Rwabugiri Omar mu beretswe umuryango uva mu ikipe ya APR FC

4,028
Kwibuka30
May be an image of 3 people, people playing football, people standing and grass

Ikipe ya APR FC imaze gutandukana n’abakinnyi babo bagera kuri batatu

Amakuru yatangajwe n’ikipe ya APR FC abinyujije ku rubuga rwabo aravuga ko iyo kipe ya gisirikire imaze gutandukana n’abakinnyi babo bagera kuri batatu.

Kwibuka30

Mu itangazo ryabo, APR FC yavuze ko imaze gutandukana n’abakinnyi babo aribo Rwabugiri Omar, Mushimiyimana Mohamed na Dany Usengimana ariko yirinda kuvuga impamvu itandukanye nabo.

Ikipe ya APR FC ni imwe mu makipe afite ibikombe byinshi bya hano mu Rwanda nubwo atari ikipe ikuze kuruta andi yose muri kino gihugu.

Amkuru arambuye mu kanya

Leave A Reply

Your email address will not be published.