Browsing Category
Umutekano
Umuvungizi wungirije wa ADEPR aramagana amakuru avuga ko yahagaritswe mu itorero
Rev Karangwa John yateye utwatsi amakuru yavuga ko yahagaritswe ku mirimo ye bitewe n’ibyaha akurikiranyweho mu butabera byo gukoresha inyandiko mpimpano ariko we avuga ko akiri mu nshingano kuko nta baruwa izimukuraho yahawe.
Rev.!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Abagabo babiri bakwirakwizaga urumogi i Rubavu batawe muri yombi
Abapolisi bo mu ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) bafashe abagabo babiri bakekwaho gukwirakwizaga urumogi mu baturage barukuye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho bafatanwe ibiro 10!-->!-->!-->…
Musanze: Ba Gitifu babiri bakekwaho guhohotera umuturage batawe muri yombi.
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busogo, Nsengimana Aimable, ukurikiranyweho gukomeretsa bitari ku bushake, gutwara no gufungira umuntu ahantu hatemewe.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Kirehe: Madame Julienne yishe umugabo we afatanije n’abana be batatu
Mu Murenge wa Gatore, umuryango bivugwa ko wabanaga mu makimbirane, umugore n’abana be 3 bafatanyije mu kwica uwari umugabo we, ndetse akaba yari Se w’abo bana.
Byabereye mu Kagari ka Rwantonde, Umudugudu wa Cyiha, mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Evode w’imyaka 9 y’amavuko yishwe atewe ishoka mu mutwe.
Umwana w'imyaka icyenda y'amavuko yatewe ishoka mu mutwe bimuviramo gupfa.
Amakuru yavuye kuri bamwe mu baturage batuye mu mudugudu wa Gisura, akagali ka Cyaruzinge mu Murenge wa Ndera ho mu Karere ka Gasabo haravugwa amakuru!-->!-->!-->!-->!-->…
USA: Hafashwe ibaruwa yari irimo uburozi bwohererejwe prezida Trump
Abashinzwe umutekano wo prezida Donald Trump batangaje ko hari ibaruwa yafashwe irimo uburozi bwari bwohererejwe prezida Trump.
Mu ntangiriro z'icyumweru gishize nibwo abashinzwe uburinzi bwa prezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Haravugwa ubujura bw’inka bukoranwa ubugome ndengakamere
Mu karere ka Nyanza haravugwa ubujura bw'inka bukoranwa ubugome ku buryo abajura bajugunya mu misarani izo bateshejwe
Ku munsi w'ejo kuwa gatandatu taliki ya 19 Nzeli abaturage bo mu murenge wa Busasamana mu Kagari ka Kavumu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ukwezi kurashize mwalimu Francois afunze azira gusuzugura umu Youth volunteer
Ukwezi kutashize bwana Francois MPAYIMANA ushinzwe amasomo muri GS NGARAMA afungiye kuri station ya polisi ya Shyorongi azira gusuzugura umwe mu rubyiruko rw'abakorerabushake.
Ukwezi kwa munani ku italiki ya 18 nibwo Bwana FRANCOIS!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Umukobwa w’imyaka 26 yafatanywe inoti 37 z’Amadorari y’amahimbano
Uwitwa Muhawenimana Claire w’imyaka 26 y’amavuko yafatiwe mu murenge wa Gisenyi mu karere ka Rubavu,afite inoti z’ijana 37 z’amadorali y’Amerika y’amahimbano avuga n’abandi babiri bafatanyaga.
Yafashwe na polisi y’u Rwanda ikorera!-->!-->!-->!-->!-->…
Pasiteri uzwi ku izina rya Sylvester Ofori yatawe muri yombi nyuma yo kwica umugore we amurashe
Umupasitori uzwi cyane wo muri America witwa Sylvester Ofori yatawe muri yombi nyuma yo kurasa umugore we Barbara Tommey ahita apfa.
Pasiteri Sylvestre Ofori, umwe mu ba pasiteri bazwi cyane muri Amerika ariko akaba akomoka mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: Mu bihe bitandukanye Polisi yafashe abakwirakwizaga urumogi mu baturage
Ku bufatanye n’abaturage, Polisi y’u Rwanda ikomeje ibikorwa byo kurwanya abakwirakwiza ibiyobyabwenge mu gihugu. Ni muri urwo rwego mu bihe bitandukanye n’ahantu hatandukanye mu karere ka Rubavu mu mpera z’iki cyumweru dusoje abantu!-->!-->!-->…
Nyanza: Mudugudu yeguye ku mirimo ye nyuma yo gufatanwa inzoga y’igikwangari
Bwana Furaha Joseph wayoboraga Umudugudu wa Baye mu Kagali ka Cyotamakara mu Murenge wa Ntyazo mu Karere ka Nyanza yeguye nyuma yo gufatwa acuruza inzoga zitemewe zitwa ibikwangari.
FURAHA Joseph wari usanzwe ayobora umudugudu wa wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yatesheje abagabo bashakaga kwinjiza urumogi barunyujije muri “kizimyamoto”
Polisi ikorera mu Karere ka Rubavu yatesheje abagabo babiri barimo kwinjiza mu Gihugu urumogi, bari barushyize mu byuma bitatu byifashishwa mu kuzimya inkongi z’umuriro (fire extinguisher cylinders). Bari mu Murenge wa Gisenyi mu!-->!-->!-->…
Polisi yahumurije abaturage ko batazongera guhohoterwa n’abayitirirwa
Polisi y’u Rwanda irongera kwizeza abaturage ko batazongera guhohoterwa n’abayitirirwa bakoresha imbaraga z’umurengera mu kwica abantu bafunzwe cyangwa abafatiwe mu makosa.
Nyuma yo kubisabwa n’inzego ziyikuriye, Polisi y’u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi y’igihugu mu Rwanda igiye guhagurukira abapolisi bayo bamaze iminsi barasa abantu mu…
Nyuma yo kubisabwa n’inzego ziyikuriye, Polisi y’u Rwanda yatangaje uburyo igiye guca ibikorwa na bamwe mu bapolisi bayihesha isura mbi, bakoresha ingufu z’umurengera ku bakurikiranyweho ibyaha.
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP!-->!-->!-->!-->!-->…