Polisi y’u Rwanda yashyize igorora abifuzaga gukorera perimi.

7,496
Kwibuka30
Rwanda National Police on Twitter: "Dear #RwOT, Riders set off for Day 2 of  #TDRwanda2019 from @CityofKigali heading to @HuyeDistrict. We call upon  road users and spectators to abide by the #RoadSafety

Polisi y’u Rwanda yashyize igorora abifuzaga urushya rwa burundu rwo gutwara ibinyabiziga.

Polisi y’u Rwanda ishami ryo mu muhanda yashyize hanze itangazo rigaragaza ingengabihe y’uko ibizamini by’uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga nyuma y’igihe kirekire abaturage batitabira ibi bizamini.

Polisi y’u Rwanda yabitangaje nyuma yigihe kirekire bihagaritswe mu rwego rwo guhashya ndetse no kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya coronavirusi, icyorezo cyakomye mu nkokora ibitari bike bireba ubuzima bw’igihugu muri rusange ndetse n’umuturage by’umwihariko.

Kwibuka30

Dore uko ingengabihe iteye :

Image

(inkuru ya Emmanuel Byiringiro)

Leave A Reply

Your email address will not be published.