Browsing Category
Imikino
FIFA yagumishijeho ibihano yahaye ikipe ya Mukura VS&L biyitegeka kwishyura miliyoni zirenga 11
Akanama nkemurampaka k'impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru ku isi FIFA kongeye kwemeza ko ikirego cya Opoku Mensah gifite ishingiro, ndetse ikomeza ibihano yari yarahaye ikipe ya Mukura Victory Sport et loisir nyuma y'aho iyi kipe!-->!-->!-->…
Adil wahembwaga akayabo mu mitsi n’imisoro y’Abanyarwanda yamaze gutandukana na APR FC
Bidasubirwaho, umutoza Adil yamaze gutandukana n'ikipe y'ingabo z'igihugu APR FC asiga avuze ko bazakiranurwa n'inkiko za FIFA.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu nibwo inkuru yabaye impamo, iva mu byo guhishahisha ku mpande!-->!-->!-->!-->!-->…
“Sadate yahemukiye Rayon, akwiye gushyirwa kuri stade akaraswa” Martin wa Rayon
Hari bamwe mu bakunzi n'abafana b'ikipe ya Rayon Sport basanga Bwana Sadate yarahemukiye ikipe ku buryo usibye imbabazi z'abakunzi bayo, ubundi yari akwiye gushyirwa kuri stade akaraswa urufaya rw'amasasu ku karubanda.
Kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Karim Benzama yegukanye Ballon d’Or nyuma y’igihe nta mufaransa uzi uko isa
Mu birori by'akataraboneka byabereye i Paris biyoborwa na Didier Drogba, KARIM BENZAMA rutahizamu wa Real Madrid n'ikipe y'igihugu y'Ubufaransa yahawe Ballon d'Or nyuma y'imyaka itari mike nta mufaransa uyihawe.
Ku wa Mbere tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sports yatsinzwe urubanza yaregwagamo n’uwahoze ari umutoza wayo.
Uwari umutoza w’ikipe ya Rayon Sports Manuel da Silva Paixão Santos yamaze gutsinda urubanza yaregagamo ikipe ya Rayon Sports nyuma yo kumwirukana we n’umwungiriza we Paulo Daniel Faria binyuranyije n’amategeko.
Mu ntangiriro za!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya APR FC yaraye isezereye umutoza wayo mukuru Adil
Ubuyobozi bwa APR FC bwafashe icyemezo cyo guhagarika Umunya-Maroc Adil Erradi Mohammed wayitozaga mu gihe kitazwi.
Icyemezo cyo guhagarika Adil Mohammed cyamenyekanye kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 14 Ukwakira 2022.
Ku mugoroba!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Umutoza wa Gasogi Utd Ahmed Adel yahagiritswe imyaka 5 kubera ibyangombwa bihimbano
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yahagaritse abatoza batatu barimo uwa Gasogi United, Ahmed Adel, mu gihe cy’imyaka itanu batagaragara mu bikorwa bya ruhago bazira gukoresha ibyangombwa mpimbano.
Itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…
Kylian Mbappe yahigitse Erling Haaland ku rutonde rw’umukinnyi wa mbere uhenze ku isi, naho Messi…
Kylian Mbappe niwe mukinnyi uhenze ku isi aho Arusha umukurikira miliyoni 10 z’ama Pound y’Abongereza
Mu bushakashatsi bwakozwe n’ikinyamakuru The SunFootball , cyashyize hanze urutonde rw’abakinnyi 10 ba mbere bahenze ku isi mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Abanyamuryango ba KIYOVU Sport batakambiye Juvenal bamusaba kugaruka ku buyobozi
Abanyamuryango b'ikipe ya Kiyovu Sport basabye ko uwari perezida w'ikipe yabo ko yakongera kuyobora ikipe bamwizeza ubufatanye.
Ku munsi w'ejo kuwa kane taliki ya 29 Nzeli 2022 nibwo abakunzi b'umupira w'amaguru batunguwe no kumva!-->!-->!-->!-->!-->…
Bwana Mvukiyehe Juvenal wayoboraga KIYOVU Sport yeguye ku buyobozi bw’iyi kipe
Uwari Perezida wa Kiyovu Sports Mvukiyehe Juvénal yeguye ku buyobozi bw’iyi kipe, mu gihe yari asigaje igihe kingana n’umwaka umwe ngo agere ku mpera za manda ye ingana n’imyaka itatu yari yaratorewe.
Ibaruwa igaragaza ubwegure bwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu marira menshi Roger Feder yatsinzwe umukino we wanyuma nk’uwabigize umwuga.
Roger Federer (ibumoso) na Rafael Nadal (iburyo) bafatanyije mu mukino wa nyuma wa Federer nk’uwabigize umwuga.
Mu mukino wabereye kuri stade ya O2, iherereye mu murwa mukuru w’Ubwongereza Londre ,umunyabigwi Roger Feder afatanyije!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunya Cote d’Ivoire Gerard Bi Goua Gohou yahamagawe mu Amavubi.
Rutahizamu w’umunya Côte d’Ivoire Gerard Bi Goua Gohou yahamagawe mu ikipe y’igihugu Amavubi y’u Rwanda.
Uyu mugabo w’imyaka 33 y’amavuko akina muri Kazakhstan mu ikipe yitwa Aktobe. Arasanga bagenzi be muri Morocco nk’uko iyi kipe!-->!-->!-->!-->!-->…
Manchester United iyoboye urutonde rw’amakipe yahenzwe cyane ku isoko ry’abakinnyi mu…
Mu bushakashatsi bwimbitse bwakozwe n’ukinyamakuru The sun, bwerekanye ko ikipe ya Manchester united ariyo kipe yahenzwe ku isoko ry’abakinnyi mu gihe cy’imyaka 10 ishize aho yahombye arenga miliyoni 210 z’ama euro.
Kugira ngo the!-->!-->!-->!-->!-->…
Bimwe utari uzi kandi bitangaje ku mupira w’amaguru (Ballon) wiswe Ruhago
Mu gihe bidashidikanywaho ko umupira w’amaguru (football) ariwo mukino wa mbere ukunzwe ku isi, aho mu bushakashatsi byagaragaye ko uno mukino wihebewe n’abarenga miliyali 4 muri miliyari zirenga 7 zituye isi , gusa abenshi!-->!-->!-->…
La Liga yamaganye imagambo y’ivangura aherutse gukorerwa umukinnyi wa Real Madrid Vinicius Jr
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu gihugu cya Espagne ryamaganye ibikorwa n'amagambo y'ivanguraruhu ku mukinnyi wa Real Madrid.
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu gihugu cya Espagne "LA LIGA" ryaraye rishyize hanze itangazo!-->!-->!-->!-->!-->…