Batanu batawe muri yombi bazira kwiba amakariso
Abagera kuri batanu batawe muri yombi barimo n'umwana w'imyaka 15 bazira kwiba amakariso y'umugore. Umwana w'imyaka 15 w'umuhungu n'abakobwa bose bagera kuri batanu batawe muri yombi bazira kwiba amakariso y'umugore ,aba barimo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Gutegura itegeko nshinga rya EAC birabera i Bujumbura, Gitega, Ngozi na Makamba
Inzobere mu kwandika itegeko nshinga za muri buri gihugu kigize umuryango wa Afurika y'Iburasirazuba (EAC) ziragera i Bujumbura uyu munsi aho zigiye kumara icyumweru mu bikorwa byo gutunganya itegeko nshinga rimwe ry'uyu muryango. !-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umu Pasiteri yafatiwe mu cyumba cya Hoteli ari gukora amahano
Umugabo w'umu Pasiteri yaguwe gitumo mu cyumba cya Hoteli aryamanye n'umugore w'abandi. Amashusho yakwirakwijwe hirya no hino yerekanye uyu mu pasiteri ukomoka mu gihugu cya Ghana ari gufunga ipantaro mu gihe abamuguye gitumo bo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuherwe w’umuyapani ari gushaka inshuti y’umukobwa bazasohokana bakajya mu kwezi
Yusaku MAEZAWA umuherwe wo mu gihugu cy'Ubuyapani ari gushaka inshuti y'umukobwa bazasohokana mu kwezi Yusaku MAEZAWA ni umwe mubaherwe bo mu gihugu cy'Ubuyapani bamaze kumenyekana kubera umutungo utubutse yibitseho. Kuri ubu uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Uwahoze ari Papa akegura yihanangirije papa uriho.
Papa Benedict 16 weguye mu myaka ishize yasabye papa Francois kwitondera amwe mu mategeko ya kiliziya. Uwahoze ari papa wa kiliziya gatolika nyuma akaza kwegura mu mwaka wa 2013 yasabye papa wa kiliziya uriho ariwe papa Faranswa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya REAL Madrid ikoze andi mateka akomeye muri Ruhago
Ikipe ya Real Madrid yatsinze ikipe ya Atletico madrid iyitwara igikombe kiruta ibindi nyuma ya penariti Nyuma y'aho ikipe ya Atletiko Madrid itsindiye ikanakuramo ikipe ya FC BARCELONA muri kimwe cya kabiri mu mikino yo guhatanira!-->!-->!-->!-->!-->…
Shehe yarongoye umugore ageze mu rugo asanga ni umugabo
Shehe MUTUMBA yarongoye umugore nyuma y'igihe gito asanga ni umugabo. Mu gihugu cy'abaturanyi cya Uganda haravugwa inkuru itangaje y'umuvugabutumwa wo mu idini rya Islam witwa SHEIKH MOHAMMED MUTUMBA wo mu gace ka KAYUNGA uherutse!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikibazo cy’ubukungu kigiye gutuma LONI ifatira ibihano bikomeye bimwe mu bihugu bya AFRIKA
Umuryango w'abibunbye LONI wugarijwe n'ikibazo cy'ubukungu igiye gufatira ibyemezo bikakaye ibihugu bigera ku icumi byo muri Afrika. Ku wawe gatanu w'icyumweru gishize umuvugizi w'umuryango w'abibumbye Bwana STEPHEN DUJARRIC yatangaje!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC itsinze BUGESERA FC ikomeza kwanikira andi makipe
Ikipe ya APR FC yatsinze ikipe ya BUGESERA FC ikomeza kuyobora izindi kipe ku mwanya w'agateganyo. Shampiyona y'u Rwanda y'umupira w'amaguru RPL yakomeje ku Ku munsi wayo wa 17. Hari hateganijwe imikino itatu kuri karendari. Ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Undi musirikare ukomeye wo muri FLN yishwe undi afatwa mpiri
Majoro Bokande Jules wari ushinzwe itumanaho muri FLN yarasiwe mu mirwano arapfa. Amakuru dukesha ikinyamakuru okapi cyo muri Congo cyayangaje ko Major BOKANDE JULES wari ushinzwe itumanaho mu mutwe urwanya ubutegetsi bw'u Rwanda wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rubavu: David na mugenzi we barashwe barapfa ubwo bageragezaga kwinjiza urumogi mu gihugu.
Abagabo babiri, bo mu Karere ka Rubavu baraye barashwe ubwo barimo bagerageza kwinjiza urumogi mu Rwanda. Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu abagabo babiri bo mu Karere ka Rubavu mu murenge wa Cyanzarwe aribo David NSANZIMANA na!-->!-->!-->!-->!-->…
Ku nshuro ya mbere ISRAEL MBONYI agiye gutaramira abatuye I HUYE
Umuhanzi Irael MBONYI azataramira mu Karere ka Huye mu ntangiriro za Gashyantare. Umuhanzi, umwanditsi, umuririmbyi, umucuranzi n'umuramyi wigaruriye imitima ya benshi kubera uburyo aririmba mu njyana ya Gospel witwa MBONYICYAMBU ERIC!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport FC inganyije na AS Kigali bituma yongera intera iyitandukanya na Mukeba.
Rayon Sport na AS Kigali byaguye miswi bishobora guha amahirwe APR FC yo kuzanikira.(photo: Igihe.com) Shampiona y'umupira w'amaguru mu Rwanda RPL yagombaga gukomeza ku munsi taliki ya 11 Mutarama ikaba ku munsi wayo wa 17, umukino!-->!-->!-->!-->!-->…
Itsinda rya KASSAV ryamamaye cyane muri muzika rizataramira Abanyarwanda kuri Saint Valentin
Bimaze kwemezwa ko itsinda rya Cassav rizataramana n'Abanyarwanda ku munsi w'abakundana. Kuri ubu bimaze kumenyekana ko rya tsinda rya muzika ryamenyekanye cyane mu njyana ya zouk rizataramana n'Abanyarwanda kuri uyu wa 14 Gashyantare!-->!-->!-->!-->!-->…
Igihugu cya IRAN cyashize cyemera ko aricyo cyarashe ya ndege ya Ukraine, ariko ko habayeho…
Kera kabaye igihugu cya IRAN cyemeye ko aricyo cyarashe indege y'igihugu cya Ukraine ariko ko habayeho kwibeshya ku gisirikare Igisirikare cyo mu gihugu cya Iran cyatangaje ko aricyo cyarashe indege yo Ukraine kuri uyu wa gatatu!-->!-->!-->!-->!-->…