DORE IBIKUBIYE MU MASEZERANO U RWANDA RWAGIRANYE NA ATLETICO MADRID.
Guhera uyu munsi u Rwanda na Atletico Madrid bagiranye amasezerano muri gahunda ya Visit Rwanda.
Atletico!-->!-->!-->!-->!-->…
Prof Ngabitsinze yatorewe kuyobora Ikigo gikomeye ku rwego rwa Africa
Prof Ngabitsinze Jean Chrisostome yatorewe kuyobora Ikigo cy’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe gishinzwe kurwanya!-->…
PSG yaraye itsinze Arsenal mu mukino wa mbere wa UCL
Ikipe ya Paris Saint Germain yo gihugu cy'Ubufaransa yaraye itsinze Arsenal yo mu Bwongereza igitego 1-0 mu mukino!-->…
Meddy n’umugore we bibarutse ubuheta
Meddy uri mu bahanzi bamaze kubaka izina mu Rwanda no hanze yarwo, yagaragaje ko we n’umugore we Mimi Mehfira!-->!-->!-->…
Perezida Kagame yakiriye Perezida wa Guinea-Bissau
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Mbere tariki ya 28 Mata, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yakiriye Perezida wa!-->!-->!-->…
Itangazo rya Dusingizimana Elvira wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa DUSINGIZIMANA Elvira mwene Mukama na Uwamaliya utuye mu Mudugudu wa Karongi, akagali ka Kibagabaga,!-->…
NIGERIA:IMYAKA 10 ISHIZE AGURISHA IBICE BY’IMIBIRI Y’ABANTU.
Umugabo ukekwaho kugurisha ibice by'imibiri y'abantu muri Nijeriya yiyemereye ko yari amaze imyaka 10 abikora,!-->!-->!-->…
JUX, SOOLKING, REMA MU BEGUKANYE IBIHEMBO BYA HEADIES.
JUX, REMA NA SOOLKING BARI MU BAHANZI BENSHI BEGUKANYE IBIHEMBO BYA HEADIES.
Byari ku nshuro ya 17 ubwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Liverpool yegukanye EPL yandika andi mateka akomeye mu Bwongereza
Liverpool yanyagiye Tottenham Hotspurs ibitego 5-1 yegukana Igikombe cya Shampiyona y’u Bwongereza (Premier!-->!-->!-->…
Brig.Gen Karangwa J.Paul yakuriye inzira ku murima abasaba u Rwanda gukuraho…
Umuyobozi w’Ingabo mu Mujyi wa Kigali, Brig Gen Jean Paul Karangwa, yatangaje ko u Rwanda rudashobora gukuraho!-->…
Bugesera: Iminsi 3 irihiritse nta gakuru k’abantu barohamye mu mazi…
Hari abaturage bo mu Karere ka Bugesera baratabariza abaturage batatu bari mu bwato bw'ibiti buherutse kurohama mu!-->…
IBISIGAZWA BY’URUTOZI RWA MBERE RWABAYEHO BYASANZWE MURI BRAZIL
Muri Brazil hagaragaye ibisigazwa by'urutozi rumaze imyaka miliyoni 113 rubayeho,bikekwa ko arirwo rwa mbere!-->!-->!-->…
Nyanza: Yatse umugore we amafaranga ayamwimye aramutemagura arapfa
Umugabo witwa SAVAKURE Adenien uri mu kigero cy'imyaka 31 y'amavuko yaraye yishe umugore we amutemaguye!-->!-->!-->…
Abanyamakuru batangaza inkuru z’ibihuha bagiye guhagurikirwa
Abadepite mu inteko ishingamategeko mu Rwanda basabye RMC kwihangangiriza no guhagurukira ikibazo cya bamwe mu!-->…
Nyamasheke: Yiyahuye kubera ko nyina yahoraga amubwira ko ari mukeba we
Umukobwa w’imyaka 22 wo mu Murenge wa Bushekeli mu karere ka Nyamasheke yasanzwe ku nkombe z’umugezi wa!-->…