Browsing Category
Imikino
APR FC mu nzira zo gutera gapapu Rayon Sports kuri rutahizamu Makusu Mundele
Ikipe y’Ingabo z’Igihugu, APR FC, ishobora gutera gapapu mukeba wayo, Rayon Sports, kuri rutahizamu w’Umunye-Congo Jean Marc Makusu Mundele kuri ubu udafite ikipe.
Makusu uheruka gutandukana na St Éloi Lupopo, kuri ubu ari kubarizwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Hamenyekanye igihe Shampiyona ya Basketball izagarukira.
Nk’uko bigaragazwa n’ingengabihe yuko amakipe azahura mu byiciro byombi, abagabo n’abagore, shampiyona y’icyiciro cya mbere uyu mwaka izakinwa n’amakipe 20, aho mubagabo ari amakipe 12 naho mu bagore akaba 8.
Uyu mwaka w’imikino!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasogi Utd irijije aba Rayon ituma binjirana agahinda mu minsi mikuru
Ikipe ya Gasogi Utd itsinze Rayon Sport FC bituma abakunzi bayo barangiza nabi umwaka binjirana agahinda mu mwaka wa 2023.
Championnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda yakomeje ku munsi wayo wa 15, ni umunsi wari waranzwe no gutungurwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Amwe mu makipe yo mu burasirazuba ashobora guhuzwa
Ku itariki 22 Nyakanga 2022, mu Ntara y’Iburasirazuba mu Karere ka Kayonza, habereye inama yahuje Guverineri w’iyo Ntara, Emmanuel Gasana n’abayobozi b’amakipe yo mu byiciro icyenda by’imikino ndetse n’abayobozi b’amashuri!-->!-->!-->…
Kylian Mbappe agaragaje ko agiye gufata umwanzuro ukomeye!!
Real Madrid biravugwa ko icyifuza Kylian Mbappe ariyo mpamvu yongeye gusubiza amaso inyuma agashaka kuyerekezamo.
Kuri uyu wa kabiri,Rutahizamu w’Ubufaransa Kylian Mbappé wujuje imyaka 24 ashobora gutangaza mu kanya kari imbere ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Lionel Messi yaciye agahigo ko kuba umukinnyi ugize ifoto yakunzwe na benshi kuri Instagram
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu ya Argentine, Lionel Messi yabonye indi ntsinzi imbere ya Cristiano Ronaldo ubwo ifoto ye afite Igikombe cy’Isi yabaga iya mbere y’umukinnyi ikunzwe n’abantu benshi kuri Instagram.
Nyuma yo gutsinda u!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza wa Rayon Sport yahawe umukino umwe agomba gutsinda bitaba ibyo akirukanwa
Nyuma yo gutsindwa n'ikipe ya APR FC, ubuyobozi bw'ikipe ya Rayon sport bwasabye umutoza wayo gutsinda umukino ukurikira bitaba ibyo akirukanwa.
Nyuma yo gutsindwa n'umukeba kuri uyu wa gatandatu taliki ya 17 Ukuboza 2022, abayobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC yongeye gupfukama mu nda ikipe ya Rayon Sport
Ikipe ya APR FC yongeye ikubita ikipe ya Rayon Sport nyuma yo guhiga ko noneho igiye kwigaranzura.
kuri uyu wa gatandatu taliki ya 17 Ukuboza 2022, championnat y'umupira w'amaguru mu Rwanda Primus national league yakomeje ku munsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Kenya yapfiriye kuri stade mu mukino w’igikombe cy’isi ari mu kazi
Umunya Kenya yapfiriye muri stade yo muri Qatar ubwo yahanukaga ari mu kazi ko gucunga umutekano mu mukino w’igikombe cy’isi.
Ibi byemejwe na Qatar Supreme Committee for Delivery & Legacy, ari nabo bashinzwe gutegura igikombe!-->!-->!-->!-->!-->…
Maroc: Leta yatanze indege 30 ku banyagihugu bifuza kujya gufana ikipe muri Qatar
Nyuma yo gutsinda ikipe ya Portugal ikabona umwanya wo gukina kimwe cya kabiri mu gikombe cy'isi, Umwami wa Maroc yemeye gutanga indege 30 ku bantu bose bifuza kujya gufana ikipe yabo muri Qatar
Sosiyete y’Ubwami bwa Maroc ishinzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Maroc itahabwaga amahirwe, yanditse amateka mashya ku mugabane wa Afrika nyuma yo gutsinda Portugal
Ikipe ya Maroc itahabwaga amahirwe muri kino gikombe cy'isi kiri gukinirwa muri Qatar, imaze gutsinda ikipe ya Portugal yandikisha amateka mashya ku mugabane wa Afrika.
Ikipe y’igihugu ya Maroc yakoze amateka yo kuba ikipe ya mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Qatar: Umunyamakuru ukomeye yaguye igihumure arapfa ubwo yarebaga umupira wa Argentine…
Umunyamakuru ukomeye uturuka mu gihugu cya Leta Zunze ubumwe za Amerika yaguye hasi igihumure arapfa ubwo yari arimo arareba umupira wa Argentine na Hollande
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu ubwo abantu barebaga umupira wa kimwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Intsinzi ya Morocco kuri Spain yashimishije umwami ahamagara umutoza.
Nyuma y'aho ikipe y'igihugu ya Maroc itsinze ikipe y'igihugu ya Espagne, byashimishije cyane umwami wa Maroc bituma we ubwe yihamagarira umutoza w'ikipe amushimira.
Umwe mu minsi yaraye ishimishije benshi mu banyafrika muri kino!-->!-->!-->!-->!-->…
FIFA YAHANYYE SERBIA NYUMA YO KWITWARA NABI MU IKOMBE CY’ISI
FIFA YAMAZE GUTANGAZA KO IZAHANA SERBIA NYUMA YO KUGARAGAZA IMYITWARIRE IDAHWITSE MU KIBUGA.
Ni ibyaje bikurikira ibyari byabereye mu mukino wo gushaka itike ya 1/8 cy'irangiza wahuje Ubusuwisi na Serbia, abakinnyi barimo Granit!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ahubwo APR FC yaducitse, ntitwari kunganya nayo” KNC wa Gasogi Utd
Perezida w'ikipe ya Gasogi Utd Bwana KNC yavuze ko ababajwe no kunganya n'ikipe ya APR FC kuko yari yayiteguye bihagije.
Kuri uyu wa gatanu championnat yarakomeje ku munsi wayo wa 12, ikipe ya Gasogi Utd yagombaga guhura n'ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…