Browsing Category
Ubuzima
General Jacques Musemakweli wari umugenzuzi w’ingabo z’u Rwanda yitabye Imana.
Lieutenant General Jacques Musemakweli umwe mu basirikare bakuru mu ngabo z'u Rwanda yapfuye mu ijoro ryacyeye azize uburwayi butaratangazwa.
Umwe mu basirikare bakuru bo mu ngabo z'u Rwanda utifuje gutangazwa yabwiye BBC dukesha!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana Tuyishime yarohamye mu mugezi ubwo yageragezaga kurohora umwana w’umuturanyi.
Umugabo witwa Tuyishime yarohamye mu mugezi witwa Karandura wo mu Karere ka Nyamasheke ubwo yageragezaga gutabara umwana w'umuturanyi wari ugiye kurohama.
Urupfu rwa Bwana Tuyishime Emmanuel rwabaye kuri uyu wa gatatu mu masaha yo!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Akarere katangiye igikorwa cyo gutera umuti mu mazu y’abantu mu rwego rwo guhashya…
Umuyobozi w'Akarere ka Nyanza yatangije igikorwa cyo gutera imibu mu mazu mu rwego rwo kurandura malariya.
kuri uyu wa gatatu taliku ya 10 Gashyantare nibwo umuyobozi w'Akarere ka Nyanza, Bwana NTAZINDA Elasme yatangije igikorwa cyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Ishuri ryisumbuye ry’Abadivantisiti ry’i Gakoni ryafunzwe nyuma yaho…
Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) yemeje ko yafunze by’agateganyo Ikigo cy’ishuri cya Gakoni Advrntist College giherereye mu Murenge wa Kiramuruzi wo mu Karere ka Gatsibo bitewe n’imyitwarire idahwitse abanyeshuri biga kuri iryo shuri!-->!-->!-->…
Musanze: Batewe ubwoba n’indwara bashobora guterwa n’uducurama tubasanga mu nzu.
Abaturage bo mu Mujyi wa Musanze ahitwa muri Susa, baravuga ko bahangayikishijwe n’uducurama duturuka mu buvumo buri hafi aho bukabatera mu ngo zabo.
Aba baturage bari gutaka umutekano muke batezwa n’utu ducurama twirirwa mu buvumo!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: Umugabo yiyahuye nyuma y’uko umugore we amuciye inyuma akabyarana n’undi mugabo.
Umugabo w’imyaka 42 wari utuye mu Murenge wa Jarama mu Karere ka Ngoma, yasanzwe mu mugozi iwe mu nzu yiyahuye, bigakekwa ko yabitewe n’uko umugore we aherutse kwahukana akagaruka atwite inda y’undi mugabo.
Byabaye ku mugoroba wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Afrika yepfo yahagaritse gutera urukingo rwa “AstraZeneca” kubera ubwoko bushya bwa…
Africa yepfo yahagaritse by'agateganyo gahunda yo gutanga urukingo rwa Oxford-AstraZeneca nyuma y'uko inyigo y'uko rukora ku bwoko bushya bw'iyi virus itanze ibisubizo "bica intege".
Abahanga muri siyansi bavuga ko ubwoko bushya bwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzaniya n’u Burundi ntibiri ku rutonde rw’ibihugu bizahabwa inkingo za Covid-19.
Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima ku isi OMS/WHO ryatangaje umugambi w'agateganyo w'uko ibihugu bizahabwa inkingo za Covid-19 muri uyu mwaka, mu karere k'ibiyaga bigari Tanzania n'u Burundi ntibiri muri uwo mugambi.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyarwanda 7 barekuwe na Leta ya Uganda bavuze iyicwarubozo bakorewe.
Abanyarwanda barindwi, barimo umwana w’umuhungu w’umwaka umwe n’igice, baraye bageze mu Rwanda nyuma yo kurekurwa na Leta ya Uganda yari imaze igihe ibafungiwe muri gereza zitandukanye aho bakorewe iyicarubozo ryaviriyemo umwe ingaruka!-->!-->!-->…
Icyumweru kirashize Bwana Manasse wavugwaga kuba muri rimwe mu mashyaka atavuga rumwe na Leta…
Amakuru y’ibura rya Bwana NZABONIMPA Manasse wakoraga mu nzego z’ibanze muri kamwe mu turere twa hano mu Rwanda yatangiye kumenyekana mu mpera z'uku kwezi kwa mbere nko mu mataliki 27 Mutarama 2021, ashyizwe hanze na bamwe bo mu muryango!-->…
Agahinda ku nshuti n’abavandimwe ba Igihozo Gentille umaze Icyumweru aburiwe irengero
Amarira avanzemo n’agahinda nibyo wakiranwa n’inshuti z’umukobwa witwa Gentille IGIHOZO bivugwa ko amaze iminsi igera kuri irindwi yaraburiwe irengero, bikavugwa ko yaba yarashimuswe n’abantu bataramenyekana, ndetse na terefono ye!-->!-->!-->…
Mu Rwanda abanduye Coronavirus bashya ni 255 abapfuye ni 2
Itangazo rya Minisiteri y'ubuzi ryasohotse uyumusi rivugako abanduye uyumunsi ari 255 hapfuye2.
Iyimibare yaturustse hirya nohino mu gihugu. Kigali: 75, Nyamagabe: 25, Huye 22, Kayonza: 13, Kirehe: 13, Rusizi: 12, Nyanza: 12, Ngoma:!-->!-->!-->…
Ese kubera iki umujyi wa Kigali ukomeje kuza inyuma muri# Mituel na Ejoheza?
Abantu benshi bakomeje kwibaza impamvu abanyakigali aribo bakomeje kuza mu myanya y'inyuma mu kwizigamira(EjoHeza) ndetse n'ubwisungane mu kwivuza(Mituel de Sante).
Muri gahunda ya EjoHeza uturere tw'umujyi wa kigali twose turi mu!-->!-->!-->…
Covid-19 yahitanye abantu 7 handura 204
Itangazo rya Minisiteri y'ubuzima ryasohotse uyumunsi rivuga ko hapfuye abantu 7 hakandura abantu 204
Kigali: 72, Ruhango: 62, Gicumbi: 18, Rwamagana: 10, Kirehe: 10, Karongi: 7, Kamonyi: 7, Ngoma: 5, Nyagatare: 4, Nyamasheke: 3,!-->!-->!-->…
Bamwe mu baganga batangiye kwiba inkingo za Covid-19 bakaziha abo bafitanye isano
Uyu mu dogiteri witwa Dr Hasan Gokal akurikiranyweho icyaha cyo kwiba agacupa karimo doze 9 z’urukingo rwa Covid-19 rwari rugenewe abababaye kurusha abandi ajya kurwihera abagize umuryango we n’inshuti ze.
Uyu muganga yibye!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…