Magufuli n’abantu baguye mu muvundo bari kumusezera barashyingurirwa rimwe

6,543
Kwibuka30

Abantu batanu bo mu muryango umwe baguye mu mubyigano wo gusezera ku wahoze ari Perezida wa Tanzania, Dr.John Pombe Magufuli, uherutse kwitaba Imana, barashyingurirwa rimwe na we kuri uyu wa Kane.

Abantu bapfiriye mu muvundo wo gusezera...
Kwibuka30

The Citizen yanditse ko Susan Mtuwa n’abana be babiri Nathan w’imyaka itandatu na Natalia ufite imyaka itanu, n’abandi babiri bo mu muryango yashatsemo ari bo Chris w’imyaka 11 na Michelle ufite imyaka umunani y’amavuko baguye mu mubyigano wo gusezera kuri Magufuli bari bushyingurirwe rimwe na we.

Uyu muvundo wabaye kuwa Gatandatu w’icyumweru gishize, abwo abantu ibihumbi n’ibihumbi bari bateraniye kuri Stade Nkuru mu Mujyi wa Dar es Salaam.Kuri uyu wa Kane nibwo Magufuli ari bushyingurwe mu gace ka Chato aho avuka.

Leave A Reply

Your email address will not be published.