Umugabo yafashwe n’abagore batanu ku ngufu birangira apfuye

9,686
Kwibuka30

Umugabo w’abana batandatu wari umukire yafashwe n’abagore batanu ku ngufu birangira ashizemo umwuka mu gihugu cya Nigeriya.

Uyu mugabo witwa UNOKO UNOJA ubwo yari amaze kuryamana n’umugore abandi ngo bagize ishyari niko kuzana ibyuma n’inkoni bamuhatira kuryamana naburi umwe kandi bose akabahaza.

Kwibuka30

Yaje kwemera bose bararyamana arangije bane, ageze kuwa gatanu amugiye hejuru ahita ahera umwuka, ibi byabereye mu gace ka ogbadibo ari naho uyu mugabo yapfiriye.

Amakuru avugako nyamugabo yari umukire ariko ubwo yazaga avuye mu kabari yaruhukiye ku mugore we muto nka saa cyenda zo mu rukerera nibwo abandi baje kumenya aho ari bajyayo n’ibiti bamuhatira nabo bamuhatira kuryamana nabo, Polisi yo muri ako gace yatangaje ko nyuma y’uko uwo mugabo apfuye, babiri muri abo bagore bahise batabwa muriyombi bakaba bari guhatwa ibibazo na polisi ku mpamvu z’iperereza.

Gilbert Rutambi.

indorerwamo.com

Leave A Reply

Your email address will not be published.