Browsing Category
Imikino
5 bazahagararira team Rwanda muri Tours du Rwanda bamenyekanye
Ishyirahamwe ry'umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda FERWACY ryashyize hanze abasore batanu bazahagararira u Rwanda mu marushanwa ya Tour du Rwanda
Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 17 Gashyantare ubuyobozi!-->!-->!-->!-->!-->…
Stade AMAHORO ishobora kwakira Umukino wa nyuma wa CAF Champions league
Stade AMAHORO ishobora kwakira umukino wa nyuma mu gikombe Nyafrika cy'amakipe yabaye aya mbere iwayo muri uno mwaka wa 2020
Itsinda ry'sbayobozi b'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru muri AFRICA CAF riyobowe na prezida wayo Bwana!-->!-->!-->!-->!-->…
Manchester City Ifatiwe ibihano bikakaye
Ishyirahamwe ry'Umupira w'amaguru ku mugabane w'i Burayi wahaynishije ikipe ya Manchester City kutazakina imikino ya UEFA
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2020 nibwo akanama k'ubukungu k'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru!-->!-->!-->!-->!-->…
Manchester United igiye kugura umukinnyi uhenze kw’isi
Ikipe ya Manchester United biravugwako ishobora kuba ijyiye gutanga akayabo ka miliyoni 100 zamayero kuri Jadon Sancho ukinira Birussia Dortimund.
Uyu yagiye muri iyi kipe yo mu Budage nyuma yaho Manchester City imurekuye muri!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Jado Castar Yanenze Prezida wa Rayon Sport ku mikoreshereze ye y’imbuga nkoranyambaga
Jado Castar umunyamakuru wa Sport ukunzwe cyane mu gihugu yanenze uburyo Bwana SADATE MUNYAKAZI umuyobozi wa Rayon Sport akoresha imbuga nkoranyambaga ze
Ni mu kiganiro cyabaye kuri uyu wa mbere taliki ya 10 Gasyantare 2020!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
FERWAFA yashyiriyeho ubwishingizi amakipe
FERWAFA yashyireyeho ubwishingizi amakipe yose y'abanyamuryango.
Nyuma y'aho hagaragaye ikibazo cy'impanuka zitandukanye zikunze kubera mu bibuga by'umupira w'amaguru, ari izoroheje n'izikomeye, kuri ubu FERWAFA ishyirahamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
APR FC yegukanye igikombe cy’Intwali ku nshuro ya kabiri nyuma yo kunganya na Kiyovu Sport,…
APR FC yegukanye igikombe UBUTWARI TOURNAMENT ku nshuro yayo ya kabiri ikurikiranya
Kuri uyu wa gatandatu mu gihe u Rwanda rwizihizaga umunsi wo kuzirikana intwari z'igihugu, hari hateganijwe imikino ya nyuma mu mukino w'amaguru aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Ally NIYONZIMA amaze kubona ibyangombwa bimwemerera gukina mu Rayon Sport
Umukinnyi ALLY NIYONZIMA yamaze kubona icyangombwa kimwemerera gukinira ikipe ya Rayon Sport
Umuyobozi wa Rayon Sport amaze gutangaza ko ikipe yo muri Oman yamaze kwemera kurekura Bwana ALLY NIYONZIMA bikaba bimuha noneho!-->!-->!-->!-->!-->…
Cya Cyorezo cya Coronavirus cyatumye Sarpong agaruka mu ikipe ya Rayon Sport
Ubuyobozi bwa Rayon Sport bwatangaje ko Bwana SARPONG MICHAEL agiye kugaruka mu ikipe ya Rayon Sport nyuma yaho ubushinwa buhagaritse imikino yose kubera icyorezo cya Coronavirus.
Mu mpera z'umwaka ushize wa 2019 nibwo rutahizamu!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwegukanye umudari wa Zahabu mu mikino Nyafrika y’abafite ubumuga bwo mu mutwe
Ikipe y'umupira w'amaguru mu bafite ubumuga bwo mu mutwe yegukanye umudari wa zahabu nyuma yo gutsinda ikipe ya Misiri
Ikipe y'igihugu y'u Rwanda mu mupira w'amaguru w'abafite ubumuga bwo mu mutwe yitwaye neza inyagira ikipe ya!-->!-->!-->!-->!-->…
J.Lambert GATARE yasubije umutoza wa APR wafataga ikipe ya Rayon Sport nk’iciriritse.
Jean Lambert Gatare yagize icyo avuga nyuma y'amagambo umutoza wa APR FC yaraye abwiye itangazamakuru
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, ubwo yasubizaga ikibazo cy'umunyamakuru wamubazaga ko ikipe ya APR FC itaba yungukiye mu kubura!-->!-->!-->!-->!-->…
Kiyovu Sport itsinze ibitego 4 ikipe ya Mukura VS&L
Ikipe ya Kiyovu Sport yatsinze ikipe ya MUKURA VS et Loisir mu marushanwa y'igikombe cy'intwali(photo: igihe.com)
Nyuma y'imikino ya mbere yatangiye mu mpera z'icyumweru gishize, kuri uyu munsi wa kabiri iyo mikino yakomeje ku munsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Mu myaka 7 ishize Bwana NOSO yari yahanuye ko KOBE BRYANT azapfira mu mpanuka y’indege
Nyuma yaho hamenyekaniye urupfu rwa KOBE BRYANT rwabaye ku munsi w'ejo hashize, hagaragaye umuntu wari warahanuye ko azapfira mu mpanuka y'indege
Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru nibwo hamenyekanye inkuru y'urupfu rwa KOBI BRYANT!-->!-->!-->!-->!-->…
U Rwanda rwisanze mu itsinda rimwe na Uganda mu guhatanira itike y’igikombe cy’isi 2022
Ikipe y'u Rwanda AMAVUBI yisanze mu itsinda rimwe n'IMISAMBI ya Uganda mu mikino yo gushaka itike y'igikombe cy'isi kizabera muri Qatar mu mwaka wa 2022
Ahagana saa moya z'umugoroba ku isaha ya Misiri niho tombora y'uburyo!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Akayabo ka miliyoni 228 nizo zikubiye mu masezerano ya AZAM na APR FC
Ku mugoroba w'uyu munsi nibwo hasinywe amasezerano y'ubufatanye hagati ya AZAM GROUP n'ikipe ya APR FC
Ku munsi w'ejo ku wa kabiri nibwo inkuru yabaye kimomo ko ikipe ya APR FC igiye kugirana amasezerano n'uruganda rwa AZAM rusanzwe!-->!-->!-->!-->!-->…