• Likes
  • Followers
  • Subscribers
  • Friday, March 24, 2023

Indorerwamo Indorerwamo - Amakuru ku abana, urubyiruko, n'abagore mw'iterambere

Diego Limited
  • Ahabanza
  • Politike
  • Imikino
  • Imideri
  • Imyidagaduro
  • Ubuzima
  • Umutekano
  • Mu Mahanga
  • IZINDI NKURU
    • Cyamunara
    • Inkuru z’urukundo
    • Ubuhinzi n’Ubworozi
    • Umuco
    • Ubukungu
    • Iterambere
    • Imideri
    • Imibereho myiza
    • Ubukungu
INDORERWAMO
  • Home
  • Samuel Kwizera

Author

Samuel Kwizera 314 posts 0 comments

Mu Mahanga

RDC-GOMA: Amahoro ntazabonekera mu mvururu-MONUSCO 

Samuel Kwizera Jul 26, 2022
MONUSCO yamaganye ibitero ku nyubako zayo i Goma ivuga ko amahoro atazabonekera “mu mvururu”. Khassim Diagne, umukuru wa MONUSCO w’inzibacyuho, mu itangazo ryamagana ibyabaye ejo kuwa mbere yagize ati: “Mu mvururu no mu…
Mu Mahanga

Centrafrique: hatangijwe ifaranga rya  cryptocurrency bise Sango

Samuel Kwizera Jul 4, 2022
Perezida wa Centerafrique Faustin Archange Touadéra, abicishije ku mbuga nkoranyambaga, ku cyumweru yatangaje iby’iri faranga rishya ryemewe na leta ryo mu bwoko bwa ‘cryptocurrency’, bise Sango – ururimi ruvugwa na benshi muri iki…
Mu Mahanga

Amerika iri gukina n’umuriro ku kibazo cya Taiwani-Ubushinwa

Samuel Kwizera May 24, 2022
Ubushinwa bwabwiye Reta zunze ubumwe za Amerika kuri uyu wa mbere ko irimo irakina n’umuriro kandi ko nyuma uyu muriro uzaka. Ni inyuma y’aho Perezida Joe Biden yemereye ko mu gihe Ubushinwa bwagerageza kwigarurira ikirwa cya…
Ubuzima

Inzobere zivuga ko Ibyago virusi ya monkeypox iteje biri ku kigero cyo hasi cyane

Samuel Kwizera May 24, 2022
Ishami ry'umuryango w'abibumbye ryita ku buzima (OMS/WHO) rivuga ko indwara ya monkeypox ishobora guhagarikwa mu bihugu byo hanze y'Afurika aho iyi virusi ubusanzwe idakunze kugaragara. Abantu barenga 100 bamaze kwandura iyi virusi…
Izindi nkuru

Burera: Batanu bafashwe bagerageza kwinjiza magendu y’amabuye y’agaciro mu Rwanda

Samuel Kwizera May 24, 2022
Kuri iki cyumweru tariki ya 22 Gicurasi, inzego z’umutekano zikorera mu Karere ka Burera zaburijemo umugambi w’itsinda ry’abantu 20 bageragezaga kwinjiza mu Rwanda  ibiro 650 by’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Wolfram. …
Mu Mahanga

Sudan y’Epfo: Icyorezo cya Cholera kibasiye abari mu nkambi ya Bentiu

Samuel Kwizera May 9, 2022
Minisiteri y’ubuzima muri Sudan y’Epfo yatangaje ko icyorezo cya Cholera kibasiye intara ya Rubkona iri muri gace k’Amajayaruguru gacukurwamo Peteroli. Iyi minisiteri yavuze ko abantu 31 n’undi umwe witabye Imana aribo…
Mu Mahanga

Tanzania: Habaye inama y’igitaraganya yiga ku izamuka ry’iciciro by’ibikomoka kuri peterol

Samuel Kwizera May 9, 2022
Perezida wa Tanzania Madame Samia Suluhu Hassan yatumije inama y’igitaraganya ya Guverinoma yiga ku izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli. Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu n’amazi, mu cyumweru gishize cyatangaje ko ibiciro…
Izindi nkuru

Rubavu: Yafashwe agiye gukwirakwiza urumogi mu baturage

Samuel Kwizera May 9, 2022
Ku wa Gatandatu tariki ya 07 Gicurasi, Polisi y'u Rwanda ikorera mu Karere ka Rubavu, yafashe Umugabo wari ufite ibiro 2 n'udupfunyika 1.019 by'urumogi, yari amaze kwinjiza mu gihugu arukuye mu gihugu cy'abaturanyi cya Repubulika…
Mu Mahanga

Nigeria: Umupasiteri yishyuza arenga 750,000Rwf kugira ngo ageze abantu mu ijuru

Samuel Kwizera May 5, 2022
Umubwirizabutumwa ari mu kaga nyuma yo kubwira abantu ko azi irembo rijya mu ijuru riturutse mu majyepfo ya Nigeria, ndeste ko ashobora kuryerekana mu gihe umuntu yishyuye amafaranga. Uyu mupasitori witwa Ade Abraham yatanzwe…
Izindi nkuru

