Browsing Category
Imikino
Batanu bafunzwe bazira gucucura Premier League arenga miliyari 7 Frw
Abagabo batanu basaruye arenga miliyari 7 Frw kubera kugurisha imikino ya Shampiyona y’u Bwongereza “Premier League” batabiherewe uburenganzira, bakatiwe gufungwa imyaka itandukanye harimo n’uwahawe 11.
Aba bantu uko ari batanu!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC itwaye championnat 2022-2023 ku nshuro ya kane yikurikiranya
APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona y’u Rwanda ya 2022-23 kiba igikombe cya 4 yegukanye yikurikiranya ibintu yaherukaga gukora hagati ya 2008 na 2012, ni nyuma yo gutsinda Gorilla FC2-1.
Yegukanye igikombe nyuma yo gutsinda!-->!-->!-->!-->!-->…
Koga : Ikipe ya CS Karongi yegukanye shampiyona ikinirwa mu mazi magari
Taliki 20 Gicurasi 2023 mu Karere ka Karongi habereye irushanwa ryo Koga mu biyaga “Open Water National Swimming Championship 2023” ryateguwe n’ishyirahamwe ry’umukino wo Koga mu Rwanda “RSF”.
Ikipe ya CS Karongi ni yo yitwaye neza!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yasabye Abanyarwanda imbabazi nyuma y’aho ikipe y’igihugu itewe mpaga
Nyuma y'aho ikipe y'igihuu y'umupira w'amaguru itewe mpaga kubera gukinisha umukinnyi wari ufite amakarita abiri y'umuhondo, FERWAFA yanditse ibaruwa ifunguye isaba imbabazi Abanyarwanda yizeza gukurikirana buri wese wabigizemo uruhare!-->!-->!-->…
Umutoza Adil wigeze gutoza APR FC mu nzira zo kujurira ku cyemezo cya FIFA
Umutoza w’Umunya-Maroc, Erradi Adil Mohammed agiye kwitabaza Urukiko rwa Siporo ku Isi (TAS) ajuririra icyemezo cya FIFA ku kirego yarezemo APR FC ko yamwirukanye binyuranyije n’amategeko.
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi!-->!-->!-->!-->!-->…
APR WVC na REG VC yombi yari ahagarariye u Rwanda muri Tunisia, yasezerewe
Amakipe ya APR VC y’abagore na REG VC y’abagabo ahagarariye u Rwanda mu mikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Volleyball CAVB Club Championship, yose, yasezerewe atarenze kimwe cya kane (¼), inzozi zo kwegukana umudari!-->!-->!-->…
UCL: Manchester City yanyagiye igihangange Real Madrid biyigeza ku mukino wa nyuma wa UCL
Manchester City yageze ku mukino wa nyuma wa Champions League nyuma yo gutsinda isuzuguye Real Madrid ibitego 4-0 mu mukino wo kwishyura wa ½, iyisezerera ku giteranyo cya 5-1.
Uyu mukino wabereye kuri Etihad Stadium ku mugoroba wo!-->!-->!-->!-->!-->…
CAF yategetse ko u Rwanda ruterwa mpaga mu mukino waruhuje na Benin
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika, CAF, yateye u Rwanda mpaga nyuma yo gusanga rwarakinishije Muhire Kevin wari ufite amakarita abiri y’umuhondo ku mukino waruhuje na Bénin.
Ni icyemezo cyatangajwe na CAF!-->!-->!-->!-->!-->…
FIFA yateye utwatsi ikirego cy’umutoza Adil waregaga APR FC
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryateye utwatsi ikirego Umutoza w’Umunya-Maroc Adil Erradi Mohammed yari yarezemo APR FC ko yahagaritswe binyuranyije n’amategeko
Icyemezo cyafashwe n’Akanama gashinzwe Uburenganzira!-->!-->!-->!-->!-->…
Peace Cup: Rayon Sport ikubitiye Mukura mu rugo Kiyovu inganya na APR FC
Kuri uyu wa Gatatu tariki 10 Gicurasi 2023, kuri sitade ya Bugesera ikipe APR FC yanganyije na Kiyovu Sports igitego 1-1 mu mukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro 2023.
Ni umukino watangiye ukinirwa hagati ku makipe yombi ariko!-->!-->!-->!-->!-->…
Lionel Messi yasabye imbabazi ubuyobozi bwa PSG
Rutahizamu wikipe y'igihugu ya Argentine, Lionel Messi, yasabye imbabazi bagenzi be nyuma y’uko ataye akazi akajya muri Arabie Saoudite adasabye uruhushya ikipe ye ya Paris Saint-Germain.
Ku wa Kabiri w’iki cyumweru ni bwo hasakaye!-->!-->!-->!-->!-->…
Muyange FC y’umuvuzi gakondo Salongo yatwaye igikombe nyuma yo gutsinda Cyeru FC
Ikipe yitwa Muyange FC ya Bwana Salongo uzwi cyane mu buvuzi gakondo yatwaye igikombe cyayo cya mbere nyuma y'uko itsinze Cyeru FC mu mukino wanogeye abatari bake.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 3 Gicurasi 2023 ku isaha!-->!-->!-->!-->!-->…
CAF yohereje intumwa kugenzura ko Stade ya Huye yujuje ibikwiye mbere y’uko yakira Mozambique
Intumwa za CAF zamaze kugera i Huye kureba no kugenzura niba icyo kibuga cyujuje ibisabwa byose kugira ngo ibe yakwemera kwakira umukino wa Mozambique.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane taliki ya 4 Gicurasi 2023 intumwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport FC isezereye Police FC yari yijejwe ibirenze iramutse itsinze uyu mukino
Ikipe ya Rayon sport FC isezereye ikipe ya Police FC bituma ikomeza mu cyiciro cya nyuma cy'igikombe cy'amahoro yari yarikuyemo.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 3 Gicurasi 2023 ikipe ya Rayon Sport yagombaga kwakira!-->!-->!-->!-->!-->…
Perezida wa Gasogi Utd KNC yavuze ko hari abakinnyi be bagambaniye ikipe
Perezida w'ikipe ya Gasogi Utd yarakaye avuga ko hari abakinnyi agiye kwirukana mu ikipe ye kubera ko bagambaniye ikipe bakemera kwakira amaranga y'abakeba nabo bemera kugambanira ikipe bakitsindisha.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 2!-->!-->!-->!-->!-->…