Browsing Category
Uncategorized
Menya imigabo n’imigambi ya mwarimu Nyiramahirwe Jeanne d’Arc ugiye kwiyamamariza kuba…
Umwarimu usanzwe wigisha mu Rwunge rw’Amashuri rwa Butete ruherereye mu Karere ka Burera mu Ntara y’Amajyaruguru, Nyiramahirwe Jeanne d’Arc yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire ye ku mwanya w’Abadepite mu cyiciro!-->…
Abatari bake bumiwe nyuma yo kumva impamvu Caroline yahukanye na Kaka
Abatari bake mu bakurikiranira hafi ubuzima bw'aba Stars bigeze kukanyuzaho muri ruhago, batangajwe no kumva impamvu nyayo yatumye madame Caroline Celico yiyemeza gutandukana n'uwari umugabo we Bwana Kaka
Umukinnyi wigeze!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Umugabo yishe mugenzi we amuteye icyuma mu mutima.
Mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Ntarama mu Kagari ka Kanzeze mu Mudugudu wa Kabaha, haravugwa urupfu rw'umugabo witwa Irambona Jean Marie, wari mu kigero kimyaka 32 bikekwa ko yishwe na mugenzi we amuteye icyuma mu mutima.
Ibi!-->!-->!-->!-->!-->…
RIB yataye muri yombi batandatu bacuze izirimo inyandiko zisaba ubuhungiro mu mahanga
Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko mu iperereza rumazemo iminsi rwafashe abantu batandatu bakekwaho guhimba no gukoresha inyandiko mpimbano z’ibyangombwa bigera ku 108.
Izo nyandiko zirimo hamagara (convocation) zitiriwe ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutsiro:Amayobera ku mabaruwa avuguruzanya ya Komisiyo y’Abakozi ba Leta.
Muhire Eliezer, ni umwe mu bari abakozi (Umushoferi) b’akarere ka Rutsiro wirukanwe n’Ubuyobozi bw’aka karere, nyuma y’ibiza byibasiriye intara y’iburengerazuba, mu ijoro rya tariki 02 Gicurasi 2023. Komisiyo y’abakozi ba Leta iza!-->…
Muyira-Nyanza: Hari abaturage batewe impungenge na Gitifu mushya baherutse guhabwa
Hari abaturage bo mu murenge wa Muyira bavuga ko batewe impungenge n'abayobozi bashya b'umurenge baherutse guhabwa n'ubuyobozi bw'Akarere.
Mu ntangiriro z'uku kwezi kwa Gashyantare nibwo ubuyobozi bw'Akarere ka Nyanza bwakoze!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuryango wa Bagirigomwa Isaac, baramurangisha baramubuze.
Umurenge wa Rusororo akagari ka Gasagara Umudugudu wa Gasagara ,uwitwa VUGANEZA Angelique ara rangisha umuvandimwe wabo wabuze.
Uwabuze witwa BAGIRIGOMWA Isaac wavutse tariki ya 01/01/1975 akaba yarabuze hagati ya tariki ya 15 na!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera:Haravugwa urupfu rw’umugabo wapfuye afite ifoto y’umwana we.
Umugabo witwa Irigukunze Eric, w'imyaka 28 wari utuye mu Murenge wa Rilima mu Kagari ka Nyabagendwa mu Karere ka Bugesera, Intara y'Iburasirazuba yafashe icyemezo cyo kwiyahura bigacyekwa ko byaba byaturutse ku makimbirane yari ari hagati!-->…
Ibintu byatunguranye muri New York Fashion Week 2024 bitazibagirana mu mitwe y’abakunzi b’imideli…
New York Fashion Week 2024 ni imurikamideli riba kabiri mu mwaka mu kwezi kwa kabiri ndetse no mu kwa cyenda ribera mu mujyi wa New York. Kandi uyu mujyi ufatwa nk’umwe mu mijyi yateye imbere mu ruganda rw’imideli, kuri iyi nshuro!-->!-->!-->…
Pasiteri ari guhigwa bukware nyuma yo gusambanya umwana w’imyaka 10
Polisi ikorera mu gace ka Riang’ombenene muri Kenya, iriho irahigisha urihindu umukozi w'Imana Pasiteri Duke Morang’a ucyekwaho gusambanya umwana w'inyaka 10.
Uyu mukozi w'Imana usanzwe ayobora itorero rya Pentecostal!-->!-->!-->!-->!-->…
Burera: Umugabo yatawe muri yombi akekwaho icyaha cyo gusambanya intama igapfa
Abaturage bafashe umugabo uri mu kigero cy’imyaka 50 wo mu Mudugudu wa Cyogo, Akagari ka Kilibata, Umurenge wa Rugengabari mu Karere ka Burera, bamushyikiriza Polisi, aho bamukekaho gusambanya intama y’umuturanyi we akanayica.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Abaturage baravuga ko banyuzwe n’itegeko rishya risaba ba Meya kujya basura Abaturage
Hari abaturage bo mu Karere ka Nyanza bavuga ko banejejwe n'itegeko rya MINALOC riherutse gusaba ba Meya n'abandi bayobozi kujya basura abaturage bakumva bakanakemura ibibazo bafite.
Nyuma y'aho mu ntangiriro za kino cyumweru!-->!-->!-->!-->!-->…
MU IJAMBO RIMWE WIZKID YASOBANUYE UKO 2023 YAMUGENDEYE ATANGAZA N’ICYO YIFUZA MURI 2024
Wizkid yakoresheje ijambo rimwe risobanura uko umwaka ushize wagenze anavuga icyo yifuza muri uyu mwaka utangiye.
Ayodeji Balogun, umuhanzi w'umunya Nijeriya wanatwaye igihembo gikomeye ku isi cya Grammy award, abinyujije ku mbuga!-->!-->!-->!-->!-->…
Sierra Leone: Ubutegetsi bwashyizeho umukwabo mu gihugu hose
Muri Sierra Leone Leta yatangaje umukwabo mu gihugu cyose nyuma y’uko abantu bitwaje intwaro bagabye igitero ku kigo cya gisirikare kiri mu murwa mukuru, Freetown, bashaka kwinjira mu bibiko bw’intwaro.
Itangazo rya leta ryavuze ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya-Nigeria yaciye umuhigo w’isi w’umusatsi muremure cyane ukozwe n’intoki
Umugore w'Umunya-Nigeria yaciye umuhigo w'isi mushya wa Guinness World Record w'umusatsi wa mbere muremure cyane w'umukorano (wig/perruque) ukoreshejwe intoki.
Helen Williams, wo mu mujyi wa Lagos, yaciye uwo muhigo nyuma yo gukora!-->!-->!-->!-->!-->…