Ministre w’ubuzima yasabye Abaturarwanda kwitegura kubana na Covid-19

7,536
Kwibuka30
Dr Ngamije Daniel, Minisitiri w'ubuzima w'u Rwanda, avuga ko igihugu cyiteguye

Ministre w’ubuzima mu Rwanda arasanga Abanyarwanda bakwiye kwitegura kubana n’icyorezo cya covid-19

Kwibuka30

Mu kiganiro yakoranye na Kigalitoday, Minisitiri w’Ubuzima Dr. Daniel Ngamije atangaza ko mu gihe Abanyarwanda bose batarabasha kubahiriza amabwiriza yo kwirinda ikwirakwira rya Coronavirus, hakwiye kubaho kwiga uburyo bwo kubana n’icyo cyorezo mu gihe hagishakishwa uburyo bwo guhangana na cyo.

Minisitiri Ngamije avuga ko hari icyizere ko icyorezo kuzacika burundu, ariko agasaba ko abantu bose bubahiriza amabwiriza bahabwa, mu rwego rwo guhangana n’icyo cyorezo.

Yabitangarije mu kiganiro inezo zinyuranye zagiranye n’itangazamakuru ku wa Mbere tariki ya 20 Nyakanga 2020, cyagarukaga ku ishusho y’igihugu , mu gihe cy’amezi ane icyorezo cya Covid-19 kigeze mu rwanda.

Leave A Reply

Your email address will not be published.