Jacob Zuma wayoboye Afrika y’Epfo yashyigikiye Putin ku ntambara yatangije kuri Ukraine

4,346
Kwibuka30

Uwahoze ari Perezida wa Afrika y’Epfo, Jacob Zuma , yagaraje gushyigikira perezida Vladimir Putin ku ntambara Uburusiya buhanganyemo na Ukraine, amugaragaza nk’umugabo w’amahoro.

Kwibuka30

Mu itangazo ryasohowe n’umuryango yashinze, bwana Zuma yavuze ko umwanzuro wa Putin wo gutera Ukraine wumvikana.

Yagize ati”Twese dukeneye amahoro muri iyi si. Turasaba buri wese bireba kuzana ayo mahoro byihuse kugira ngo ubuzima bushoboke”.

Bwana Zuma yegujwe n’ishyaka rye rya ANC(African National Congress) mu 2018. Icyo gihe yashinjwaga ibyaha bya ruswa, gusa we yakunze kubihakana kenshi.

Comments are closed.