Browsing Category
Imikino
KNC arashinja perezida wa KIYOVU Sport gushaka kugundira ubuyobozi bw’ikipe
Umuyobozi w'ikipeya Gasogi United arashinja Bwana Juvenal gushaka kugundira ubutegetsi bw'ikipe ya Kiyovu sport
Nyuma y'uko kuri iki cyumweru ikipe ya Gasogi yongeye kwisenegerera ikipe ya Kiyovu ikayikubita nk'izakubiswe akabwana,!-->!-->!-->!-->!-->…
Kiyovu sport ikomeje kuba insina ngufi imbere ya Gasogi Utd
Ikipe ya GAsogi Utd yongeye icecekesha ikipe ya Kiyovu sport nyuma yo kuyinyagira ibitego bitatu byose kuri kimwe.
Kuri iki cyumweru championnaty'umupira w'amaguru mu Rwanda mu cyiciro cya mbere yakomeje, umwe mu mikino yari yitezwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Senegal ibaye ikipe ya mbere ya Afrika ibonye intsinzi muri Qatar
Ikipe ya Senegal yahesheje ishema umugabane wa Afurika nyuma yo gutanga andi makipe awuhagarariye kubona amanota 3 ubwo yatsindaga Qatar ibitego 3-1 mu mukino wa kabiri mu itsinda A.
Nyuma yo gutsindwa n’Ubuholandi mu mukino wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Arabie Saoudite yatsinze Argentine yari imaze imikino 36 itazi gutsindwa icyo aricyo
Arabie Saoudite yatunguye Argentine iyitsinda ibitego 2-1 mu mukino wabereye kuri Lusail Iconic Stadium, kuri uyu wa Kabiri, tariki 22 Ugushyingo 2022, ishyira iherezo ku mikino 36 iki gihugu cyari kimaze kidatsindwa.
Argentine!-->!-->!-->!-->!-->…
Senegal idafite Sadio Mane itisnzwe umukino wa mbere
Ikipe ya Senegal yari yijeje umukino usukuye n'intsinzi ku bafana bayo imaze gutakaza umukino wayo wa mbere.
Imwe mu makipe ahagarariye umugabane wa Afrika yahabwaga amahirwe yo kugera kure imaze gutakaza umukino wayo wa mbere!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza wa Senegal yijeje abakunzi bayo ibyishimo n’ubwo bwose adafite Sadio Mane…
Umutoza w'ikipe w'ikipe y'igihugu ya Senegal Bwana Aliou Cissé yijeje abakunzi b'iyo kipe ko batari bubure ibyishimo n'ubwo bwose iyo kipe idafite kizigenza wayo Bwana Sadio Mane uherutse kugira imvune itazatuma yitabira iyo mikino!-->!-->!-->…
Undi mukinnyi wa France yagize imvune itazatuma akina kino gikombe cy’isi
Nyuma y'abandi bakinnyi bakomeye b'ikipe y'umupira w'amaguru y'Ubufaransa batazitabira kino gikombe kubera imvune, ubu byemejwe ko na Benzema atazakina kubera imvune yagiriye mu myitozo.
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu gihugu!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yasabye imbabazi ku myitwarire idahwitse ya Muhajir mu mukino wa gicuti
Ishyihamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda ryasohoye itangazo risaba imbabazi Abanyarwanda ndetse n'Abanyasudani kubera imyitwarire mibi y'umukinnyi wayo mu mukino waraye ubaye.
Nyuma y'aho umukino wa gishuti wahuzaga ikipe y'u!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho, Sadio Mane yakuweho ku rutonde rw’abazakina mu gikombe cy’isi
Nyuma yo kuvunikira mu kibuga, bakemeza ko hari imikino azakina, kuri ubu byemejwe ko Sadio Mane atazakina umukino n'umwe w'igikombe cy'isi.
Rutahizamu wa Sénégal Sadio Mané yabazwe ku ivi kubera imvune yagize ubwo yari arimo!-->!-->!-->!-->!-->…
Johan Hamel umwe mu basifuzi bakomeye mu Bufaransa yituye hasi mu myitozo arapfa.
Johan Hamel wari umusifuzi ukomeye w’umupira w’amaguru mu gihugu cy’u Bufaransa yitabye Imana ku myaka 42.
Sendika yo mu Bufaransa y’abasifuzi b’umupira w’amaguru mu cyiciro cya mbere yatangaje muri iki gitondo ko uyu musifuzi wo!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza Adil yavuze ko adateze kugaruka muri APR FC anavuga impamvu yabimuteye
Umutoza ukomoka muri Maroc, Adil Mohamed Erradi, yatangaje ko atigeze agaruka muri APR FC kuko yabwiwe n’ubuyobozi bw’iyi kipe ko atagishakwa muri iyi kipe.
Mu Ukwakira,uyu mutoza yahagaritse ukwezi kumwe we na kapiteni w’ikipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Christiano Ronaldo yavuze amagambo akomeye ku mutoza no ku buzima bw’ikipe ye
Rutahizamu wa Manchester United n'ikipe y'igihugu ya Portugal Bwana Christiano Ronaldo yavuze ko umutoza Ten Hag atamugomba icyubahiro na gike kuko nawe ubwe atigeze amwubaha.
Ku mugoroba wo kuri iki cyumweru taliki ya 13 Ugushyingo!-->!-->!-->!-->!-->…
NYANZA FC itangiye championnat inyagira Rugende FC yari yayakiriye ku kibuga cyayo
Ikipe ya Nyanza FC imaze kunyagira ibitego bitatu byose ikipe ya Rugende bahuye mu mukino wa mbere wa Championnat.
Mu mpera z'iki cyumweru nibwo championnat y'u Rwanda yo mu cyiciro cya kabiri mu mupira w'amaguru yagombaga!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ikipe ya Rayon nyishyize muri dumburi” Perezida wa Kiyovu nyuma yo gutsinda Rayon Sport
Nyuma y'aho ikipe ya Kiyovu sport yongeye gukubita ikipe ya Rayon sport FC, perezida MVUKIYEHE Juvenal wa Kiyovu Sport avuze ko ikipe ya Rayon sport amaze kuyishyira muri dumburi.
Ibi Bwana MVUYEKURE Juvenal abivugiye kuri stade,!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport ikomeje kuba insina ngufi imbere ya Kiyovu Sport
Nyuma y'impaka nyinshi n'imihigo yagiye ihigwa ku mpande zombi, birangiye ikipe ya Kiyovu sport yongeye kwisengerera ikipe ya Rayon sport ihagarika umuvuduko iyo kipe ya Rayon yari imaranye.
Kuri uyu wa gatanu taliki ya 11!-->!-->!-->!-->!-->…