Browsing Category
Imikino
Agahinda ka Christiano Ronaldo ko gukina adafite abafana muri stade ba muririmbira!
Kizigenza Cristiano Ronaldo uherutse gukora agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ku mugabane w’I burayi utsindiye ikipe y’igihugu ibitego birenga 100,yatangaje ko abangamiwe cyane no gukina ku bibuga nta bafana kuko ngo iyo bahari!-->…
Bashunga Abuba wigeze kuba umuzamu wa Rayon yerekeje muri Mukura VS
Umunyezamu Bashunga Abouba wari umaze umwaka umwe akina muri Buildcon FC yo muri Zambia, yasinye imyaka ibiri muri Mukura Victory Sports.
Visi Perezida wa Mukura Victory Sports, Sakindi Eugène, yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakinnyi 2 ba Man City Riyad Mahrez na Laporte babasanzemo coronavirus
Manchester City yatangaje ko abakinnyi bayo babiri; Riyad Mahrez w’imyaka 29 na Aymeric Laporte w’imyaka 24, bombi banduye icyorezo cya Coronavirus.
Umunya-Algérie Riyad Mahrez na Laporte w’Umufaransa, ntabwo bakiri kwitozanya na!-->!-->!-->!-->!-->…
Umwenda wa Minnaert utumye FERWAFA ifatira ibihano ikipe ya Rayon Sport
Ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA rimaze gufatira ibihano ikipe ya Rayon Sport kubera umwenda iyo kipe ifitiye uwahoze ari umutoza wayo IVAN Minnaert
Rayon Sports yafatiwe ibihano n’Ishyiramwe ry’Umupira w’Amaguru!-->!-->!-->!-->!-->…
US Open: Novak Djokovic yakuwe mu irushanwa kubera gukubita agapira umusifuzi
Novak Djokovic nimero ya mbere ku isi muri Tennis, yavanywe mu irushanwa rya US Open kubera gukubita agapira by'impanuka umusifuzi wo ku murongo mu mukino hagati.
Djokovic w'imyaka 33, yerekanaga umujinya wo kunanirwa kurenza agapira!-->!-->!-->…
Kapiteni wa Rayon Sport yandikiye ibaruwa ubuyobozi bw’ikipe abubwira ubukene n’agahinda…
Abakinnyi ba Rayon Sports bandikiye ubuyobozi bwayo babumenyesha ko bafite ibibazo bibakomereye muri ibi bihe bya Coronavirus kubera kudahembwa, basaba gusubizwa mu kazi kuko iminsi igenwa n’amategeko yarenze.
Muri Mata uyu mwaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Rutanga Eric wahoze ari kapiteni wa Rayon Sport yanenze uwari Prezida we SADATE MUNYAKAZI
Nyuma yo gutandukana n’ikipe ya Rayon Sports, Rutanga Eric avuga ko adashobora kwibagirwa ko perezida w’iyi kipe Munyakazi Sadate ari we muperezida wamugoye.
Rutanga Eric yinjiye muri Rayon Sports muri 2017 avuye muri APR FC asinya!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport yateye utwatsi amakuru yavugaga ko hari abakinnyi bayo bamaze gusezera.
Ubuyobozi bwa Rayon Sports buravuga ko nta mukinnyi w’iyi kipe wanditse asezera nk’uko byaramutse bitangazwa ahubwo ko bari kubaza ibijyanye n’imishahara yabo kandi ko ari uburenganzira bwabo.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, ku!-->!-->!-->!-->!-->…
MUENI Fabrice wahoze akinira Rayon Sport yerekeje muri AFC Leopards
Nyuma yo kurangiza amasezerano yari afitanye n'ikipe ya Rayon Sport, impande zombi zikemeranywa kutayongera, kuri ubu Bwana MUGHENI FABRICE Amaze gusinya amasezerano mu ikipe yo mu gihugu cya Kenya yitwa AFC LEOPARDS, ikipe yakunze!-->!-->!-->…
Bayern Munich yaraye yegukanye igikombe cya Champions League ku nshuro 6 itsinze ikipe ya PSG.
Ikipe ya Bayern Munich yo mu gihugu cy'Ubudage yaraye itsinze ikipe ya PSG ku mukino wa nyuma w'igikombe cya Champions league.
Igitego kimwe cyatsinzwe na Kinglsey Coman cyafashije Bayern Munich kwegukana igikombe cya UEFA Champions!-->!-->!-->!-->!-->…
Burundi: Abagabo babiri bateze abagore babo ku mukino wa PSG na Bayern Munich
Abagabo babiri bo mu gihugu cy'Uburundi mu ntara ya Makamba bafana amakipe abiri agiye guhurira ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League ariyo Paris Saint Germain na Bayern Munich bandikiranye urwandiko bavuga ko utsinda undi!-->!-->!-->…
Abakunzi ba PSG batuye i Marseille babujijwe kwambara imyenda ya PSG ku munsi w’umukino wa…
Abatuye agace ka Bouches-du-Rhône gaherereyemo Umujyi wa Marseille mu Bufaransa, babujijwe kuzambara umwambaro wa Paris Saint-Germain ku Cyumweru ubwo izaba ikina na Bayern Munich ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League.
Paris!-->!-->!-->!-->!-->…
FC Barcelona yatangaje abakinnyi izagumana mu mwaka w’imikino utaha
Mu kiganiro kirambuye yagiranye na Barca TV,Perezida w’ikipe ya FC Barcelona,Josep Maria Bartomeu,yatangaje ko ikipe ayoboye yifuza kugumana abakinnyi 7 mu basanzwe bari mu ikipe ya mbere.
Ibi Bartomeu yabitangaje nyuma y’aho kuwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Ingengabihe y’uburyo amakipe azahura mu Bwongereza yashyizwe hanze.
Abashinzwe gutegura shampiyona y’u Bwongereza, imwe mu zikunzwe cyane bashyize hanze ingengabihe (Calendrier) y'uburyo amakipe azahura mu mwaka w'imikino bemeza ko izatangira tariki 12/09/2020.
Muri kino gitondo cyo kuwa Kane nibwo!-->!-->!-->!-->!-->…
Imikino yo guhatanira itike ya CAN izakomeza mu kwezi kwa 11
Impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF, yatangaje igihe ibihugu birimo n’u Rwanda bizasubukurira imikino yo gushaka itike ya CAN 2022 izabera muri Cameroun.
Tariki 13/03/2020, ni bwo CAF yari yatangaje ko imikino!-->!-->!-->!-->!-->…