Browsing Category
Imyidagaduro
Nyuma y’uko Adele aretse gutura muri Las Vegas kugeza na n’ubu haracyibazwa byinshi.
Tariki 24 Mutarama uyu muhanzikazi uzwi cyane mu njyana ya pop, jazz ndetse na soul nibwo yatangaje ko atagituye I Las Vegas kubera covid-19 ingingo itavugwaho rumwe n’abantu kugeza ubu.
Byari byaratangajwe ko Adele Laurie Blue!-->!-->!-->!-->!-->…
Dore Ubwiza budasanzwe bwa Kamikazi ROXANNE Umunye nyanza uhabwa amahirwe yo kwegukana ikamba rya…
Mu gihe igikorwa cyo gutangira gutora nyampinga w'u Rwanda, umukobwa uhiga abandi mu bwiza no mu bumenyi kimaze gutangira, twabahitiyemo amwe mu mashusho y'umwe mu bakobwa bahabwa amahirwe yo kwegukana rino rushanwa witwa Roxanne.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Kenya: “Leo ni Leo”-Indirimbo Raila Odinga uri kwiyamamariza kuyobora kenya yasohoye
https://twitter.com/RailaOdinga/status/1493498811427311616?s=20&t=18RU5Ay3eP9YgIBJ1ckF_w
Raila Odinga uri kwiyamamaza ku myanya wa perezida wa Kenya mu matora azaba mukwa munani(Kanama) yakoze mu nganzo asohora indirimbo ye.
Ni!-->!-->!-->!-->!-->…
Diamond Platnumz yahishuye ko ari mu rundi rukundo rumuha amahoro.
Umuhanzi mpunzamahanga wo mu gihugu cya Tanzaniya, Diamond yavuze ko ubu ari mu rukundo yishimiye kandi rumuha amahoro.
Ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere taliki ya 14 Gashyantare 2022 ubwo isi yizihizaga umunsi w'abakundana, umugabo!-->!-->!-->!-->!-->…
Imbamutima za Robert Pires na Ray bamaze iminsi bari mu Rwanda
Abagabo babiri babaye ibyamamare mu ikipe ya Arsenal ubu bakaba bari mu kiruhuko cy'izabukuru ariko bagasiga baragaciye aribo Pires na Ray babwiye abafana b’iyi kipe ko mu minsi bamaze mu Rwanda basuye byinshi, bashyize hanze!-->!-->!-->…
Zuchu yahakanye amakuru yavugaga ko ari mu rukundo na Diamond
Nyuma y'amakuru yari amaze iminsi avuga ko Diamond Platnumz ari mu rukundo n'umuhanzi Zuchu, ndetse bakavuga ko bano bombi bashobora kurushinga muri uku kwa kabiri, Zuchu we yahakanye iby'aya makuru avuga ko atigeze ajya no mu rukundo!-->!-->!-->…
“Birenze” Indirimbo nshya ya Juno Kizigenza na Ariel Wayz
Umuhanzi Kwizera Bosco Junior umaze kumenyakana mu muziki nka Juno Kizigenza, yashyize hanze amashusho y’indirimbo yise ‘Birenze’ agaragaramo ari kumwe na Ariel Wayz ndetse bagakinana urukundo kugeza aho basomana iyo iri kurangira.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Bianca yahishuye akayabo katikiriye ku mwambaro yaserukanye mu birori bya “Bianca Fashion…
Umunyamakuru Uwamwezi Mugire uzwi nka Bianca, ubwo yitabiraga ibirori yateguye yise “Bianca Fashion Hub” yaserutse yambaye ikanzu itukura yamutwaye asaga ibihumbi 500Frw.
Uyu mukobwa ‘Red Carpet’ yayinyuzeho nk’umwamikazi, aberewe!-->!-->!-->!-->!-->…
Nzamwita Olivier uzwi nka M1 yatawe muri yombi kubera urumogi.
Urwego rw'igihugu rw'ubugenzacyaha RIB rwataye muri yombi umuhanzi Nyarwanda witwa Nzamwita Olivier wamamaya nka M1
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi, Nzamwita Olivier Joseph wamamaye mu muziki nka M1 aho!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’imyaka hafi ibiri dufunzwe, utubyiniro tugiye kongera gukora.
Urwego rushinzwe iterambere mu Rwanda (RDB), ruratangaza ko bimwe mu bikorwa bigomba kongera gukora, harimo n’utubyiniro nyuma y’igihe kinini twari tumaze tutemerewe gukora kubera icyorezo cya Covid-19.
Itangazo ryasohowe na RDB!-->!-->!-->!-->!-->…
Tiwa Savage yavuze byinshi kuri video ye ari gukora imibonano mpuzabitsina n’umukunzi we
Umuhanzi TIWA SAVAGE yagize byinshi avuga kuri video ze ari gukora imibonano mpuzabitsina zigiye gushyirwa hanze.
Tiwa Savage, umuhanzi ukomeye wo mu gihugu cya Nigeria yagize icyo avuga nyuma y'aho bitangajwe ko hari video ye!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyanza: Hatangijwe Irushanwa rya “Nyanza Culture Duathlon Challenge”
Mu Karere ka Nyanza hamaze gutangizwa amarushanwa ya "Nyanza Culture Duathlon Challenge" yitabiriwe n'abakinnyi bagera kuri 28 barimo abagabo n'abagore.
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu taliki ya 4 Nzeli 2021, ku bufatanye na!-->!-->!-->!-->!-->…
Rwanda:Bruce Melodie agiye guhurira na Harmonize ku rubyiniro.
Umuhanzi Nyarwanda uzwi nka Itahiwacu Bruce agiye gutaramira mu bihugu bya Canada na Dubai aho azahurira ku rubyiniro rumwe n aHarmonize wo muri Tanzaniya.
Itahiwacu Bruce, uzwi nka Bruce Melodie, umuhanzi ukomeje kwigaragariza!-->!-->!-->!-->!-->…
Amakuru Agezweho Rihanna abaye umugore wa mbere muri Muzika ukize ku Isi
Rihanna ubu arabarirwa umutungo wa miliyari irenga y’amadorari, akaba n’umugore ukize kurusha abandi muri muzika ku isi, nk’uko bitangazwa na Forbes. Iki cyamamare muri pop kibarirwa agaciro ka miliyari $1.7, mu gihe kompanyi ye ikora!-->…
Nyuma ya Israel Mbonyi, Leta y’u Burundi yaburijemo n’igitaramo cya Chameleone
Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi aravuga ko Leta y'icyo gihugu yahagaritse igitaramo Umuhanzi Josee Chameleone yari afiteyo.
Nyuma y'uko ministeri y'ubutegetsi bw'igihugu mu gihugu cy'u Burundi ihagaritse ibitaramo!-->!-->!-->!-->!-->…