Browsing Category
Imikino
Rayon Sport FC isezereye Police FC yari yijejwe ibirenze iramutse itsinze uyu mukino
Ikipe ya Rayon sport FC isezereye ikipe ya Police FC bituma ikomeza mu cyiciro cya nyuma cy'igikombe cy'amahoro yari yarikuyemo.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 3 Gicurasi 2023 ikipe ya Rayon Sport yagombaga kwakira…
Perezida wa Gasogi Utd KNC yavuze ko hari abakinnyi be bagambaniye ikipe
Perezida w'ikipe ya Gasogi Utd yarakaye avuga ko hari abakinnyi agiye kwirukana mu ikipe ye kubera ko bagambaniye ikipe bakemera kwakira amaranga y'abakeba nabo bemera kugambanira ikipe bakitsindisha.
Kuri uyu wa kabiri taliki ya 2…
U Rwanda runyagiye Abarundi ibitego 38 kuri 13 rwegukana igikombe
Ikipe y’u Rwanda y’abangavu batarengeje imyaka 17 yegukanye igikombe itsinze u Burundi ibitego 32-13 mu mikino y’Akarere ka gatanu muri Handball yasojwe kuri iki Cyumweru tariki 30 Mata 2023 muri Tanzania.
Ni imikino yari yatangiye…
Rayon Sports yatsinze Espoir FC ifata umwanya wa kabiri yotsa Igitutu Kiyovu Sports
Ikipe ya Rayon Sports yatsindiye Espoir i Rusizi Ibitego 2-1, mu mukino w’umunsi wa 27 wa Shampiyona,ihita ifata umwanya wa kabiri.
Rayon Sports yatangiye umukino iri hejuru,byatumye ibona igitego ku munota wa 4 gusa gitsinzwe na…
Munyentwari Alphonse anyujijwe iy’ubusamo imugeza ku buyobozi bwa FERWAFA
Bwana Alphonse Munyentwali wigeze kuyobora Akarere ka Nyamagabe, n'Intara y'uburengerazuba yagizwe umuyobozi w'ikipe ya Police FC bishobora kumuhesha amahirwe yo kuyobora FERWAFa agasimbura Olivier uherutse kwegura.
Ikipe y'umupira…
Ibihugu byiyemeje gushyira hamwe imbaraga bikakira CAN ya 2027
Ibihugu bitatu byo mu karere k'iburasirazuba bwa Afrika atibyo Tanzaniya, Kenya na Uganda byiyemeje gushyira hamwe imbaraga zabo mu kwakira imikino ya nyuma y'igikombe cya Africa.
Ibihugu bya Tanzaniya, Kenya na Uganda byyemeje…
Uburasirazuba: Imikino ya UKC yasubukuwe, abaturage bahabwa ubutumwe bukomeye
Imikino ya Umurenge Kagame Cup yasubukuwe mu Ntara y'uburasirazuba, maze abaturage bahabwa ubutumwa bw'uko bagomba kwimakaza imiyoborere myiza igashinga imizi mu mirenge hose batuyemo.
Hirya no hino mu Ntara y'Iburasirazuba, ku wa Kane…
“Agahinda muntera nanjye nzakabatera” KNC abwira abakinnyi ba Gasogi Utd
Perezida w'ikipe ya Gasogi Utd Bwana KNC yabwiye abakinnyi b'ikipe ye ko bamaze igihe bamutera agahinda, kandi ko nibakomeza batyo nawe azabateza agahinda ndetse byikubye kenshi.
Mu kiganiro "Rirarashe" kibera kuri Radio One, Bwana…
Birangiye Bwana Jules Karangwa ariwe utorewe kuba SG wa FERWAFA by’agateganyo
Bwana Jules Karangwa wari ushinzwe amarushanwa akaba n'umunyamategeko muri FERWAFA niwe utorewe kuyobora ubunyamabanga bw'iryo shyirahamwe.
Inkundura zo kwegura n'impinduka mu ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA…
Abandi batatu barimo na SG wa FERWAFA Bwana Muhire Henry bamaze kwegura
Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Muhire Henry Brulart, yasezeye ku mirimo ye nyuma y’umunsi umwe Nizeyimana Olivier wari Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda yeguye.
Amakuru yizewe agera ku kinyamakuru…
Regis Muramira yanze kurya umunwa, arashinja Minisitiri Mimosa gusenya Sports mu Rwanda
Umwe mu banyamakuru b'imikino hano mu Rwanda arasanga minisitiri wa Siporo Mimosa ariwe uri kwangiza Siporo mu Rwanda kandi ariwe wari ukwiye kuyubaka
Kuva ku munsi w'ejo taliki ya 19 Mata 2023 ubwo Bwana NIZEYIMANA Olivier…
Abanyamakuru batandukanye bagize icyo bavuga nyuma yo kwegura kwa Olivier muri FERWAFA
Nyuma y'aho uwari umuyobozi wa FERWAFA Bwana Olivier Nizeyimana yeguye ku buyobozi bwa FERWAFA, hari abantu benshi mu bakunzi ba ruhago mu Rwanda bagiye bagira icyo babivugaho.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu taliki ya 19 Mata…
Intare FC yatewe mpanga nyuma yo kwanga gukina na Rayon Sport FC
Ikipe ya INTARE FC yanze gukina umukino wa 1/8 wo kwishyura na Rayon Sports ivuga ko itanyuzwe n’icyemezo cy’ubujurire cyemeje ko uwo mukino uba.
Uyu mukino wagombaga kuba kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Mata saa cyenda ku kibuga…
Munyengabe Omar wari SG wa Kiyovu yirukanywe ku mwanya yari amazeho imyaka itatu
Ubuyobozi bw’Umuryango Kiyovu Sports bwafashe icyemezo cyo guhagarika Munyengabe Omar wari umaze hafi imyaka itatu ari Umunyamabanga Mukuru.
Munyengabe wagiye kuri uyu mwanya muri Nzeri 2020, yahagaritswe kubera kumara umwaka…
Tuniziya: Bwana Jamil yasheshe ikipe yayoboraga nyuma y’aho abakinnyi bayo 32 batorokeye i…
Ikipe y’umupira w’amaguru mu gihugu cya Tuniziya yasezeye mu marushanwa yose yarimo nyuma y'uko abakinyi bayo 32 bahunze igihugu bakigira gushakisha ubuzima ku mugabane w’Uburayi.
Umuyobozi w’iyi kipe Ghardimaou isanzwe ikina mu…