Browsing Category
Ubuzima
Musonera washatse kuba Umudepite yasabiwe gufungwa burundu
Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bwasabiye Musonera Germain igifungo cya burundu kubera uruhare rwe akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Ubushinjacyaha ku rwego Rwisumbuye bwa Muhanga bwasobanuye uwo!-->!-->!-->!-->!-->…
RURA yahinduye imvugo, abamotari bariruhutsa.
RURA yateye utwatsi amakuru yari yiriwe avugwa ku munsi w'ejo ko urwo rwego rugiye kugabanya no guhagarika moto mu mujyi wa Kigali.
Kuri uyu wa gatatu ushize taliki ya 8 Ukwakira 2025 umuyobozi w'urwego ngenzuramikorere mu Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Ingabire Marie Immaculée wamenyekanye cyane mu kurwanya ruswa yitabye Imana
Ingabire Marie Immaculée, umugore wabaye ikimenyabose mu Rwanda kubera ijwi rye mu kurwanya ruswa no kuvugira rubanda yitabye Imana.
Amakuru y'urupfu rw'uyu mubyeyi wakunzwe na benshi mu gihugu no hanze yacyo yamenyekanye mu gitondo!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Yatawe muri yombi nyuma yo gutwikisha umugore we amavuta yatuye
Umugabo wo mu Karere ka Rusizi yatawe muri yombi nyuma yo gutwikisha umugore we amavuta yatuye yari agiye gutekesha imboga bararira.
Byabereye mu Mudugudu wa Mugerero, Akagari ka Kabuye, Umurenge wa Nyakarenzo, Akarere ka Rusizi!-->!-->!-->!-->!-->…
Abaturage ihaye ubutabera batwika abaganga bane babashinja ubupfumu.
Muri teritwari ya Isangi, mu Ntara ya Tshopo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, abaturage batwitse abaganga bane babashinja ubupfumu, nyuma yo kubakekaho guca ibice by’imyororokere by’abantu.
Ibyo bikorwa by’ubunyamaswa!-->!-->!-->…
Bujumbura: Indwara ya “Kolera” iterwa n’umwanda iri guca ibintu mu baturage
Abaturage bo mu mujyi wa Bujumbura mu Burundi baravuga ko babangamiwe n'icyorezo cya Kolera kiri guca ibintu ku buryo ubuyobozi bw'umujyi bumaze gushyiraho ingamba zo kucyirinda harimo kubuza abantu gusuhuzanya.
Mu gihugu cy'UBurundi mu!-->!-->!-->…
Bugesera: Uwahoze ari umupasiteri yasanzwe mu buriri bw’umugore utari uwe yapfuye
Umugabo wahoze ari umuvugabutumwa mu Itorero rya ADEPR witwaga Rwigema Donatien yasanzwe mu bururiri buri mu nzu y’icyumba kimwe yari yararanyemo n’umugore utari uwe, yapfuye.
Ibyo byabereye mu Murenge wa Nyamata mu Kagari ka Kanazi!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Umwana w’umusore yarohamye mu Kivu
Muhawenayo Elysé w’imyaka 15 wigaga mu mwaka wa gatandatu w’amashuri abanza, akaba yabanaga n’ababyeyi be mu Mudugudu wa Karambo, Akagari ka Cyangugu, Umurenge wa Gihundwe, Akarere ka Rusizi, yapfuye arohamye mu Kiyaga cya Kivu.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: 4 bapakiraga amabuye mu kirombe ibuye ryabagwiriye 3 bahita bapfa
Abasore 4 bo mu Mudugudu umwe wo mu Murenge wa Nyange, Akarere ka Ngororero, bapakiraga amabuye mu modoka mu kirombe kiri mu Kagari ka Kamina, Umurenge wa Murundi mu Karere ka Karongi bagwiriwe n’ibuye rinini ryari hejuru yabo ku musozi,!-->…
Umurinzi w’igihango Murebwayire yatabarutse
Umurinzi w’Igihango Murebwayire Josephine watangije itsinda ryiswe ‘Humura’ yitabye Imana ku Cyumweru nyuma y’igihe yari amaze arwaye.
Urupfu rwa nyakwigendera Murebwayire rwamenyekanye mu ijoro ryo ku cyumweru tariki 05 Ukwakira!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma ya mukuru we, Brian Kagame akaba na bucura bwa PK nawe yinjiye mu gisirikare
Umuhungu wa perezida Paul Kagame Brian Kagame, akaba na bucura bwe, yagaragaye mu bofisiye binjijwe mu ngabo z'igihugu kuri uyu wa gatanu.
Kuri uyu wa Gatanu taliki ya 3 Ukwakira 2025, i Gako mu Karere ka Bugesera mu ishuri rya!-->!-->!-->…
DRC: Rutayisire wari umaze hafi imyaka 3 afungiye i Kinshasa yapfuye
Ku wa 1 Ukwakira 2025, umunyarwanda witwa Rutayisire Jean Marie Vianney yapfiriye muri kasho y’urwego rw’igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rushinzwe iperereza DEMIAP (Détection Militaire des Activités!-->!-->!-->…
Bugesera: Ni iki kiri gukorwa ngo hakemuke ikibazo cy’Abanyeshuri bagaragaye bicaye hasi muri…
Mu minsi ishize, ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amafoto agaragaza abanyeshuri biga bicaye hasi mu gihe cy’amasomo, abandi bari bicaye ku ntebe. Ayo mafoto yafashwe ku ishuri rya GS Kagasa riherereye mu Murenge wa Mwogo, mu Kagari ka!-->…
Karasira umaze imyaka irenga 4 afunze, yahamijwe ibyaha aranakatirwa
Urukiko Rukuru, urugereko rwihariye rushinzwe kuburanisha ibyaha mpuzamahanga n’ibyambukiranya imipaka ruherereye mu Karere ka Nyanza, kuri uyu wa kabiri, rwahamije Bwana Uzaramba Karasira Aimable icyaha cyo gukurura amacakubiri muri!-->…
Dolly Parton yasubitse ibitaramo kubera ‘ibibazo by’ubuzima’
Dolly Parton yasubitse ibitaramo bye yari ateganyije gukorera i Las Vegas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, abwira abafana be ko akeneye “ubuvuzi bwimbitse” kugira ngo ahangane n’“ibibazo by’ubuzima” amazemo igihe.
Mu itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…