Browsing Category
Ubuzima
Umurundi wa 2 yasanzwemo icyorezo cya Coronavirus muri Kenya.
Igihugu cya Kenya kimaze gutangaza ko hari Umurundi basanze afite coronavirus
Nyuma y'aho mu Rwanda hagaragariye umurwayi w'Umurundi ufite virusi ya corona kuri uyu wa Kabiri, igihugu cya Kenya nacyo kimaze gutangaza ko hari!-->!-->!-->!-->!-->…
Hongeye kuboneka undi Murwayi wa 8 ufite Coronavirus mu Rwanda
Ministeri y'ubuzima mu Rwanda imaze gutangaza ko habonetse undi murwayi wa coronavirus
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, ministeri y'ubuzima mu Rwanda imaze gutangaza ko habonetse undi murwayi wa coronavirus. Mu itangazo ministeri!-->!-->!-->!-->!-->…
Uruganda OXALIS rwafunzwe kubera uburiganya rwitwaje Coronavirus
Uruganda rwa OXALIS rwakoraga ibikoresho by'isukurwafunzwe kubera uburiganya mu gucuruza imiti y'isuku.
Ikigo k'igihugu gishinzwe ubuziranenge bw'ibiryo n'imiti mu Rwanda rwaraye rufunze uruganda rwa OXALIS ruherereye mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Abamotari bategetswe gukuraho ibirahure kuri za casques z’abagenzi
Leta yasabye Abamotari gukuraho ibirahuri kuri za casques zabo mu rwego rwo gukumira icyorezo cya Coronavirus.
Mu gihe abarwayi ba Coronavirus bamaze kuba 7, Leta irimo gukaza ingamba zo kongera ubwirinzi mu Banyarwanda mu rwego rwo!-->!-->!-->!-->!-->…
MINEDUC yemeye kwishyura ikiguzi k’ingendo z’abanyeshuri bagomba gutangira gutaha none
Abanyeshuri batangiye gutaha ku kiguzi cya Leta.
Nyuma y'aho Y'uburezi mu Rwanda isabye ko abanyeshuri bacumbikiwe mu bigo bataha kubera kwirinda ubwandu bushya bwa Coronvirus, Leta yemeye ko igiciro cy'urugendo iri bucyishure ariko!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburyo bwo gutwara Abantu bahagaze muri za bus bwabaye buhagaritswe
RURA Imaze gusohora itangazo rihagarika uburyo abagenzi bagendaga bahagaze mu modoka mu rwego rwo kuganya ubwandu bushya bwa Coronavirus.
Nyuma y'aho umuntu umwe amaze kugaragaraho ubwandu bw'agakoko ka coronavirus mu Rwanda, Leta!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukecuru w’imyaka 73 akomeje gutangaza benshi bitewe n’uburyo yakoze umubiri
Umukecuru ugeze muzabukuru ukomoka muri Canada akomeje gutangaza benshi bitewe n'uburyo yakoze umubiri ashaje.
Uyu mukecuru wahoraga ahura n'ibibazo byo kugira umubyibuho ukabije n'umuvuduko w'amaraso yaje kugirwa inama ya kujya!-->!-->!-->!-->!-->…
Igisambo cyiyambitse nk’abaganga b’icyorezo cya Coronavirus kijya kwiba
Abantu bageze muzabukuru bagiriwe inama yo kwirinda abajura baza biyambitse nk'abaganga bita kubarwayi b'icyorezo cya Coronavirus mu mujyi wa Balcelona.
Ibi bije nyuma y'aho Polisi ivumburiye ko hari abiyambika nk'abaganga bakajya!-->!-->!-->!-->!-->…
Ni akumiro noneho! Bamuguye gitumo aha ibera umwana wa shebuja ngo amwanduze SIDA.
Umukozi wo mu rugo mu cyaro Cyaro cya Nyeri muri Kenya, Catherine Mbuyuka yaguwe gitumo ashaka konsa umwana wa shebuja ngo amwanduze agakoko gatera SIDA.
Uyu mukozi yabonwe na kamera zo mu rugo ku wambere w'iki cyumweru, ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministre w’Ubuzima mu Bwongereza Yishyize mu Kato nyuma yo kwandura Coronavirus
Ministre w'ubuzima mu gihugu cy'Ubwongereza yishyize mu kato mu nzu ye nyuma y'aho ibizamini bigaragaje ko yanduye indwara ya coronavirus.
Ministre w'ubuzima w'igihugu cy'Ubwongereza Madame NADINE DORRIES kuva kuri uyu wa kabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Coronavirus yatumye agace kose gasenywa abagera kuri 70 bahaburira ubuzima
Icyorezo cya coronavirus cyatumye agace kabura umutekano inyubako zirasenywa abagera kuri 70 bahaburira ubuzima mu Bushinwa.
Amashusho yiriwe azenguruka ku mbuga nkoranyambaga kuwa gatandatu yagaragaje imwe mu nyubako zo mu gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
KENYA:Umunyeshuri yafatiwe mu cyuho ari gusambanya Umugore wa Mwalimu we.
Umunyeshuri umwe wo muri Kaminuza ya Nairobi muri Kenya, yafatiwe mu cyuho, afatwa na mwarimu we ari kumusambaniriza umugore.
Iyi ni inkuru yakomeje gutambutswa ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere,!-->!-->!-->!-->!-->…
Icyoba ni cyose ku Banyarwanda nyuma y’aho umuntu wa 1 ufite Coronavirus abonetse muri RDC.
Ubwoba bumaze kuba bwinshi nyuma y'aho icyorezo cya "Coronavirus" kimaze kugera muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo.
Ministre w'ubuzima muri Repubulika iharanira demokrasi ya Congo yatangaje ko kuri uyu wa wakabiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukecuru n’umusaza bamaze imyaka 80 babana basobanuye ibanga bakoresheje ridasanzwe
Dogiteri Thomas Freeman na Clarise umwe afite imyaka 100 undi 99 ariko bose baracyakundana nkabana bato kuva mu 1943.
Uyu musaza nuyu mukecuru batuye Houston muri Amerika batangaje ko ibanga ryo kuba barambanye bigeze hano ari uko!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubukingirizo bwashize mu maguriro kuberako abaturage bari kubukoresha ku ntoki birinda Coronavirus
Mu gihe icyorezo cya Coronavirus gikomeje gukwirakwira hirya no hino kw'isi abaturage bo mu bihu bimwe na bimwe batangiye kwifashisha udukingirizo mu kwirinda mu gihe bagiye mu cyuma gifasha abantu kuzamuka cyangwa kumanuka mu nyubako!-->!-->!-->…