Browsing Category
Umutekano
Rwanda: Abagabo baza ku isonga mu kwica abo bashakanye.
Imibare igaragazwa n'Urwego rw'igihugu rw'Ubugenzacyaha RIB yerekana ko muri 2019 abagabo 49 ari bo bishe abagore babo na ho abagore 14 na bo bica abagabo.
Abahanga mu birebana no gukumira no guhosha amakimbirane bemeza ko ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyamirambo: Imibiri isaga 100 y’abishwe muri Genocide niyo imaze kuboneka mu rugo…
Imibiri isaga ijana y'abishwe muri genoside yakorewe abatutsi muri 1994 niyo imaze kuboneka mu byobo bibiri biri mu rugo rw'uwitwa Francois Simbizi i Nyamirambo.
Mu gihe cy’iminsi ibiri habonetse ibyobo bibiri byajugunywemo imibiri!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi Bwana TUYISENGE wagurishaga imiti itemewe mu Rwanda
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda ruramenyesha ko rwataye muri yombi umugabo wagurishaga imiti y'isuku itemewe gukorera mu Rwanda
Urwego rw'ubugenzacyaha mu Rwanda RIB rwatangaje ko rwafashe Bwana Tuyisenge Jean Claude!-->!-->!-->!-->!-->…
Bujumbura: Igisasu cya Grenade cyaturikanye abana batatu barapfa abandi barakomereka
Igisasu cyo mu bwoko bwa grenade kishe abana batatu abandi benshi barakomereka ubwo abo bana bariho bareba tereviziyo
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki ya 13 Kanama mu mugi wa Bujumbura igisasu cyo mu bwoko bwa grenade cyatewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Kayonza: Umuyobozi w’ishuri na mwarimu bakurikiranyweho kwiba ibikoresho by’ubwubatsi
Umwarimu n'umuyobozi w'urwunge rw'amashuri rwa mukarange ruherereye mu murenge wa Mukarange mu karere ka Kayonza batawe muri yombi bakurikiranyweho kwiba ibikoresho byo kubakisha ibyumba by'amashuri ku kigo babereye abayobozi.
Uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abasirikare ba Uganda baregwa guha amakuru u Rwanda bashobora kuzahanishwa ‘urupfu’
Itsinda ry’abasirikare n’abapolisi barindwi (7) bo muri Uganda bakurikiranyweho guha amakuru y’ibanga inzego z’ubutasi z’u Rwanda, batangiye kuburana mu gihe itegeko ry’igisirikare cya Uganda giteganya igihano gikomeye kirimo n’urupfu.!-->!-->!-->…
Bwana Dominique yarashwe arapfa ubwo yageragezaga gucika inzego z’umutekano
Polisi y’u Rwanda ivuga ko yarashe umugabo witwa Dominique Ndahimana wari ushatse kuyitoroka ahita apfa, Yari afungiye i Ndera mu Karere ka Gasabo, ngo barashwe batorotse abarinzi. Yarasanywe na mugenzi we witwa Jean Claude!-->!-->!-->…
Rusizi: 24 baraye batawe muri yombi bari mu masengesho mu mashyuza
Polisi y'u Rwanda yatangaje ko mu rukerera rwo kuri uyu iki cyumweru tariki ya 9 Kanama Polisi ikorera mu karere ka Rusizi mu murenge wa Nyakabuye mu kagari ka Mashyuza Polisi yahafatiye abantu 24 barimo gusenga binyuranyijwe!-->!-->!-->…
Bwana Célestin washakiraga isoko abakobwa bagakoreshwa ubusambanyi yeretswe itangazamakuru
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere RIB yeretse itangazamakuru umugabo witwa Celestin ukurikiranyweho icyaha cyo gusahakira isoko abana b'abakobwa bakajya mu busambanyi.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 10 Kanama Urwego!-->!-->!-->!-->!-->…
Niger: Abitwaje intwaro bishe Abafaransa batandatu bakorera umuryango ufasha
Abantu bitwaje ibirwanisho baraye bateye itsinda ry'abakozi b'umuryango ufasha w'Abafaransa bica batandatu, umuntu wariho abayobora ndetse n'umushoferi wabo.
Aba bantu baje kuri za moto barasa nk'uko Tidjani Ibrahim guverineri!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga: Gitifu yafatiwe mu cyuho yakira ruswa y’ibihumbi 200
Urwego rw’Ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Akagari ka Butare mu Murenge wa Kabacuzi mu Karere ka Muhanga, bumukekaho kwakira ruswa y’ibihumbi 200 Frw.
Umuvugizi w’umusigire wa RIB, Dominique!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo yaciye umutwe nyirakuru amuziza ko yamwimye umugabane ariguhigwa bukware!
Umugabo wo mu karere kitwa Ibanda mu gihugu cya Uganda witwa James Asiimwe ari guhigwa bukware nyuma yo guca umutwe nyirakuru amuziza ko yamwimye ubutaka.
Police ikomeje kumushakira kutamubura hasi hejuru
Polisi yo muri Ibanda iri!-->!-->!-->!-->!-->…
Iminsi ine irashize BIZIMANA yaranze kuvuga aho yakuye amafranga y’amiganano yafatanywe
Ku mugoroba wa tariki 4 Kanama nibwo Bizimana Francois w’imyaka 34 Polisi yamufatanye amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 27 by’amahimbano. Yafatiwe mu murenge wa Nyakariro mu kagari ka Nyakariro mu karere ka Rwamagana ubwo yarimo guhaha!-->!-->!-->…
Nyamasheke: Umwana w’umukobwa w’imyaka 8 yafashe ku rugi ruriho amashanyarazi arapfa
Umwana w’imyaka umunani y’amavuko witwa Izere Lucky wo mu kagari ka Kibogora mu murenge wa Kanjongo yafashe ku rugi rurimo umuriro w’amashanyarazi yumiraho ahita apfa.
Ibi byabaye ku wa Kabiri tariki ya 04 Kanama 2020, mu mudugudu!-->!-->!-->!-->!-->…
Gakenke: Abarenga 4 bakurikiranyweho icyaha cyo kwica umusirikare bamuhisha mu musarane
Abantu barenga 4 bo mu kagari ka Kanyanza,mu murenge wa Karambo mu karere ka Gakene bakekwaho kwica Sergeant Nizeyimana Juvenal barangiza bakamuhisha mu musarani utagikoreshwa.
Abantu barimo umugore w’uyu musirikare babyaranye!-->!-->!-->!-->!-->…