Browsing Category
Imikino
Kera kabaye FERWAFA yashyize hanze kalendari y’imikino yo mu cyiciro cya kabiri.
Nyuma y'igihe kitari gito abakunzi n'abayobozi b'amakipe yo mu cyiciro cya kabiri bategereje kumenya igihe championnat yo mu cyiciro cya kabiri izatangira n'uburyo amakipe azahura, kera kabaye uyu munsi FERWAFA yasohoye kalendari.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Breaking: Imvune aherutse kugira itumye SADIO MANE wari witezwe cyane mu gikombe cy’isi…
Inkuru itari nziza ku bakunzi n'abafana b'umukinnyi Sadio Mané ukinira ikipe ya Bayern Münich yo mu Gihugu cyu Budage ndetse n'ikipe y'i Gihugu ya Sénégal yagize imvune ikomeye izatuma atazagaragara mu gikombe cy'isi giteganyijwe mu!-->!-->!-->…
Ikipe ya Gasogi Utd yasobanuye iby’umukinnyi wayo wayireze muri FIFA
Ubuyobozi bw'ikipe ya GASOGI Utd bwasobanuye iby'umukinnyi wayo bivugwa ko amaze gutanga ikirego cye muri FERWAFA.
Nyuma y'aho umukinnyi w'ikipe ya Gasogi Utd Bwana Gabriel Nanbur Nannim ukomoka mu gihugu cya Nigeria atangarije ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka 12 bayifite, abaherwe b’ikipe ya Liverpool F.C bayishyize ku isoko
Ikigo cy’Abanyamerika Fenway Sports Group (FSG) cyashyize ku isoko imwe mu mitungo yacyo harimo n’ikipe ya Liverpool F.C yo mu Bwongereza, ikaba igiye kugurishwa nyuma y’imyaka 12 yegukanywe n’aba bashoramari.
Mu 2021 Abarabu!-->!-->!-->!-->!-->…
Arsenal ntihagarikwa,Unai Emery ku mukino we wa mbere aratsinda, Messi yagize imvune mbere…
Arsenal ikomeje urugendo rwayo rwo kwitwara neza muri Championnat y'Ubwongereza, English Premier League nyuma y'umukino wayihujemo na Chelsea ku kibuga Stamford Bridge ikayitsinda igitego 1-0 byahise bituma irara ku mwanya wa mbere!-->!-->!-->…
Ku myaka 35 gusa Gerard Piqué wakanyujijeho muri ruhago yatangaje ko agiye kumanika godiyo
Myugariro wa FC Barcelona n’Ikipe y’Igihugu ya Espagne Gerard Piqué yatangaje ko azahagarika umupira w’amaguru nyuma y’umukino wa Shampiyona ‘La Liga’ uzahuza ikipe ye na Almeria.
Inkuru yo guhagarika gukina ruhago, Piqué!-->!-->!-->!-->!-->…
Sacha watozaga ikipe y’abagore ya Rayon yerekeje muri Gasogi Utd
Bwana Sacha wari uzwi mu itsinda ry'abatoza b'ikipe ya Rayon sport ubu yamaze kwerekeza mu ikipe ya Gasogi Utd nk'umutoza wungirije.
Nyuma y'uko ikipe ya Gasogi United utandukanye n'abari abatoza bayo ku bwumvikane bw'impande zombi,!-->!-->!-->!-->!-->…
GASOGI Utd irabeshyuza amakuru yavugaga ko yirukanye abari abatoza bayo
Ubuyobozi bw'ikipe ya Gasogi Utd buramagana abantu bamaze iminsi bakwirakwiza amakuru y'uko bwirukanye uwari umutoza w'ikipe kubera umusaruro nkene.
Mu ijwi ry'umuyobozi w'ikipe ya Gasogi Utd Bwana KNC na Bwana Mutabaruka Anglebert,!-->!-->!-->!-->!-->…
Ikipe ya GASOGI Utd yirukanye uwari umutoza wayo nyuma y’umusaruro nkene amaze iminsi atanga
Ikipe yaGASOGI Utd yatandukanye n'uwari umutoza wayo nyuma y'uko uwo mutoza atari ggutanga umusaruro yari ategerejweho.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere, ubuyobozi bw'ikipe ya GASOGI Utd bwatangaje ko bwatandukanye n'uwari umutoza!-->!-->!-->!-->!-->…
Kiyovu Sport yahaye isomo rya ruhago Musanze FC, Sunrise igwa miswi na Rutsiro FC.
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 29 Ukwakira 2022, championnat y'u Rwanda y'umupira w'amaguru yakomeje. Umwe mu mikino yari itegerejwe na benshi, ni uwari guhuza ikipe ya Kiyovu FC imaze iminsi ifite ibibazo by'ubuyobozi, iyo kipe!-->!-->!-->…
APR FC yihereranye Bugesera iyinyagira ibitego bitatu byose
N'umujinya mwinshi w'ibibazo imazemo igihe, ikipe ya APR FC yihereranye ikipe ya Bugesera Fc iyinyagira ibitego bitatu byose indi ntiyakoramo
Nyuma y'ibibazo bimaze iminsi bivugwa mu ikipe ya APR FC, kuri uyu munsi yaje yariye!-->!-->!-->!-->!-->…
FIFA yagumishijeho ibihano yahaye ikipe ya Mukura VS&L biyitegeka kwishyura miliyoni zirenga 11
Akanama nkemurampaka k'impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru ku isi FIFA kongeye kwemeza ko ikirego cya Opoku Mensah gifite ishingiro, ndetse ikomeza ibihano yari yarahaye ikipe ya Mukura Victory Sport et loisir nyuma y'aho iyi kipe!-->!-->!-->…
Adil wahembwaga akayabo mu mitsi n’imisoro y’Abanyarwanda yamaze gutandukana na APR FC
Bidasubirwaho, umutoza Adil yamaze gutandukana n'ikipe y'ingabo z'igihugu APR FC asiga avuze ko bazakiranurwa n'inkiko za FIFA.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatandatu nibwo inkuru yabaye impamo, iva mu byo guhishahisha ku mpande!-->!-->!-->!-->!-->…
“Sadate yahemukiye Rayon, akwiye gushyirwa kuri stade akaraswa” Martin wa Rayon
Hari bamwe mu bakunzi n'abafana b'ikipe ya Rayon Sport basanga Bwana Sadate yarahemukiye ikipe ku buryo usibye imbabazi z'abakunzi bayo, ubundi yari akwiye gushyirwa kuri stade akaraswa urufaya rw'amasasu ku karubanda.
Kuri uyu wa!-->!-->!-->!-->!-->…
Karim Benzama yegukanye Ballon d’Or nyuma y’igihe nta mufaransa uzi uko isa
Mu birori by'akataraboneka byabereye i Paris biyoborwa na Didier Drogba, KARIM BENZAMA rutahizamu wa Real Madrid n'ikipe y'igihugu y'Ubufaransa yahawe Ballon d'Or nyuma y'imyaka itari mike nta mufaransa uyihawe.
Ku wa Mbere tariki!-->!-->!-->!-->!-->…