Browsing Category
Ubuzima
Ibitaro byo mu Turere n’ibyo mu mujyi wa Kigali byatangiye gutanga inkingo za Covid-19
Bimwe mu bitaro byo mu ntara no mu mujyi wa Kigali byatangiye igikorwa cyo gutera abaturage inkingo za covid-19.
Ku wa Gatatu nibwo u Rwanda rwakiriye inkingo 342.960 zanyujijwe muri gahunda ya Covax, zaje mu byiciro bibiri kandi mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: Ihuriro ry’abaganga b’abakristo babujije rubanda gukoresha urukingo rwa Covid-19
Ihuriro ry'abaganga b'abakristu gatolika muri Kenya ryasohoye itangazo riburira abantu ku nkingo za Covid-19, rivuga ko urwo rukingo rudakenewe.
Uruganga rw'abaganga b'abakristo bo mu gihugu cya Kenya rwamaganye urukingo rwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Hifashishije kajugujugu mu kugeza inkingo za covid-19 mu bice by’icyaro
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko kuva mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya 4 Werurwe 2021, inkingo z’Icyorezo cya COVID-19 zakwirakwijwe mu Gihugu hose ndetse ikaba zirara zigejejwe ku bitaro by’Uturere n’iby’Intara bisaga 50,!-->!-->!-->…
Ubushinjacyaha bwasabiye Madame IDAMANGE Yvonne gufungwa imyaka 30
Ubushinjacyaha bwasabiye Idamange Iryamugwiza Yvonne, gufungwa by’agateganyo mu gihe cy’iminsi 30 kubera uburemere bw’ibyaha bikomeye ashinjwa. Uyu mubyeyi w’imyaka 42 we aburana ahakana ibyo ashinjwa byose, ko ibyo yavuze byose!-->!-->!-->…
Madame IDAMANGE Yvonne yahakanye ibyaha byose ashinjwa.
Madame Yvonne IDAMANGE wagejejwe mu rukiko uyu munsi yahakanye ibyaha byose ubushinjacyaha bumurega.
Yvonne Idamange Iryamugwiza wamenyekanye nyuma yo gutangiza 'channel' kuri YouTube anenga ubutegetsi bw'u Rwanda akaza gufungwa,!-->!-->!-->!-->!-->…
Interpol yataye muri yombi abakwirakwiza inkingo mpimbano za covid-19
Polisi y'Ubushinwa na polisi y'Afurika y'epfo zafashe doze zibarirwa mu bihumbi z'inkingo mpimbano za Covid-19 ndetse zita muri yombi abantu babarirwa muri za mirongo, nkuko polisi mpuzamahanga Interpol ibivuga.
Mu Bushinwa, polisi!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudani y’epfo: Covid-19 yahitanye aba jenerari 3
Igisirikare cya Sudan y'Epfo cyatangaje urupfu rw'aba jenerari batatu bahitwanywe na Covid-19.
Abasirikare barasabwa zo kwirinda kwandura coronavirus
Cyavuze ko abo batatu ari David Manyot Barach, Elijah Alier Ayom na Mabior Maket
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Abagore 3 bateraniye undi mugore baramudiha bamusuka urusenda n’umucanga mu gitsina
Polisi yo mu gihugu cy'U burundi yataye muri yombi itsinda ry'abagore batatu bishyize hamwe ngo bajye bahana abagore batwara abagabo b'abandi.
Polisi yo mu gihugu cy'Uburundi ikorera mu Ntara ya Gitega yataye muri yombi kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Joel w’imyaka 13 yiyahuye nyuma yo gutsindwa ikizamini cy’Imibare.
Umwana w'umuhungu uri mu kigero cy'imyaka 13 yiyahuye kubera agahinda ko gutsindwa ikizamini cy'imibare.
Umwana w'umuhungu ufite imyaka 13 y'amavuko ukomoka mu gihugu cya Zambiya yaraye yiyahuye arapfa nyuma y'aho atsinzwe ikizamini!-->!-->!-->!-->!-->…
Karongi: Bwana Thomas yapfuye yiyahuye nyuma yo gushyamurana na se akamwicisha agafuni.
Umugabo w’imyaka 47 wo mu Murenge wa Mutuntu yaguye mu Bitaro bya Kigali CHUK mu ijoro ryo kuri uyu wa 01 Werurwe 2021 nyuma yo gushyamirana n’umuhungu we akamukomeretsa bikomeye, umuhungu we na we bamusanze yiyahuye nyuma yo gutoroka!-->!-->!-->…
Ghana: Prezida Nana yibwiye abaturage ko urukingo rwa covid-19 rutagamije kubica.
Mu gihe Ghana igiye gutangira gahunda yo gukingira Covid-19, perezida w'iki gihugu yashishikarije abaturage kwemera kuruterwa kuko rutaje kumaraho abanyafurika, nk'uko ngo hari amakuru y'impuha abivuga.
Ibihugu 24 bya Africa vuba!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Gitifu Obed wari ukurikiranyweho icyaha cya ruswa yarekuwe nyuma y’amazi 3 ari mu…
Gitifu NIYOBUHUNGIRO Obed wari umaze amezi agera kuri atatu mu gihome kubera icyaha cya Ruswa, urukiko rwamurekuye.
Urukiko rw’Ibanze rwa Gacurabwenge rwarekuye Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Ngamba mu Karere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwagejeje ku bipimo bya covid-19 miliyoni
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko abantu 136 banduye Covid-19, abakize ni 23 ntawahitanywe n’icyorezo mu gihe ibipimo byafashwe muri rusange byageze kuri miliyoni.
Ibipimo 4 163 byafashwe none ni byo byabonetsemo abantu 136 banduye,!-->!-->!-->!-->!-->…
Inteko y’umuco yashyize hanze igitabo gishya k’ikibonezamvugo.
Inteko y’Umuco (RCHA) yamuritse igitabo cy’Ikibonezamvugo (Grammar/ Grammaire) kizifashishwa n’amashuri mu bijyanye n’imyigishirize y’Ikinyarwanda n’Abanyarwanda muri rusange bakaba bakifashisha. Hari gahunda yo kugikwirakwiza kugira!-->!-->!-->…
“Ndi Umfubyi ya LONI yashimuswe azanwa mu Rwanda” RUSESABAGINA
Urubanza mu mizi rwa Paul Rusesabagina n'abantu 20 bareganwa rwibanze ku nzitizi yatanze avuga ko urukiko rukuru rudafite ububasha bwo kumuburanisha kuko atakiri umunyarwanda.
Ni urubanza bigaragara ko rushobora kuzatinda. Abaregwa!-->!-->!-->!-->!-->…