Huye: Hafashwe litiro zirenga 1,400 z’inzoga z’inkorano

Samuel Kwizera May 5, 2022
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 4 Gicurasi, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’izindi nzego n’abaturage mu karere ka Huye yafashe kandi yangiza litiro 1,405 z’inzoga z’inkorano zitujuje ubuziranenge zizwi ku izina rya Muriture.Izi nzoga…
Izindi nkuru

Rubavu: Bane bafunzwe bakurikiranyweho gukwirakwiza urumogi

Samuel Kwizera May 2, 2022
Mu mpera z’iki cy’umweru, Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Rubavu yafashe abantu 4 bacyekwaho gukwirakwiza udupfunyika 1,688 tw’urumogi mu bice bitandukanye.Abafashwe ni Singiranumwe Athanase w’imyaka 42 n'umukobwa we Mutesiwase Sifa…
Mu Mahanga

USA-Alabama: Imfungwa n’umucungagereza bacikanye bari gushakishwa

Samuel Kwizera May 2, 2022
Polisi y'Amerika irimo gushakisha imfungwa iregwa ibyaha by'ubwicanyi yatorotse gereza hamwe n'umucungagereza waburanye na yo. Imfungwa Casey White n'umucungagereza Vicki White, baheruka kubonwa ku wa gatanu mu gitondo ku biro bya…
Izindi nkuru

Kirehe: Yafatanwe amabaro atanu y’imyenda ya caguwa

Samuel Kwizera Apr 27, 2022
Ku wa mbere tariki ya 25 Mata, mu Karere ka Kirehe polisi y’u Rwanda yafashe umugabo ukurikiranweho gushaka kwinjiza magendu amabaro 5 y'imyenda ya caguwa.Uwafashwe yitwa Musabyimana Viateur ufite imyaka 42, akaba yarafatiwe iwe…
Imikino

Manchester United yatangaje Erik ten Hag nk’umutoza mushya

Samuel Kwizera Apr 21, 2022
Manchester United yatangaje Erik ten Hag nk’Umutoza Mukuru w’iyi kipe kugeza muri Kamena 2025, ndetse ko hashobora kwiyongeraho undi mwaka umwe. Erik ten Hag agiye muri iyi kipe yo mu Bwongereza, nyuma yo kumara imyaka ine atoza…
Ubuhinzi n'Ubworozi

Aborozi barasabwa gufuhera inka zabo mu guhangana n’ Indwara y’ubuganga imaze kwica inka 85 mu kwezi…

Samuel Kwizera Apr 19, 2022
Ikigo gishinzwe iterambere ry’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda (RAB) kirasaba aborozi gufuhera inka zabo nk’umuti urambye wo gukumira indwara y’ubuganda. Indwara y’ubuganga yibasiye inka hirya no hino mu gihugu imaze kwica izigera kuri…
Older Posts

Recent Posts

Ubuzima

Ambasade ya Uganda i New York yatewe n’abagizi ba nabi

Editorial Mar 23, 2023

Abazungu bariye karungu bavuga ko Uganda niyiha gutora itegeko ryo…

Mar 23, 2023

Tchad: Abagera kuri 441 bahamijwe icyaha cyo kwica Idris Deby bakatiwe…

Mar 23, 2023

DRC: M23 yarekuye utundi duce 3 idushyira mu maboko y’ingabo za…

Mar 23, 2023

FERWAFA ntiyemeranye n’icyemezo cya CAF yayitegetse gukinira…

Mar 22, 2023

Burera: Yafashwe akekwaho kujya kugurisha inzitiramibu muri Uganda

Mar 22, 2023

Ikibazo cya Hoteri ziri ku rwego ruciriritse gitumye CAF yangira…

Mar 22, 2023

Umuryango w’Abasilamu mu Rwanda watangaje ukwezi…

Mar 21, 2023

RIB yafashe uwiyitaga “Ntama w’Imana” kuri twitter…

Mar 21, 2023

Musanze: Yibye umugenzi bari bicaranye mu modoka arayisimbuka afatwa…

Mar 21, 2023
Prev Next 1 of 502
Services Offered
  • Web design
  • Graphic design
  • Photography
  • Wedding video shooting
  • Video clip
  • Banner printing
  • Advertising
  • Events coverage
To advertise with us
  • Tel: (+250) 788540937
  •         (+250) 728 30 4055

 

  • E-amil: info@indorerwamo.com
© 2023 - INDORERWAMO. All Rights Reserved.
Indorerwamo Media Limited
Sign in

Welcome, Login to your account.

Forget password?

Sign in with Google

Powered by wp-glogin.com

Sign in

Recover your password.

A password will be e-mailed to you.