Umukobwa yahondaguye nyina nyuma yaho umu pasiteri amubwiyeko ari umurozi

11,154
Kwibuka30

Umukobwa ukiri muto aherutse gukubita nyina kukarubanda nyuma yaho umu pasiteri yamubwiriyeko umubyeyi we ari umurozi ruharwa.

Kwibuka30

Mu mashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranya mbaga nuwitwa Sam Ituama yagaragaje umukobwa ukiri muto yafashe inkoni ari guhuragura mama we umubyara ibyo akaba yarabitewe nuko umu pasiteri yaramaze ku mubwirako nyina ari umurozi.

Ibi byatumye abantu bibaza cyane ku bakozi b’Imana tubona muri iyi minsi ibyo bigisha abayoboke babo,ni mugihe hari nabo usanga bavugako bakora ibitangaza rimwe narimwe bakarya nibyarubanda bababeshya.

Leave A Reply

Your email address will not be published.