Nyuma yo gutsinda igitego, myugariro wa Real Madrid Marcello yazirikanye Georges Floyd uherutse kwicwa atsikamiwe

10,679
Kwibuka30

Nyuma yo gutsinda kimwe mu bitego bitatu ikipe ye yatsinze, Marcello yapfukamishije ivi rimwe mu kuzirikana Georges Floyd umwirabura uherutse kwicwa

Kwibuka30

Kuri iki cyumweru taliki ya 14 Kamena 2020 ubwo ikipe ya Real Madrid yakinaga umukino wayo wa 28 n’ikipe ya Eibar, umukinnyi akaba na myugariro wa Real Madrid umunya Brezil MARCELLO SILVA yatsinze igitego cye ku munota wa 36 ahita apfukamisha ivi ry’iburyo, maze ahita azamura akaboko ikimenyetso cyo kuzirikana urupfu n’uburyo umupolisi wo muri Leta Zunze ubumwe za Amerika aherutse kwica umwirabure witwa Georges Floyd amutsikamishije ivi mu ijosi kugeza apfuye azira kubura umwuka.

Usibye Marcello wo muri Real Madrid, hari amakipe yahisemo gusimbuza ijambo #blacklivesmatter# ahateganijwe kwandika amazina yabo mu mugongo mu rwego rwo kuzirikana Georges Floyd

Leave A Reply

Your email address will not be published.