Browsing Category
Imikino
KNC yongeye gusuzugura ikipe ya Rayon Sport
Perezida wa Gasogi Utd yongeye kwifatira mu gahanga ikipe ya Rayon Sport avuga ko uko byagenda kose itamutsinda n'iyo yakinisha ikipe ya gatatu.
Bwana Kakuza Nkuliza Charles, perezida w'ikipe ya Gasogi Utd yongeye kwifatira mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye impamvu nyayo yatumye Gasogi Utd yikuye mu irushanwa
Perezida wa Gasogi Utd Bwana KNC yasobanuye impamvu nyayo yatumye ikipe ye yikura mu marushanwa y'igikombe cy'amahoro.
Kuri uyu wa gatatu taliki ya 8 Gashyantare 2023 nibwo ikipe ya Gasogi Utd yatangaje ko itazitabira ano!-->!-->!-->!-->!-->…
LeBron James yakoze amateka yo gutsinda amanota menshi muri NBA
LeBron Raymone James Sr. yaciye agahigo ko gutsinda amanota ibihumbi 38.390, aba umukinnyi wa mbere ubikoze mu mateka ya Shampiyona ya Basketball muri Amerika, NBA.
Mu rukerera rwo ku wa Kabiri, tariki 7 Gashyantare 2023, ni bwo uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
AS Kigali yasobanuye impamvu yikuye mu gikombe cy’Amahoro
Nyuma yo gutangaza ko bikuye mu mikino yo guhatanira igikombe cy'Amahoro, ikipe ya AS Kigali yatangaje ko ishaka gushyira imbaraga kuri championnat.
Ku munsi w'ejo ku cyumweru nibwo ikipe y'abanyamujyi AS Kigali yashyize hanze!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusifuzi Bwiza yahanishijwe kudasifura imikino 6 kubera kwanga igitego cya Rayon sport
Umusifuzi Bwiriza Nonath umaze iminsi avumwa n’abafana ba Rayon Sports kubera kubatesha amanota ku mukino wa Mukura VS banganyije igitego 1-1,yafatiwe ibihano.
Amakuru aravuga ko Bwiriza Nonati usanzwe ari umusifuzi mpuzamahanga,!-->!-->!-->!-->!-->…
Manzi Thierry wari umaze igihe adafite ikipe yasinyiye AS Kgl kuyikinira umwaka umwe
Manzi Thierry, myugariro w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, wari umaze igihe adafite ikipe nyuma yo gusezererwa na AS FAR Rabat yo muri Maroc isanzwe ikinamo Umunyarwanda Emmanuel Imanishimwe, yasinye muri AS Kigali iri mu makipe ahatanira!-->!-->!-->…
Sadate kuyobora Rayon Sport arasanga umusifuzi wo ku ruhande wasifuriye Rayon akwiye guhanwa
Sadate Munyakazi wigeze kuyobora ikipe ya Rayon Sport, yasabye FERWAFA gufatira ibihano umusifuzi wo ku ruhande wimye ikipe ya Rayon sport igitego kigaragara cyari cyatsinzweo
Nyuma y'umukino wahuje ikipe ya Rayon sport n'ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC inyabitse Kiyovu Sport biyishyira ku isonga rya championnat
Mu mikino y’umunsi wa 17 yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 28 Mutarama 2023,ikipe ya APR FC yigaranzuye Kiyovu Sports yari imaze imyaka 2 yarayigaruriye ibona amanota 3 yayifashije gufata umwanya wa mbere ushobora kuyihesha ikindi!-->!-->!-->…
Kiyovu Sports igiye gutangaza abafana batutse Mukansanga Salima
Ikipe ya Kiyovu Sports igiye gutangaza amazina y’abafana batutse Umusifuzi Mukansanga Salima ndetse banahanwe by’intangarugero.
Ku mukino w’Umunsi wa 16 wa Shampiyona ubwo Gasogi United yakiraga Kiyovu Sports, kuri Stade ya Bugesera!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA igiye gusuzuma ikibazo cy’imyitwarire mibi y’abafana ba Kiyovu basagariye…
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda,FERWAFA ryamaganye imyitwarire idahwitse yaranze abafana ba Kiyovu Sports mu mukino w’umunsi wa 16 wa Primus League wabahuje n’ikipe ya Gasogi United,kuwa 20 Mutarama 2023.
Mu butumwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umukino wa Rayon Sports na Musanze FC wongeye urasubikwa ku nshuro ya kabiri
Umukino w’umunsi wa 16 uzahuza Rayon Sports na Musanze FC kuri stade ya Muhanga, wongeye kwimurwa uvanwa ku itariki 22 Mutarama 2023 wari wimurweho.
Uyu mukino ku ngengabihe yari yasohowe n’Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC mu nzira zo gutera gapapu Rayon Sports kuri rutahizamu Makusu Mundele
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC, ishobora gutera gapapu mukeba wayo, Rayon Sports, kuri rutahizamu w’Umunye-Congo Jean Marc Makusu Mundele kuri ubu udafite ikipe.
Makusu uheruka gutandukana na St Éloi Lupopo, kuri ubu ari kubarizwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye igihe Shampiyona ya Basketball izagarukira.
Nk’uko bigaragazwa n’ingengabihe yuko amakipe azahura mu byiciro byombi, abagabo n’abagore, shampiyona y’icyiciro cya mbere uyu mwaka izakinwa n’amakipe 20, aho mubagabo ari amakipe 12 naho mu bagore akaba 8.
Uyu mwaka w’imikino!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasogi Utd irijije aba Rayon ituma binjirana agahinda mu minsi mikuru
Ikipe ya Gasogi Utd itsinze Rayon Sport FC bituma abakunzi bayo barangiza nabi umwaka binjirana agahinda mu mwaka wa 2023.
Championnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda yakomeje ku munsi wayo wa 15, ni umunsi wari waranzwe no gutungurwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Amwe mu makipe yo mu burasirazuba ashobora guhuzwa
Ku itariki 22 Nyakanga 2022, mu Ntara y’Iburasirazuba mu Karere ka Kayonza, habereye inama yahuje Guverineri w’iyo Ntara, Emmanuel Gasana n’abayobozi b’amakipe yo mu byiciro icyenda by’imikino ndetse n’abayobozi b’amashuri!-->!-->!-->…