Browsing Category
Ubuzima
Nyanza: Ibyishimo bya rubanda nyuma yo kuvanwa mu kato.
Nyuma y'igihe bari bamaze bari mu kato, abaturage b'i Nyanza bari mu byishimo bidasanzwe.
Nyuma y'amezi atari make abaturage bo mu Karere ka Nyanza barashyizwe mu kato mu rwego rwo kwirinda no gukumira ubwandu bwa virusi ya Corona,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Amashirakinyoma kuri ba Gitifu 2 bivugwa ko biyirukanye ku kazi.
Nyuma yaho ubuyobozi bw'Akarere bwemeje ko ba Gitifu babiri bihagaritse ku mirimo, hari abavuga ko atari byo ko ahubwo bahatiwe kwegura
Ku munsi w'ejo ku wa mbere nibwo Ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza bwemeje ko bwakiriye amabaruwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Agahinda ka Senkoro wavukanye uburwayi bw’uruhu.
Senkoro Perpetua ni umugore w'abana 2 wavukanye uburwayi bw'uruhu benshi bakunze kwita Nyamweru, yavuze agahinda n'ipfunwe yaterwaga n'ubwo burwayi.
Senkoro yavuze ko yisanze mu buzima bw'ipfunwe n'ikimwaro, ku buryo kesnhi yajyaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Facebook yafunze urukuta rwa Nicholas Maduro mu gihe cy’iminsi 30
Ubuyobozi bwa Facebook bwatangaje ko bwabaye bufunze urukuta rwa facebook rwa prezida wa Venezuela Bwana Nicholas Maduro nyuma yo gukwirakwiza ibihuha kuri covid-19.
Ubuyobozi bwa facebook bwemeje iby'aya makuru mu rukerera rwo kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Didier Ratsiraka wigeze kuyobora Madagascar imyaka 23 yitabye Imana
Didier Ratsiraka wayoboye igihugu cya Madagascar imyaka 23 yose yatabarutse ku myaka 84 y'amavuko.
Amakuru y'urupfu rw'uno mugabo wayoboye igihugu cya Madagascar imyaka 23 muri bihe bibiri bitandukanye yamenyekanye mu gitondo cyo!-->!-->!-->!-->!-->…
Gloria: Ubusobanuro bw’amakimbirane mu bantu.
Sobanukirwa n'icyo aricyo amakimbirane nka kimwe mu bibazo bigoye imiryango n'isi muri rusange.
Uramutse uri umuntu ukunda gusoma ibinyamakuru byo mu Rwanda ndetse n'ibyo hanze, biragoye ko wamara icyumweru cyose utarabona inkuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Bakame yongeye atsinda Rayon Sport mu bujurire ayicisha ibindi bihumbi 800
Ndayishimiye Eric Bakame yongeye atsinda ikipe ya Rayon Sport mu rubanza rw'ubujurire bituma ikipe yongera gucibwa akandi kayabo.
Ikipe ya Rayon Sports FC yongeye gutsindwa mu rukiko rw’ubujurire n’uwahoze ari umunyezamu wayo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Leta yasubije muri gahunda ya gumamurugo tumwe mu duce tw’igihugu harimo na Nairobi.
Ubwiyongere bw'ubwandu bushya bwa Covid-19 bwatunye Leta ya Kenya isubiza tumwe mu duce tw'igihugu harimo na Nairobi muri gahunda ya gumamurugo
Leta y'igihugu cya Kenya yahagaritse ingendo ziva cyangwa zijya mu Ntara eshanu!-->!-->!-->!-->!-->…
Magufuli n’abantu baguye mu muvundo bari kumusezera barashyingurirwa rimwe
Abantu batanu bo mu muryango umwe baguye mu mubyigano wo gusezera ku wahoze ari Perezida wa Tanzania, Dr.John Pombe Magufuli, uherutse kwitaba Imana, barashyingurirwa rimwe na we kuri uyu wa Kane.
The Citizen yanditse ko Susan Mtuwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Emmanuel w’umukinishi yiyahuye nyuma yo kuvuga ko arambiwe kubaho.
Umugabo witwa Emmanuel Ndayisaba w'imyaka 27 basanze yiyahuye umurambo we bawusanga ku muhanda nyuma yo kwirirwa avuga ko yumva arambiwe kubaho ku isi y'agahinda
Umusore witwa Ndayisaba Emmanuel uri mu kigero k'imyaka 27 wari utuye!-->!-->!-->!-->!-->…
Covid: Igerageza ry’urukingo rwa AstraZeneca muri USA ryemeje ko nta kibazo rufite
Ibipimo byari bitegerejwe byo muri Amerika ku rukiko rwa AstraZeneca byasohotse, byemeza ko uru rukingo rwizewe kandi rukora neza.
Abantu barenga 32,000 bakoreweho isuzuma, benshi muri Amerika, hamwe n'abo muri Chile na Peru.
Uru!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Ba “midugudu” bitezweho kunoza inshingano nyuma yo guhabwa tel zigezweho
Abakuru b'imidugudu 533 bo mu Karere ka Ruhango bahawe tel zigezweho bavuga ko zizabafasha kunoza akazi kabo mu buryo bwihuse.
Abakuru b’Imidugudu 533 igize Akarere ka Ruhango bahawe telefoni zigezweho (Smart Phones) zo kubafasha mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali: Rurageretse hagati y’umurenge wa Kanombe n’abakora umwuga w’uburaya nyuma…
Ruragetse hagati y'abagore bakora umwuga w'uburaya bavuga ko babangamiwe n'icyemezo cy'Umurenge kibaha igihe ntarengwa cyo kuba bimutse (Photo:Isano)
Abakora uburaya mu Murenge wa Kanombe mu Karere ka Kicukiro, mu midugudu ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Brazzaville: Umukandida ukomeye utavuga rumwe na Leta yapfuye azize covid-19
Umukandida ukomeye utavuga rumwe n'ubutegetsi muri Congo-Brazzaville yatabarutse nyuma yo kujyanwa mu bitaro mu Bufaransa kubera Covid-19, nk'uko bivugwa na radio mpuzamahanga y'Abafaransa RFI.
Ku cyumweru nimugoroba nibwo yajyanywe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Habonetse ubundi bwoko bwa Covid-19 bitera impungenge MINISANTE
Amoko mashya ya Covid-19 yabonetse bwa mbere mu Bwongereza no muri Africa y'Epfo yabonetse no mu bipimo byafashwe mu Rwanda, nk'uko byemejwe na minisitiri w'ubuzima.
Inzobere mu buzima zivuga ko amoko mashya ya Covid-19 ariyo ari!-->!-->!-->!-->!-->…