Browsing Category
Ubuzima
Pr. KARURANGA wahoze ayobora kaminuza ya Kibungo UNIK arashinjwa ibyaha by’ubutekamutwe
Abaturage bo mu Murenge wa Gashanda mu Karere ka Ngoma mu Ntara y’Iburasirazuba, bashinje uwahoze ayobora Kaminuza ya Kibungo, UNIK, Prof Karuranga Egide, kubatekera umutwe maze agatanga amasambu yabo nk’ingwate ya banki kandi!-->!-->!-->…
Abantu 52 bakize abandi 21 bandura Covid-19
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko uyu munsi tariki ya 27 Ugushyingo 2020, abantu 21 basanganywe ubwandu bwa Coronavirus, mu gihe abandi 52 bayikize,mu bipimo 2,761 byafashwe mu masaha 24 yashize.
Abarwayi bashya basanzwe Kigali: 4,!-->!-->!-->…
Umukozi yasambanyije abana b’abakobwa 3 bavukana b’aho yakoraga abatera inda bose babyara impanga
Umugabo wakoraga akazi ko gukorera ubusitani mu rugo rumwe rwo mu ntara ya Tana River mu gihugu cya Kenya yateye inda abakobwa 3 bo mu rugo yakoragamo bose babyara abana b’impanga mu bitaro bya Garissa.
Ikinyamakuru Nairobi News kivuga!-->!-->!-->…
Abaruwa y’agahinda mwalimu TWIZERIMANA Yasize yanditse mbere yo kwiyahuza umuti…
Umwarimu witwa INNOCENT TWIZERIMANA yiyahuye akoresheje umuti wica imbeba, asiga yanditse impamvu yiyahuye ndetse asiga ahaye inama abakiri bato.
Inkuru y'urupfu rw'Umwarimu ku ishuri ribanza rya Ruyange utuye mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Meteo Rwanda yaburiye Abanyarwanda ko imvura izaba nyinshi kuno kwezi
Ikigo k’Igihugu gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere (Meteo Rwanda) cyatangaje ko mu gice cya gatatu cy’ukwezi k’Ugushyingo 2020, ni ukuvuga hagati y’itariki ya 21 n’iya 30, mu Rwanda hateganyijwe imvura iri hagati ya mirimetero 40 na 150!-->!-->!-->…
Huye: Abaturage bahumurijwe ko ntawe igishushanyo mbonera kizasenyera cyangwa giheza
Ubuyobozi bw’Akarere ka Huye buvuga ko igishushanyo mbonera kiri gutegurwa kizagenderwaho kuzageza mu mwaka w’2050, nta we kizirukana mu mujyi kuko ntawe giheza.
Umuyobozi w’Akarere ka Huye wungirije ushinzwe ubukungu, André Kamana,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Mu mezi 10 ashize gusa habaye impanuka 3000
Imibare itangwa na Polisi y’Igihugu igaragaza ko kuva muri Mutarama kugeza mu Ukwakira 2020, habaye impanuka zo mu muhanda zirenga ibihumbi bitatu zihitana abantu 500 naho abarenga ibihumbi bibiri barakomereka.
Byatangajwe!-->!-->!-->!-->!-->…
COVID-19 ikomeje kwibasira amagereza mu Rwanda.
Mu gihe Imibare y'abanduye coronavirus ikomeje kwiyongera ku isi no mu Rwanda, biragaragara ko kuri ubu iri kwibasira amagereza cyane kuruta uko iri hanze.
Mu minsi ishize imibare y'abandura covid-19 yari ikomeje kugabanuka ku buryo!-->!-->!-->!-->!-->…
Breaking News: Hatangajwe ko urukingo rwa mbere rwa Covid-19: rutanga 90% ry’ubwirinzi.
Isesengura ry'ibanze ryerekanye urukingo rwa mbere rushobora kurinda umubiri w'umuntu kwandura Covid-19 ku kigero cya 90% .
Kompanyi zarukoze - Pfizer na BioNTech - zavuze ko uyu ari "umunsi ukomeye kuri siyanse n'abantu".
Zivuga ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyeshuri 20 bafashwe bari gusambanira mu macumbi y’abakobwa
Abanyeshuri bagera kuri 20 biga mu ishuri ryisumbuye rya Loreto i Silobela, mu Ntara ya Midland, bahagaritswe nyuma yo gufatwa n’intoki bakora “imibonano mpuzabitsina” mu icumbi ry’ishuri.
Umwe muri bo ngo yagiye mu myigaragambyo!-->!-->!-->…
Nyagatare: Abarimu bararira ayo kwarika nyuma y’aho ibigo bigishagaho bihagaze gukora
Abarimu bigishaga mu bigo by’amashuri byafunze imiryango mu Karere ka Nyagatare, baratangaza ko bari mu gihirahiro kuko batigeze bamenyeshwa ko akazi kahagaze burundu, ndetse bakaba bataranishyuwe ibirarane baberewemo.
Umwarimu!-->!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Abana babiri bavukana bapfuye bishwe n’imyumbati.
Abana babiri bapfuye bishwe n’imyumbati mu gihe undi wa gatatu we arembye aho bivugwa ko bayiriye bayicukuye mu murima.
Muri aba bana bose uko ari batatu, babiri baravukana. Mu bapfuye harimo ufite imyaka itanu n’undi ufite umunani,!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Abakobwa 243 b’abanyeshuri batewe Inda mu gihe cya #Gumamurugo#
Mu karere ka Muhanga, raporo zatanzwe n’abayobozi b’ibigo by’amashuri zerekana ko abakobwa 243 babaruwe mu mirenge yose y’aka akarere, batewe inda hagati mu mezi bamaze batiga bakiri iwabo.
Aba badepite bari i Muhanga mu rwego rwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda: Coronavirus yibasiye abakinnyi 11 b’ikipe y’Amagaju
Ubuyobozi bw’Ikipe y’Umupira w’Amaguru ya Amagaju FC, bwatangaje ko abakinnyi bayo 11 banduye Coronavirus ndetse ko bari mu mubare w’abo Minisiteri y’Ubuzima yaraye itangaje ko banduriye mu Karere ka Nyamagabe.
Mu mibare yatangajwe!-->!-->!-->!-->!-->…