Imiti yongera ubushake bwo kurongora yahitanye umugabo w’imyaka 40

11,633
Kwibuka30

Umugabo w’imyaka 40 witwa Paul Okwudili yaguye muri Hoteli azize imiti yongera ubushake bwo kurongora.

Kwibuka30

Umuvugizi wa Polisi muri leta ya Anambra yatangajeko ayo makuru ari impamo nkuko umuyobozi wiriya hoteli uriya mugabo yaguyemo nawe yabibabwiye.

Uriya muyobozi wa hoteli yagize ati”Nibyo Yazanye numukobwa ntagihe kinini bamaranye nyuma yakanya nibwo umukobwa yasohotse atabaza tukihagea twasanze umwuka ari muke ahita ajyanwa ku bitaro bya Onitsha ariko amakuru yatugezeho nuko yahage nubundi umwuka wamushizemo.”

Umuvugizi wa polisi naw yongeye kwemeza ariya makuru anatangaza ko umukobwa yahise atabwa muri yombi ngo akorweho iperereza.

Leave A Reply

Your email address will not be published.