Browsing Category
Ubuzima
Umugabo wo mu Bwongereza yatewe igitsina ku kaboko kubera uburwayi
Kubera uburwayi Malcolm MacDonald wo mu Bwongereza yahuye nabwo, abaganga bafashe umwanzuro wo kumutera igitsina cye ku kuboko, ibintu byatumye aba umuntu wa mbere bikorewe.
Kugira ngo abaganga bafate uyu mwanzuro byatewe n’ubwandu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarenga 400,000 ku isi bahitanywa na Malariya buri mwaka.
Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS) uyu munsi ryatangaje ko mu gihe cyari cyihawe icyizere cyo gucika kwa Malaria ku kigero cya 90% ku isi ubu ari gicye.
Malaria iheruka kuvugwa mu Burundi, cyane nyuma yo kwica!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Ikibazo cy’akazi gake mu gihugu cyatumye abagera ku 5000 bahatanira imyanya 11 gusa.
Kubera ikibazo cy'akazi gake ku isoko ry'umurimo ugereranije n'abagashaka, abantu basaga ibihumbi 5 bahuriye mu kizami cy'akazi aho Akarere ka Muhanga gashakamo abatarenga 11 bonyine.
Abantu basaga 5000 bahatanira imyanya 11!-->!-->!-->!-->!-->…
Somaliya: Umugore wo mu gihugu cya Somaliya yabyaye abana batanu icya rimwe
bitaro by'i Mogadishu mu murwa mukuru wa Somalia byatangaje ibyishimo byabo nyuma yo kubyaza umugore abana batanu icya rimwe.
Ibi bitaro byitwa "Mogadishu Somali Turkey Recep Tayyip Erdogan Training and Research Hospital" bivuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yibukije ko mu Rwanda nta gihano giteganirijwe uwariye cyangwa wabaze imbwa.
Umuvugizi wa RIB yavuze ko kugeza ubu mu Rwanda nta tegeko rihari rihana uwariye cyangwa uwabaze imbwa.
Nyuma y'aho kuri uyu wa mbere taliki ya 3/8/2020 mu Karere ka Ruhango hafashwe abagabo bagera kuri batatu babaze imbwa maze!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Hafashwe abantu bacuruzaga inyama z’imbwa n’injangwe babeshya ko ari…
Hari abacuruzi bafatiwe mu cyuho bacuruza inyama z'imbwa mu baturage bababeshya ko ari inyama z'inka
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere mu Karere ka Ruhango mu Murenge wa Ntongwe hari abaturage bifatiye ubwabo bamwe mu bacuruzi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abaturage barashinja abayobozi b’inzego z’ibanze kujenjekera abica amabwiriza yo…
Bamwe mu baturage bo mu Karere ka Nyanza barasanga bamwe mu bayobozi b'inzego z'ibanze bajenjekera bamwe mu bacuruzi bica nkana amabwiriza yo kwirinda covid-19.
Mu gihe isi yose n'u Rwanda byugarijwe n'icyorezo cya coronavirus,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abafite ubumuga badodera mu isoko babangamiwe no kugera ahantu bakorera hataborohereza.
Abafite ubumuga badodera mu cyarahani cyo mu isoko ryo mu mugi wa Nyanza baravuga ko babangamiwe bikoneye n'ahantu hashyizwe inyubako bakoreramo.
Isoko ryo mu mugi wa Nyanza riherereye mu murenge wa Busasamana rwagati, iryo soko!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasilamu bo mu Rwanda bizihije umunsi w’igitambo bubahiriza amabwiriza yo kwirinda covid-19
Kuri uyu wa gatanu tariki 31 Nyakanga 2020, Abayisilamu bo mu Rwanda bifatanyije n’abandi bo ku isi yose mu kwizihiza umunsi mukuru w’igitambo (Eidil-Ad’ha). Ni umunsi mukuru wizihijwe mu buryo budasanzwe, mu rwego rwo kubahiriza!-->!-->!-->…
OMS yaburiye abanyafrika kutoroshya ingamba zo kurwanya covid-19
Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) ryaburiye ko koroshya ingamba zo kwirinda bishobora gutuma habaho kongera kwiyongera k'ubwandu bwa Covid-19.
OMS yasabye leta z'ibihugu by'Afurika gushyira imbaraga mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gambiya: Prezida wa Repubulika yishyize mu kato nyuma y’aho visi prezida bamusanzemo Covid-19
Nyuma y'aho vice prezida w'igihugu cya Gambiya Madame Isatou Touray bamusanzemo icyorezo cya coronavirus, byatumye prezida wa Rpubulika nawe yishira mu kato k'iminsi 14
Visi perezida Isatou Touray amaze kwemezwaho iyo ndwara ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Yahanutse mu igorofa ari koza ibirahure arapfa
Umugabo yahanutse ku igorofa yo hejuru aho yari ari koza ibirahure arapfa
Ahagana saa sita z’amanywa mu mujyi wa Kigali ahitwa ‘Commercial’ hari umugabo tutari twamenyera amazina n'aho akomoka wozaga ibirahure kuri imwe muri etage!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubushakashatsi buriga uko uducurama tubasha kubana na za virusi kuburyo byafasha abantu guhangana…
Hirya no hino ku isi ubushakashatsi burakomeje murwego rwoguhangana na Covid-19.Abahanga muri siyansi baracukumbuye bagera ku ntimatima z'uturemangingo tw'amoko atandatu y'uducurama two ku isi.
Abahanga baburiye ko abantu bakwiye!-->!-->!-->…
Huye: Umwalimu wo mu kigero k’imyaka 30 y’amavuko yimanitse ku mugozi arapfa
Umusore witwa Aimable wakoraga umwuga w'uburezi mu Karere ka Huye bamusanze mu kagozi yiyahuye
Bwana NIYONSHUTI Aimable wari usanzwe ari umwalimu mu mashuri yisumbuye mu Karere ka Huye mu Murenge wa Rusatira bamusanze mu cyumba!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministre w’ubuzima yasabye Abaturarwanda kwitegura kubana na Covid-19
Ministre w'ubuzima mu Rwanda arasanga Abanyarwanda bakwiye kwitegura kubana n'icyorezo cya covid-19
Mu kiganiro yakoranye na Kigalitoday, Minisitiri w’Ubuzima Dr. Daniel Ngamije atangaza ko mu gihe Abanyarwanda bose batarabasha!-->!-->!-->!-->!-->…