Browsing Category
Umutekano
Bujumbura: Abantu 9 bakomerekeye mu gitero cyabereye ahahoze isoko rikuru
Abantu bagera ku icyenda nibo bakomerekeye mu gitero cy'iterabwoba cyabereye mu murwa mukuru w'u Burundi cyibasira ahahoze isoko rikuru rya Bujumbura.
Amakuru aturuka mu gihugu cy'U Burundi, aravuga ko abantu bagera ku icyenda aribo!-->!-->!-->!-->!-->…
DRC: Bahamijwe icyaha cyo guhunga urugamba bakatirwa urwo gupfa
Abasirikare umunani barimo n'umwe ufite ipete rya Colonel bakatiwe urwo gupfa n'urukiko rwa gisirikare nyuma yo guhamywa n'icyaha cyo guhunga urugamba izo ngabo zimaze igihe zihanganamo n'umutwe wa M23.
Urukiko rwa gisirikare rwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Polisi yashyize umucyo kuri permis zizakorerwa ku modoka za ‘automatique’
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, ACP Boniface Rutikanga, yavuze ko impushya za burundu zo gutwara ibinyabiziga za ‘automatique’ zizajya ziba zifite ibimenyetso byihariye biziranga kugira ngo harebwe niba batwaye imodoka bafitiye!-->!-->!-->…
Muhanga: Abarimo abakobwa bibishaga imihoro batawe muri yombi
Mu mukwabu ukomeye wakozwe n’inzego z’umutekano ku bufatanye n’inzego z’ibanze n’abaturage, itsinda ry’amabandi yamburaga abaturage mu Mujyi wa Muhanga yitwaje imihoro ryatawe muri yombi.
Iri tsinda rigizwe n’urubyiruko rw’abahungu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro: Abagizi ba nabi bateye urugo rw’umuturage baramwiba basiga banamutemye
Habumugisha Felicien usanzwe ucuruza amatungo magufi, yatewe n’abagizi ba nabi bataramenyekana bamusanze mu rugo rwe, baramutemagura bamugira intere ndetse bamwambura amafaranga y’u Rwanda 2,000,000.
Ibi byabaye mu ijoro ryo ku wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Huye: Uwari uzwiho ubujura yasanzwe mu muhanda yapfuye
Mu Murenge wa Mukura mu Karere ka Huye, abaturage basanze umurambo w’umugabo uvugwaho kuba yari umujura, bagakeka ko ashobora kuba yishwe n’inkoni yakubiswe n’abantu batazwi.
Ibi byabereye mu Mudugudu wa Kabahona, mu Kagari ka Rango!-->!-->!-->!-->!-->…
Muhanga:Umujura yashatse gutema umupoli ahita amurasa
Intara y'Amajyepfo mu Karere ka Muhanga Ahagana saa kumi n’imwe n’iminota 20 zo kuri uyu mbere tariki 15 Mata 2024, Umupolisi ukorera muri aka Karere ka Muhanga, yarashe umugabo wari uvuye kwiba Inka y’umuturage, ahita apfa.
Byabereye!-->!-->!-->…
Abantu 6 barimo umwarimu bafungiwe kwica umubyeyi wasabaga indezo
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, rwatangaje ko rufunze abantu bagera kuri batandatu barimo umwarimu, bose bakurikiranyweho icyaha cyo kwica umukobwa wasabaga indezo.
RIB ivuga ko aba bafunzwe tariki ya 27 Werurwe 2024,!-->!-->!-->!-->!-->…
Goma: Umu GP yarashe abantu 3 muri Resitora barapfa
Umwe mu basirikare barinda umutekano wa Perezida wa DRC yaraye arashe ku bakiriya bari muri resitora mu mujyi wa Goma hapfamo batatu.
Umusirikare utatangarijwe amazina ukorera mu mutwe w'ingabo zirinda umukuru w'igihugu muri Congo!-->!-->!-->!-->!-->…
Gisagara: Hari kwibazwa aho uwagerageje kwiyahura yakuye gerenade yakoresheje
Inzego z'umutekano zikomeje kwibaza no gushakisha aho Bwana Harindintwari Francois wahoze mu ngabo za kera (EX-FAR)yakuye gerenade yakoresheje ubwo yageragezaga kwiyahura bikanga ahubwo agakomereka.
Mu mpera z'icyumweru gishize!-->!-->!-->!-->!-->…
Uburusiya bwashyizeho ibirego ku bagabo bane bacyekwaho kugaba igitero mu gitaramo i Moscow
Uburusiya bwashyiriyeho ibirego abagabo bane buvuga ko bagabye igitero mu nyubako iberamo ibitaramo mu murwa mukuru Moscow, cyiciwemo abantu nibura 137.
Batatu binjiye mu rukiko i Moscow bunamishijwe, mu gihe uwa kane we yari ari mu!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu RIB yataye muri yombi umukozi wo muri minisiteri y’urubyiruko
Urwego rw'igihugu rushinzwe ubugenzacyaha mu Rwanda rwemeje ko uwitwa NIGENA Patrick wari ushinzwe guhanga udushya no guteza imbere impano yatawe muri yombi azira ibyaha bijyanye na ruswa.
Ibi bibaye nyuma y'aho ku mugoroba wo kuri!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyarugenge: Yataye Uruhinja Mu Musarane
Mu Mudugudu wa Amizero mu Kagari ka Kivugiza mu Murenge wa Nyamirambo Akarere ka Nyarugenge haravugwa inkuru y’uruhinja rwatawe mu bwiherero n’umuntu utaramenyekana.
Byaraye bibaye kuri uyu wa Gatatu taliki 20, Werurwe, 2024.
!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Kamonyi: Umugabo yiciwe mu kabari atewe icyuma azira umukobwa
Mu ijoro ryo ku wa 16 Werurwe 2024, mu Mudugudu wa Rushikiri, Akagari ka Murehe, Umurenge wa Rukoma, Akarere ka Kamonyi, Niyonsenga Fabien w’imyaka 26 yatewe icyuma mu kabari, yitaba Imana.
Abakekwaho uruhare ni Hatangimana Fidèle!-->!-->!-->!-->!-->…
Inyeshyamba za M23 ziravugwaho gukorana n’abacanshuro b’abazungu mu ntambara na FARDC
Inyeshyamba za M23, zatangiye kuvugwaho gukorana n’abacanshuro b’Abazungu, zageze i Bwalanda, Mines, Katolo na SOMIKIVU, kuri iki cyumweru, itariki ya 10 Werurwe nyuma ya saa sita, nyuma y’iminsi 4 FARDC na wazalendo bihavuye ngo mu!-->!-->!-->…