Browsing Category
Ubuzima
Ubwongereza: Leta igiye gusubiza Abaturage muri gahunda ya #gumamurugo#
Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Boris Johnson yatangaje ibihe bidasanzwe bya guma mu rugo bizamara ukwezi kumwe, mu rwego rwo kugabanya ikwirakwira ry’icyorezo cya Coronavirus gihangayikishije iki gihugu kubera ubwiyongere bw’ubwandu!-->!-->!-->…
METEO Rwanda yaburiye Abanyarwanda ko imvura izaba nyinshi cyane mu gihugu.
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo Rwanda, cyatanze integuza ko hagati ya tariki ya 1 na 10 Ugushyingo 2020, hateganyijwe imvura nyinshi.
Mu itangazo ryasohowe ku wa 31 Ukwakira, Meteo Rwanda yatangaje ko iyi!-->!-->!-->!-->!-->…
Hakenewe ingamba ku bantu bahishira abasambanya abana-Mukasine Marie Claire.
Umuyobozi wa Komisiyo y’Uburenganzira bwa Muntu mu Rwanda, Mukasine Marie Claire, avuga ko hakenewe ingamba ku bantu bahishira abasambanya abana n’ingamba zo kwigisha no kudahishira abakora ibyo byaha.
Yabivuze mu nama!-->!-->!-->!-->!-->…
Mineduc yihanangirije ibigo by’ishuli byihaye kuzamura amafranga ya minerval
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 28 Ukwakira 2020, Ubwo Minisitiri w’Uburezi, Dr. Uwamariya Valentine yari mu Ntara y’Amajyepfo mu Karere ka Nyanza yibukije ko nubwo amashuri agiye gutangira abayobozi b’ibigo batemerewe kuzamura amafaranga!-->!-->!-->…
Nyanza: Akarere kihaye igihe cy’umwaka ngo kazibe icyuho mu gutera amashyamba.
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza buvuga ko bwasigaye inyuma mu kwesa umuhigo wo gutera amashyamba kugera ku kigero cya 30% ku buso bw’ubutaka bukagize nk’uko kari karabyiyemeje.
Mu 2019 ni bwo u Rwanda rwesheje umuhigo rwari rwarihaye!-->!-->!-->!-->!-->…
FRANCE: Leta yasubije abaturage muri gahunda ya #gumamurugo#
Perezida Emmanuel Macron w'Ubufaransa yaraye atangaje ingamba za 'guma mu rugo' mu gihugu hose ku nshuro ya kabiri, kugeza nibura mu mpera y'ukwezi kwa cumi na kumwe.
Inkuru dukesha ibiro ntaramakuru by'abongereza BBC ivuga ko Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
UNICEF yageneye u Rwanda ibikoresho byo kuvura COVID-19.
Minisiteri y’Ubuzima yashimiye ubuyobozi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Bana (UNICEF) bwageneye u Rwanda ibikoresho by’ubuvuzi n’iby’ubwirinzi byifashishwa mu kuvura no kwirinda icyorezo cya COVID-19.
Ibyo bikoresho u!-->!-->!-->!-->!-->…
Leta y’u Rwanda igiye gusubukura igikorwa cyo kohereza mu bindi bihugu impunzi zavuye muri…
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNHCR) ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda bari gutegura gusubukura kohereza mu bihugu bibyifuza impunzi zavuye muri Libya zikazanwa mu Rwanda.
Biteganyijwe ko uyu mwaka uzajya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubutaliyani: Abantu amagana biraye mu mihanda bamagana ingamba nshya za Covid-19
Ejo ku wa mbere mu Butaliyani hatangiye imyigaragambyo irimo urugomo kubera ingamba nshya zo guhangana n'inkubiri ya kabiri ya Covid.
Imirwano yavuzwe mu mijyi myinshi ikomeye mu gihugu - nka Turin, aho bateraga abapolisi amacupa!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarimu 7,214 bashobora guhagarikwa mu kazi kubera ubushobozi buke
Umuyobozi mukuru wa REB Dr NDAYAMBAJE yavuze ko abarimu bagera kuri 7,214 mu gihugu cyose bashobora guhagarikwa ku mirimo yabo kubera ubushobozi buke bafite mu kazi k'uburezi.
Nyuma y'uko Raporo y’umwaka wa 2019/2020 ya Komisiyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Abarimu bagera kuri 762 bigisha nta byangombwa bagira, mu gihe 1,566 bakora mu buryo butazwi na Leta
Raporo y’umwaka wa 2019/2020 ya Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Abakozi ba Leta, igaragaza ko kugeza ubu mu Rwanda habarurwa abarimu 1,566 bigisha mu mashuri ya Leta badafite aho banditswe mu buryo bwemewe n’amategeko.
Iyo Raporo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: Inka 5 zaraye zikubiswe n’inkuba zirapfa, inzu 69 zirasenyuka mu munsi umwe gusa.
Imvura nyinshi yaraye iguye mu Karere ka Nyagatare yabonetsemo inkuba yakubise inka eshanu z’umuturage zihita zipfa, yiyongera ku yaguye ejo bundi kuwa mbere yashenye inzu 69 z’abaturage bo mu Murenge wa Musheri.
Iyi mvura yaguye ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Agahinda k’umuhanzi Fireman utazi umuntu n’umwe wo mu muryango we
Umuhanzi Uwimana Francis ukoresha izina rya Fireman mu muziki, ngo ahora ababazwa no kuba adafite umuntu n’umwe yita uwo mu muryango we cyangwa mwenewabo, kuko bishwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Mu kiganiro aherutse!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana Albert, umusore w’umutinganyi arashima cyane “Papa” wabahaye uruvugiro.
Ibyatangajwe na Papa Francis mu mashusho mbarankuru (documentary) yatangajwe i Roma ejo ku wa gatatu, ko yumva abaryamana bahuje ibitsina bakwiye "kwemerwa imbere y'amategeko" no "kugira umuryango" ni ingingo ubu itari kuvugwaho rumwe!-->!-->!-->…
Amerika yemeje burundu Remdesivir nk’umuti wa Coronavirus
Abagenzuzi b'imiti muri Amerika bemeje burundu umuti urwanya virusi wa remdesivir nk'ugiye kuvurishwa abarwayi ba Covid-19 bari mu bitaro.
Ikigo cy'Amerika gishinzwe ubuziranenge bw'imiti n'ibiribwa (FDA) cyavuze ko uyu muti, wahawe!-->!-->!-->!-->!-->…