugudu wa Kabeza yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza!-->…
Icyiciro cya nyuma cy’ingabo zirenga 500 za SADC cyatashye kinyuze mu Rwanda
Icyiciro cya nyuma cy’Ingabo 576 za SADC zari zimaze umwaka urenga mu butumwa muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, zatashye zinyuze mu Rwanda.
Icyiciro cya mbere cyavuye mu Burasirazuba bwa RDC ku wa 29 Mata 2025 cyari kigizwe!-->!-->!-->…
Kigali: Akurikiranyweho guhondesha umwana we umwuko kugeza amukuyemo iseri ry’amenyo
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyarugenge bukurikiranye umugore w'imyaka 34 y'amavuko wo mu Murenge wa Kicukiro mu Karere ka Kicukiro icyaha cyo guhoza ku nkeke umwana we yibyariye, akamukubita umwuko wakumukuyemo amwe mu menyo,!-->…
RIB yemeye ko yataye muri yombi Madame Ingabire Victoire
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi Ingabire Victoire Umuhoza, nyuma y’uko Urukiko Rukuru rusabye ko akorwaho iperereza ku byaha birimo kurema umutwe w’abagizi ba nabi no gutegura ibikorwa bigamije gukurura!-->…
Kazungu wahamijwe ibyaha byo kwica, yatakambiye urukiko asaba kugabanirizwa ibihano
Denis Kazungu wahamwe n'ibyaha byo kwica abantu 13 biganjemo abakobwa nyuma yo gusambanya bamwe muri bo arasaba gukurirwaho igihano cyo gufungwa burundu yakatiwe, avuga ko urukiko rwareba bimwe mu bikorwa byiza yakoraga mbere yo gukora ibi!-->…
India: Abatari bake batikiriye mu mpanuka y’indege
Ikigo cy'igihugu gishinzwe iby'indege cyemeje ko indege ya Air India yakoze impanuka nyuma y'iminota mike gusa ihagurutse.
Indege ya Air India yari itwaye abantu bagera kuri 244 yakoze impanuka nyuma y'iminota itanu gusa ihagurutse mu!-->!-->!-->…
Rusizi: Amayobera ku rupfu rwa Ignace wasohotse mu gicuku agiye kwiherera agenda agiye
Ngirente Ignace w’imyaka 47, wari utuye mu Mudugudu wa Rubuye, Akagari ka Ruganda, Umurenge wa Rwimbogo, Akarere ka Rusizi, yasohotse mu gicuku avuga ko agiye mu bwiherero ntiyagaruka, umuryango we uramushakisha muri icyo gicuku uramubura,!-->…
Nta kibazo mfitanye na Bishop Gafaranga! Murava yavuze
Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Annette Murava, yagaragaje ko nta kibazo afitanye n’umugabo we Bishop Gafaranga, uherutse gukatirwa gufungwa iminsi 30 y’agateganyo, kubera ibyaha birimo icyo guhoza ku nkeke uwo!-->!-->!-->…
Bugesera: Urubyiruko rwiyemeje gukomeza kugira uruhare mu iterambere ry’Akarere.(Amafoto)
Urubyiruko rwiyemeje gukomeza kugira uruhare mu iterambere ry'Akarere binyuze mu bikorwa rukora bizamura imibereho myiza n'ubukungu by'abaturage ndetse no gukoresha amahirwe rwahawe rufatanya n'inzego mu kubaka igihugu ruhereye aho rutuye.!-->…
ICYO UKEIRIYE KUMENYA KU BWOKO BUSHYA BWA COVID19 NB.1.8.1
NI IKI UBWOKO BUSHYA BWA COVID 19 BUTANDUKANIYEHO NA O MICRON? KUKI BUKWIRIYE KWIRINDWA CYANE?
Abahanga mu by'ubuvuzi bakomeje gutanga umuburo ko icyorezo cya COVID-19 kitagiye, ndetse bakomeza gushishikariza abanyarwanda gukaraba!-->!-->!-->!-->!-->…
DORE UBWOKO BW’IBIRYO UKWIRIYE KUGABANYA BIKAJYANA N’IGABANYUKA RYO KUGIRA AGAHINDA…
UBUSHAKASHATSI BWASHYIZE HANZE BIMWE MU BIRYO UMUNTU ASHOBORA KUGABANYA, BIKAGIRA URUHARE MU KUMUGABANYIRIZA AGAHINDA GAKABIJE.
Agahinda gakabije ni bumwe mu burwayi bukomeje kwiyongera cyane ku isi, bugaher aku bakiri bato,!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yashyize hanze amayeri yose akoreshwa mu gucuruza abantu.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwerekanye ko icuruzwa ry’abantu cyangwa abantu basigaye bajya gucuruzwa atari abatarize gusa ahubwo bisigaye bikorerwa ku bantu bize, bajijutse kandi bikagirwamo uruhare n’abantu batandukanye!-->…
Nigeria: Abarenga 100 bishwe n’umwuzure
Ikigo cya Nigeria gishinzwe kurwanya ibiza (Nsema) cyatangaje ko umwuzure watewe n’imvura y’amahindu, wishe abantu bagera ku 110 mu bice bitandukanye by’iki gihugu ku wa 30 Gicurasi 2025.
Umuyobozi Mukuru wa Nsema, Abdullahi!-->!-->!-->!-->!-->…