Browsing Category
Umutekano
Imyigaragambyo irakomeje Minneapolis Guverineri yasabye imbabazi ku itabwa muri yombi…
Umunyamakuru wa televiziyo CNN yaraye arekuwe nyuma yaho yari yatawe muri yombi ejo ku wa gatanu ari gutangaza imbona nkubone (live) ibijyanye n'imyigaragambyo yo mu mujyi wa Minneapolis yatewe n'urupfu rw'umwirabura w'umugabo utitwaje!-->…
Nyanza: Umugore wo mu karere ka Nyanza yapfuye azize umusore yibyariye wamukubise isuka mu mutwe
Umusore witwa Maniriyo Eugene w’imyaka 19 wo mu Mudugudu wa Karambi, mu Kagari ka Mbuye mu Murenge wa Kibirizi, mu Karere ka Nyanza yiyemereye ko yishe nyina witwa Ahishakiye Donathile w’imyaka 40, amukubise isuka mu mutwe ejo hashize.
!-->!-->!-->…
USA:Abigaragambya batwitse station ya polisi kubera iyicwa rya George Floyd.
Mu ijoro rya gatatu ry’imyigaragambyo kubera urupfu rwa George Floyd mu mujyi wa Minneapolis abigaragambya batwitse stasiyo ya polisi.
Sitation ya polisi ya twitswe
Imyigaragambyo yongereye umurego nubwo guverineri wa leta ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasabo: Polisi yafunze abantu 20 bari muri Hotel barenze ku mabwiriza yo kwirinda COVID-19
Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu 21 bafunzwe bazira kurenga ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19, bakajya gushaka serivisi za sauna na massage muri Hotel Lebanon iherereye i Nyabisindu mu murenge wa Remera mu karere ka Gasabo.
Aba!-->!-->!-->!-->!-->…
Kabuga Felicien yabwiye urukiko ikintu kimwe yifuza!
Ubushinjacyaha bw’urukiko rw’umuryango w’abibumbye bukurikirana ibyaha uyu munsi bwasabye urukiko ko Kabuga Felisiyani ava mu Bufaransa akoherezwa muri gereza y’uru rukiko rwa ONU.
Uyu Kabuga Felecien, uregwa ibyaha bya Jenoside,!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyagatare: yafatanwe magendu y’amabuye ibiro 296
Ku makuru yatanzwe n’umuturage, ku mugoroba wa tariki ya 17 Gicurasi Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyagatare mu murenge wa Musheri mu rugo rw’umuturage w’imyaka 56 hafatiwe amabuye y’agaciro angana n’ibiro 296 yo bu bwoko bwa!-->!-->!-->…
Gisagara: Umusore w’imyaka 20 yishe umugabo wa nyina akoresheje isuka yamukubise mu mutwe
Umusore w'imyaka 20 yaraye yishe umugabo wa nyina amuhonze isuka ku mutwe.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu ahagana saa kumi nimwe z'u mugoroba umusore uri mu kigero k'imyaka 20 y'amavuko wo mu Karere ka Gisagara mu Murenge wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Gitifu yatawe muri yombi kubera kunyereza Amabati yagenewe abatishoboye
Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka RUSIZI yatangaje ko yataye muri yombi gitifu w'akagari kubera gukekwaho icyaha cyo kunyuruza amabati yari agenewe abatishoboye.
Binyujijwe ku rukuta rwayo rwa twitter, polisi y'igihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
Kigali:Abantu 9 bafatiwe mu modoka yagombaga kuba irimo 4.
Police y’u Rwanda ifungiye kuri sitasiyo ya Kicukiro abantu icyenda bakora ubushoferi, bazira kubyiganira mu modoka muri ibi bihe byo kwirinda Covid-19, aho bisaba ko abantu birinda kwegerana.
Aba bashoferi bavuga ko bahagurutse i!-->!-->!-->!-->!-->…
NYANZA:Yaguwe gitumo ari gucukura inzu y’umukecuru ibamo ihene arakubitwa kugeza apfuye.
Umugabo wo mu kigero cy’imyaka 35 bitaga Kagofero yakubitiwe mu nzu, agiye kwiba ihene y’umukecuru w’imyaka 78, kugeza apfuye n’abanyerondo bafatanyije n’abaturage bo mu mudugudu wa Gatare, umurenge wa Muyira mu karere ka Nyanza.
Mu!-->!-->!-->!-->!-->…
RUBAVU:Yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana yibyariye w’imyaka 14!
Umugabo wo mu Karere ka Rubavu, umurenge wa Rubavu, akagari ka Gikombe, umudugudu wa Rebero, ari mu maboko y’urwego rw’ubugenzacyaha akurikiranyweho gusambanya umwana we.
Uyumugabo wafashwe biravugwako ashobora kuba yaramuteye INDA!
!-->!-->!-->!-->!-->…
RWANDA:Abagenzi bakoresha amaguru batambaye “AGAPFUKAMUNWA” bagiye gufungwa ndetse…
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera yaburiye abaturage bajya mu muhanda batambaye udupfukamunwa bitwaje ko nibafatwa baraganirizwa bagataha, ko bagiye kujya bahanwa.
CP Kabera yavuze ko mu bihano abo banyamaguru!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwamagana: Pasteur Theoneste yaraye atewe ibyuma arapfa.
Abantu bataramenyekana baraye bishe bakoresheje ibyuma pasitoro Theoneste bamusanze muri butike
Pasitori wo mu itorero rya HOPE OF JESUS rikorera mu Karere ka Rwamagana witwa BAPFAKURERA Theoneste yaraye atewe ibyuma kugeza ashizemo!-->!-->!-->!-->!-->…
Suzan yishe umukunzi we nyuma yo kumusaba ko yoza amasahane yaririyeho undi akabyanga
Urukiko mu gihugu cya Kenya rukurikiranye umwana w'umukobwa ku cyaha cyo kwica umukunzi we nyuma yo kumusaba koza amasahane yari amaze kuriraho undi akabyanga.
Urukiko rwo mu gace ka Milimani mu gihugu cya Kenya kirimo gukurikirana!-->!-->!-->!-->!-->…
Ngoma: RIB yataye muri yombi abagore babiri bakurikiranyweho gufasha umukobwa gukuramo inda
Urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda rwataye muri yombi abantu batatu bakekwaho gufasha umukobwa gukuramo
Urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda RIB mu Karere ka Ngoma mu Murenge Sake rwataye muri yombi!-->!-->!-->!-->!-->…