Browsing Category
Imikino
Rugwiro Herve abaye kapiteni wa Rayon sport asimbuye Rutanga Eric
Rugwiro Herve niwe ugiye kuyobora Rayon Sport nka kapiten
Nyuma y’umwaka umwe ageze mu ikipe ya Rayon Sports,Rugwiro Herve yagizwe kapiteni mushya wa Rayon Sports asimbuye Rutanga Eric wagiye muri Police FC mu kwezi gushize.
Muri!-->!-->!-->!-->!-->…
RUGWIRO Hervé yagizwe kapiteni wa Rayon Sport
Nyuma yo kugenda k'uwari kapiteni wa Rayon Sport RUGWIRO Hervé niwe wagizwe kapiteni w'iyo kipe
Nyuma y'aho RUTANGA Eric wari kapiteni w'ikipe ya Rayon Sport yerekeje mu ikipe ya Police FC, ubu uwitwa RUGWIRO Hervé niwe wagizwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka ibiri akinira ikipe ya Rayon Sport MUGHENI Fabrice nawe yasezeye muri iyo kipe…
Nyuma y'imyaka ibiri akinira ikipe ya Rayon Sport, Mugheni Fabrice Kakule nawe yasezeye akurikira bagenzi be baherutse kuva muri iyo kipe y'ubukombe
Bwana Mugheni Fabrice wakiniraga ikipe ya Rayon Sport hagati mu kibuga kuri ubu!-->!-->!-->!-->!-->…
Rayon Sport yatangiye guhemba abakinnyi bayo na bakozi bayo!
Rayon sport FC
Ikipe ya Rayon sports iri mu makipe amwe n’amwe yagizweho ingaruka zatewe n’ icyorezo cya covid-19,ku ikubitiro ikipe ya Rayon sports niyo yahagaritse imishara y’abakinnyi,nubwo byaje kwakirwa nabi na bamwe mu bakunzi!-->!-->!-->…
FERWAFA yateye utwatsi ubusabe bwa Gicumbi FC na Heroes FC, yanzura ko Zigomba kunanuka
Komisiyo y'ubujurire ya FERWAFA yateye utwatsi ubujurire bw'amakipe abiri ariyo Gicumbi FC na Heroes FC, kemeza ko ayo makipe yombi agomba kumanuka mu kuciro cya kabiri
Komisiyo y'ubujurire mu ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu!-->!-->!-->!-->!-->…
KNC yahaye gasopo bamwe mu bayobozi b’amakipe bakorana ibiganiro rwihishwa n’abakinnyi…
KNC yavuze ko ibiri mu ikipe ya Gasogi United byose bishobora kugurishwa usibye we n'umuryango we bwite
Mu kiganiro Bwana Karori uzwi nka KNC yagiranye na Radio Flash FM, yasubije ku kibazo cy'inkuru y'abakinnyi babiri ikipe ye Ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Gasogi United yongeye igura abandi bakinnyi 2 muri gahunda yayo yo gutwara igikombe umwaka utaha
Gasogi United yongeye isinyisha abandi bakinnyi babiri mu rwego rwo gushimangira gahunda yayo yo gutwara igikombe mu mwaka utaha w'imikino
Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu ikipe ya Gasogi United yongeye igaragaza ko inyotewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Kiyovu Sports ikomeje kwiyubaka kugirango yitegure gushaka igikombe none Eric Ngendahimana na we…
Eric Ngendahimana umaze gusinya muri kiyivu sports
Eric Ngendahimana wari umaze igihe ari mu bafatiye runini ikipe ya Police FC, akaba yarayibereye kapiteni ubu yamaze kuyivamo na we yerekeza mu ikipe ya Kiyovu Sports.
Ikipe!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
FC Barcelona yahishe ko abakinnyi bayo barwaye Covid-19 !
Radio ikomeye yo mu mujyi wa Catalonia yitwa RAC1 yemeje ko abakinnyi 5 b’ikipe ya FC Barcelona basanganwe Covid-19 ariko ngo iyi kipe y’ubukombe ihitamo guhisha aya makuru.
Mu gihe amakipe yo mu mashampiyona akomeye I Burayi akomeje!-->!-->!-->…
Kubera iki Rutanga Eric ashobora kuva muri Police FC ikubagahu?
Rutanga Eric ashobora kugenda bitunguranye!
Rutanga Eric ukina inyuma ku ruhande rw’ibumoso mu ikipe y’igihugu Amavubi,ashobora kuva mu ikipe ya Police FC yaherukaga gusinyira mu cyumweru gishize,akerekeza muri Young Africans!-->!-->!-->!-->!-->…
Sadate MUNYAKAZI asezeranyije aba Rayon Sports ibintu bitoroshye!
Umuyobozi wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yasezeranyije abafana b’iyi kipe ko mu minsi 3 gusa araba amaze gukemura ibibazo bikomeye imaranye iminsi birimo ikibazo cyo kudahemba no kutishyura abakinnyi amafaranga yabemereye ibagura.
!-->!-->!-->…
RGB yaraye yemeje ko SADATE MUNYAKAZI ariwe muyobozi wa Rayon Sports mu mategeko
Nyuma y'igihe kitari gito benshi bari kwibaza uhagarariye ikipe ya Rayon Sport mu rwego rw'amategeko, Urwego rw'igihugu rw'imiyoborere rwemeje ko Bwana Sadate MUNYAKAZI ariwe uzwi nka prezida w'ikipe.
Biragoye ko wamara umunsi wose!-->!-->!-->!-->!-->…
Real madrid igarutse mumakipe ahenze ku isi
Nkuko byatangajwe na raporo ya European Elite 2020,ikipe ya Real Madrid yatowe nk’ikipe ihenze kurusha izindi zose ku isi ihigitse ibindi bihangange mu mupira w’amaguru nka FC Barcelona na Manchester United.
Ikigo cya KPMG cyatangaje ko!-->!-->!-->…
KNC arasanga Rayon Sport idafite ubushobozi bwo kugura umukinnyi wa Gasogi United
Bwana KNC umuyobozi wa Gasogi United arasanga ibibazo by'amikoro ikipe ya Rayon Sport irimo itabasha kugura umukinnyi muri ikipe ye
Nyuma y'aho ikinyamakuru Kigali today gishyize hanze inkuru ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu ivuga!-->!-->!-->!-->!-->…
J.Paul NKURUNZIZA wari umuvugizi wa Rayon Sport yeguye ku mwanya we
Nyuma y'ihangana no guhagarikwa na FERWAFA Bwana J.Paul NKURUNZIZA wari umuvugizi wa Rayon sport amaze kwegura ku mwanya we.
Bwana NKURUNZIZA Wari umuvugizi wa Rayon Sport akaba n'umwe mu bari bagize komite ya Rayon sport ikuriwe na!-->!-->!-->!-->!-->…