Browsing Category
Imikino
Bugesera: Batashye ikibuga cy’umukino w’amagare kizakurikirwa n’ishuri ry’umukino w’amagare
Ikibuga cy’umukino w’amagare giherereye i Bugesera cyubatswe ku bufatanye n’ikipe ya Israël Premier Tech cyatashywe ku mugaragaro.
Ni ikibuga cyubatswe mu rwego rw’ubufatanye busanzwe hagati y’ikipe y’umukino w’amagare ya “Israel!-->!-->!-->…
Ububuligi: Umunyezamu yakuyemo penaliti arishima bimuviramo urupfu
Umunyenzamu wo mu cyiciro cya karindwi mu gihugu cyo mu Bubiligi yakuyemo penaliti arishima cyane bimuviramo urupfu.
Kuri uyu wa 11 Gashyantare 2023 Umunyezamu witwa Erne Espeel wakiniraga ikipe ya Winkel Sport yashizemo umwuka!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusaruro nkene watumye umutoza Seninga n’umwungirije bahagarikwa.
Ikipe ya Sunrise FC ibarizwa mu Karere ka Nyagatare, yaraye ihagaritse abatoza bayo babiri barimo Seninga Innocent wari umutoza mukuru na Tugirimana Gilbert uzwi nka Cannavaro umwungirije, nyuma yo kumara imikino itatu batabona!-->!-->!-->…
KNC yageneye ubutumwa bw’iterabwoba perezida wa Rayon Sport mbere y’uko bahura
Perezida wa Gasogi Utd Bwana KNC yageneye ubutumwa Bwana J.Fidele amubwira ko arimo aramwitegura.
Nyuma y'aho ikipe ya Rayon Sport itsindiye ikipe ya APR FC kuri iki cyumweru taliki ya 13 Gashyantare 2023, ikintu cyazamuye moral!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport iniganye inkari ikipe ya APR FC bituma yiyunga n’abakunzi bayo
Nyuma y'imyaka ine itazi gutsinda APR FC uko bisa, kera kabaye Rayon Sport irabikoze bituma yiyunga n'abakunzi bari bamaze igihe mu kababaro.
Champonnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda yakomeje kuri iki cyumweru, umwe mu mikino yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Real Madrid yatwaye igikombe cy’isi nyuma yo gutsinda Al-Hilal
Ikipe ya Real Madrid yaraye itwaye ikindi gikombe cy'isi nyuma yo gutsinda ikipe ya Al-Hilal yo muri Arabya Saoudite ibitego bitanu
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu, ikipe ya Ikipe ya Real Madrid yatsinze Al-Hilal ku mukino wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana KNC yifatiye mu gahanga umusifuzi Rulisa amushinja kwiba ikipe ye
Nyuma y'umukino wahuje ikipe ya Gasogi Utd na Rutsiro FC, Bwana KNC yifatiye mu gahanga umusifuzi wasifuye amusabira kuba urw'amenyo.
Perezida wa Gasogi United FC, Kakooza Nkuliza Charles , yagaye Umusifuzi Rulisa Patience wasifuye!-->!-->!-->!-->!-->…
KNC yongeye gusuzugura ikipe ya Rayon Sport
Perezida wa Gasogi Utd yongeye kwifatira mu gahanga ikipe ya Rayon Sport avuga ko uko byagenda kose itamutsinda n'iyo yakinisha ikipe ya gatatu.
Bwana Kakuza Nkuliza Charles, perezida w'ikipe ya Gasogi Utd yongeye kwifatira mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu nyayo yatumye Gasogi Utd yikuye mu irushanwa
Perezida wa Gasogi Utd Bwana KNC yasobanuye impamvu nyayo yatumye ikipe ye yikura mu marushanwa y'igikombe cy'amahoro.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 8 Gashyantare 2023 nibwo ikipe ya Gasogi Utd yatangaje ko itazitabira ano!-->!-->!-->!-->!-->…
LeBron James yakoze amateka yo gutsinda amanota menshi muri NBA
LeBron Raymone James Sr. yaciye agahigo ko gutsinda amanota ibihumbi 38.390, aba umukinnyi wa mbere ubikoze mu mateka ya Shampiyona ya Basketball muri Amerika, NBA.
Mu rukerera rwo ku wa Kabiri, tariki 7 Gashyantare 2023, ni bwo uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
AS Kigali yasobanuye impamvu yikuye mu gikombe cy’Amahoro
Nyuma yo gutangaza ko bikuye mu mikino yo guhatanira igikombe cy'Amahoro, ikipe ya AS Kigali yatangaje ko ishaka gushyira imbaraga kuri championnat.
Ku munsi w'ejo ku cyumweru nibwo ikipe y'abanyamujyi AS Kigali yashyize hanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusifuzi Bwiza yahanishijwe kudasifura imikino 6 kubera kwanga igitego cya Rayon sport
Umusifuzi Bwiriza Nonath umaze iminsi avumwa n’abafana ba Rayon Sports kubera kubatesha amanota ku mukino wa Mukura VS banganyije igitego 1-1,yafatiwe ibihano.
Amakuru aravuga ko Bwiriza Nonati usanzwe ari umusifuzi mpuzamahanga,!-->!-->!-->!-->!-->…
Manzi Thierry wari umaze igihe adafite ikipe yasinyiye AS Kgl kuyikinira umwaka umwe
Manzi Thierry, myugariro w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, wari umaze igihe adafite ikipe nyuma yo gusezererwa na AS FAR Rabat yo muri Maroc isanzwe ikinamo Umunyarwanda Emmanuel Imanishimwe, yasinye muri AS Kigali iri mu makipe ahatanira!-->!-->!-->…
Sadate kuyobora Rayon Sport arasanga umusifuzi wo ku ruhande wasifuriye Rayon akwiye guhanwa
Sadate Munyakazi wigeze kuyobora ikipe ya Rayon Sport, yasabye FERWAFA gufatira ibihano umusifuzi wo ku ruhande wimye ikipe ya Rayon sport igitego kigaragara cyari cyatsinzweo
Nyuma y'umukino wahuje ikipe ya Rayon sport n'ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC inyabitse Kiyovu Sport biyishyira ku isonga rya championnat
Mu mikino y’umunsi wa 17 yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Mutarama 2023,ikipe ya APR FC yigaranzuye Kiyovu Sports yari imaze imyaka 2 yarayigaruriye ibona amanota 3 yayifashije gufata umwanya wa mbere ushobora kuyihesha ikindi!-->!-->!-->…