Browsing Category
Umutekano
Huye: Abajura biraye mu kiliziya biba Taberinakuro na ukarisitiya
Taberinakuro (tabernacle) yo muri Chappelle y’Ikigo cyita ku basheshe akanguhe gicungwa n’ababikira b’Abizeramariya i Tumba mu Karere ka Huye, yibwe.
Padiri Mukuru wa Paruwasi Cathedrale ya Butare, Pierre Celestin Rwirangira ntabwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Burera: Babiri bafatanywe magendu n’ibicuruzwa bitemewe mu gihugu
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Burera, yafashe abantu babiri bari binjije mu Rwanda magendu y’ibicuruzwa bitandukanye n’amashashi ibihumbi 80.
Abafashwe ni umusore ufite imyaka 20 y’amavuko wafatanywe!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 iravuga ko yigaruriye Mweso, ikaba iri gusatira Masisi
M23 ikomeje kuganza ingabo za MONUSCO, FARDC, Wazalendo n’indi mitwe yifatanyije ngo iyibuze kwigarurira ibice bya Masisi na Goma, aho kuri iyi nshuro uyu mutwe ugeze mu gace ka Kalenga mu birometero 20 uvuye mu bice bya Sake ho muri!-->!-->!-->…
Rusizi: Abasore 2 bo mu itisinda ry’abiyise “abamen” bafungiwe gutekera umutwe…
Munyaneza Fabien w’imyaka 26 na Tuyizere Schadrack w’imyaka 18 batawe muri yombi bakekwaho ubwambuzi bushukana bukokesheje telefoni igendanwa.
Bafatiwe mu Mudugudu wa Ryamaraza, Akagari ka Ryamuhirwa, Umurenge wa Nkungu, Akarere ka!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Evariste wiyitaga umukozi wa Ngali agacucura abaturage yafatiwe mu cyuho
Muragijimana Evariste w’imyaka 30 yafatiwe mu cyuho yambura umucuruzi amafaranga y’u Rwanda 10,000 yiyitirira umukozi w’Ikigo Ngali gisoresha imisoro y’Inzego z’ibanze.
Uyu mugabo yatawe muri yombi nyuma y’amakuru yatanzwe n’umwe mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Umugore n’umwana we mu bafatanywe ibilo 105 by’urumogi
Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’abaturage mu Karere ka Rwamagana yafashe abantu batatu barimo umugore n’umwana we, bari bafite urumogi rupima ibilo 105.
Bafatiwe mu Kagari ka Ntunga mu Murenge wa Mwurire ku Cyumweru tariki ya 19!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Abasore n’inkumi babanaga mu nzu imwe bakekwaho gucukura amazu batawe muri yombi
Abasore bane n’abakobwa bane babana mu nzu imwe mu Karere ka Muhanga, batawe muri yombi bakekwaho ubujura burimo gutobora inzu z’abaturage ndetse no kwambura abaturage utwabo ku muhanda
Amakuru y’ifatwa ry’aba basore n’inkumi!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Bwana Irafasha yatawe muri yombi azira gukubita umugabo akekaho kumuca inyuma
Umugabo wo mu Murenge wa Rugendabari mu Karere ka Muhanga, afungiye kuri RIB Sitasiyo ya Mushishiro mu Murenge wa Mushishiro, azira gukubita no gukomeretsa mugenzi we akeka ko amusambanyuriza umugore, nyuma yo kubasangana iwe mu rugo.
!-->!-->!-->!-->…
Musanze: Abagore 2 bafatiwe mu cyuho bagiye kwiba umunyamahanga wiga muri INES
Mu Kagari ka Rwambogo, Umurenge wa Musanze Akarere ka Musanze, haravugwa inkuru y’abagore babiri bafunzwe, nyuma yo gufatirwa mu gipangu biba umunyeshuri w’umunyamahanga wiga muri INES-Ruhengeri, witwa Nelson Fredericko Angelo.
!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: M23 yagaragaje abasirikare yafatiye ku rugamba harimo n’Abarundi
Umutwe wa M23 umaze igihe mu ntambara n'ingabo za Leta ndetse n'indi mitwe ishamikiye kuri FARDC wagaragaje bamwe mu basirikare wafatiye ku rugamba harimo n'Abarundi.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri taliki ya 7 Ugushyingo!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Yafatanywe amafaranga y’amiganano amwe ahita ayatamira arayamira
Ngendahayo Dieudonné w’imyaka 30, ubwo yari arimo anywa urwagwa mu kabari k’uwitwa Twagiramungu Hesron, mu Mudugudu wa Murangi, Akagari ka Kamurera, Umurenge wa Kamembe mu mujyi wa Rusizi, yishyuye amafaranga 3000 yari amaze kunywera,!-->!-->!-->…
Igihirahiro kivanzemo agahinda ku nshuti n’ababyeyi ba Niyigena Samuel umaze amezi 7 aburiwe…
Abakunzi ndetse n’abanyamuryango ba Samuel baravuga ko bamaranye amezi arenga arindwi impungenge n’igihirahiro byose bivanzemo agahinda baterwa n’ibura ry’umuvandimwe wabo witwa Samuel niyigena waburiwe irengero.
Umunsi ku wundi,!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Bwana Minani yiyahuye nyuma yo kwica umugore we akoresheje ishoka
Umugabo witwa Minani Theogene w’Imyaka 48 wo mu Mudugudu wa Cyarutare , Akagari ka Nyamirama mu Murenge wa Muhanga w’Akarere ka Muhanga, arakekwaho kwica umugore we witwa Mujawamaliya Seraphine amukubise ishoka, na we agahita yimanika!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Uwimana w’imyaka 50 wicururizaga imineke yishwe n’abagizi ba nabi
Uwimana Belancille w’imyaka 50 y’amavuko, wibanaga mu Mudugudu wa Muramba, Akagari ka Gisoke, Umurenge wa Mahembe, Akarere ka Nyamasheke yasanzwe ku buriri aryamaho yapfuye bikekwa ko yishwe n’abagizi ba nabi.
Abagizi ba nabi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umugabo w’imyaka 33 akurikiranyweho kwica umugore we w’imyaka 37
Musanabandi Madeleine w’imyaka 37 y’amavuko yasanzwe mu buriri bw’icyumba araranamo n’umugabo we yapfuye, hakekwa umugabo we wahise atabwa muri yombi.
Byabereye mu Mudugudu wa Rukaragata, Akagari ka Kagarama, Umurenge wa Mahembe,!-->!-->!-->!-->!-->…