Browsing Category
Uncategorized
Umufasha wa Perezida Nkurunziza yafashe indege yerekeza muri Kenya nyuma yo gusanganwa Coronavirus
Umufasha wa Perezida w’u Burundi, Madamu Denise Bucumi Nkurunziza yuriye indege yerekeza muri kenya, kuri ubu yamaze kwinjira mu bitaro bya Aga Khan i Nairobi/ Kenya nyuma yo kwandura Coronavirus.
Ku wa kane mu gitondo nibwo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWACOTAMOyahakanye amafoto arikuvuga uko abamotari bazitwara!
Ihuriro ry’amakoperative y’abamotari mu Rwanda (Ferwacotamo), ryavuze ko ifoto iri gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga yerekena uko moto zitwara abagenzi zizaba ziteye mu kwirinda ikwirakwira rya Covid-19 aho hari igitandukanya umugenzi!-->…
Umugore wari ugiye kubyara yapfuye azize gutinzwa kuko ntagapfukamunwa
umugore witwa Waidat Adedeji, wari mu bubabare bwinshi atwite agiye kubyara, yapfuye nyuma yo gutinzwa na bapolisi bamuhagaritse azira kutambara agapfukamunwa ubwo bari bamujyanye ku bitaro yari agiye kubyarira.
Amakuru avuga ko uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
USA:Amerika yatangiye kugerageza intwaro ishobora guhanura indege ikoresheje imirasire!
Ikoranabuhanga mu gisirikare none Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirwanira mu mazi, zabashije kugerageza intwaro ihambaye muri technology, ishobora guhanura indege nto cyangwa ikindi kintu, hakoreshejwe ingufu z’imirasire!-->…
Umuyobozi w’umujyi wa Dar es Salam yasabye abaturage kuzindukira mu mihanda bishimira ko…
Umuyobozi w'umugi wa Dar Es Salam yasabye abaturage bo muri uwo mugi kuzindukira mu mihanda mu buryo bwo kwishimira ko igihugu cyatsinze icyorezo cya coronavirus.
Umuyobozi w'umugi wa Dar Es Salam Bwana PAUL MAKONDA yasabye!-->!-->!-->!-->!-->…
Eric IRAMBONA wari urambye mu ikipe ya Rayon Sport nawe amaze kwerekeza mu ikipe ya Kiyovu Sport
Eric IRAMBONA umwe mu bakinnyi bari bamaze igihe kitari git mu ikipe ya Rayon Sport amaze kwerekeza mu ikipe y'urucaca
Mu gihe championnat y'U Rwanda imaze gushyirwaho akadomo maze igikombe kigahabwa ikipe ya APR FC, amakipe akomeje!-->!-->!-->!-->!-->…
Italiki nk’iyi ngiyi umwaka wa 1953 nibwo Agathe Uwiringiyimana umugore umwe rukumbi wabaye…
Italiki nk'iyi ngiyi, ukwezi nk'uku mu mwaka wa 1994 nibwo uwahoze ari ministre w'intebe yabonye izuba
Ku itariki nk’iyi ya 23 y’ukwa gatanu mu mwaka wa 1953, nibwo Agathe Uwilingiyimana, umugore umwe rukumbi mu mateka y'u Rwanda!-->!-->!-->!-->!-->…
Amwe mu makipe ntiyanyuzwe n’imyanzuro yaraye ifashwe na FERWAFA
Nyuma y'aho ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru rifashe umwanzuro wo gusoza championnat igaha igikombe APR FC amwe mu makipe arasanga yarenganijwe.
Nyuma y'aho abantu benshi bari bategereje umwanzuro ku maherezo ya Championnat!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubuyobozi bwa KIYOVU Sport bukomeje kutavuga rumwe ku igenda ry’umukinyi KEDDY
Ubuyobozi bw'ikipe ya Kiyovu Sport bukomeje kutavuga rumwe ku igenda ry'umukinnyi wayo witwa Keddy bivugwa ko agiye kwerekeza mu ikipe ya APR FC (Photo:Funclub)
Muri komite nyobozi y’ikipe ya Kiyovu Sport, ntibavuga rumwe ku makuru!-->!-->!-->!-->!-->…
Tanzania: Leta yasabye abaturage gufata iminsi 3 yo gushimira Imana kubera ko yabakijije icyorezo…
Prezida John Pombe Magufuli wa Tanzaniya yasabye ko abaturage bafata iminsi itatu yo gusenga bashimira Imana kuba yarabarinze icyorezo cya coronavirus
Nyuma yaho igihugu cya Tanzania binyuze mu ijwi rya prezida wa repubulika Dr John!-->!-->!-->!-->!-->…
Packson yikomye bamwe mu banyamakuru bamwandikaho inkuru zimusebya kandi badafite gihamya
Umuhanzi Packson uzwi cyane mu njyana ya Hip Hop mu Rwanda yikomye bamwe mu banyamakuru bamusebya bakamuvugaho ibintu bitaribyo kugira ngo bamwungukeho
Umunyamakuru n'umuhanzi Nyarwanda wo mu njyana ya Hip Hop uzwi ku izina rya!-->!-->!-->!-->!-->…
Prof. Laurent NKUSI uherutse kwitaba Imana yasezeweho bwa nyuma
Prof. Laurent NKUSI wahoze uyobora ministeri y'itangazamakuru mu Rwanda yashyinguwe uyu munsi mu irimbi rya Rusororo
Prof Laurent NKUSI uherutse kwitaba Imana azize uburwayi mu minsi mike ishize, uyu munsi nibwo yashyinguwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Meya arashinjwa kweguza bamwe mu bakozi batavuga rumwe nawe
Bamwe mu bakozi b'Akarere ka Rusizi barashinja umuyobozi w'Akarere gushaka kubigizayo bigatuma abeguza ku gahato.
Nyuma y'aho bamwe mu bakozi b'Akarere ka Rusizi bari kwegura ku mirimo yabo, kuri ubu bamaze gutangaza impamvu zihishe!-->!-->!-->!-->!-->…
Sadate MUNYAKAZI ari gutegura kwegura ku buyobozi bw’ikipe aruko yishyuwe miliyoni ze 50.
Biravugwa ko Sadate MUNYAKAZI agiye kwegura akava ku buyobozi bw'ikipe ya Rayon Sport atari bwamareho n'umwaka
Amakuru afitiwe gihamya aravuga ko Bwana usanzwe uri mu bihano yahawe na FERWAFA yaba ari gutegura uburyo yakwegura ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Sudan y’epfo: Covid-19 yibasiye abayobozi muri guverinoma
Icyorezo cya coronavirus kibsiye bamwe mu bayobozi bakomeye muri guverinoma ya Sudani y'amagepfo.
Icyorezo cya coronavirusi gikomeje kwibasira bamwe mu bgize guverinoma y'igihugu cya Sudan y'amagepfo nyuma yaho bagisanze muri visi!-->!-->!-->!-->!-->…