Browsing Category
Imyidagaduro
Amafoto ya Diamond ari gusomana n’umugore yateye Tanasha baherutse kubyarana kuvuga…
Nyuma yaho hari amafoto agiriye hanze Diamond ari gusomana n'undi mugore, Tanasha baherutse kubyarana byamurakaje avuga amagambo yateye benshi kumugirira impuhwe.
Uyu mugore baherutse kubyarana abinyujije kuri Instagram, yise!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Korede Bello mu rukundo na Priscilla
Umuhanzi w'icyamamare muri Africa ukomoka mu gihugu caya Nigeriya ubwo yizihizaga isabukuru tariki ya 29 Gashyantare yavuze kurukundo ruvugwa hagati ye n'umukobwa witwa Priscilla.
Uyu muhanzi ubarizwa munzu ya Marvin yabajijwe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Diamond Platnumz yagaragaye i Los Angeles ari muri Studio ya Swizz beats
Umuhanzi umaze kwigarurira imitima y'abanyafurika Diamond Platnumz ukunze kwiyita Simba yagaragaye ari muri Studio ya Swizz beats aho bikekwa ko yaba ari gukorerayo indirimbo.
Ikinyamakuru Mwananchi kivugako uyu mugabo amaze iminsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzikazi Fille Mutoni imyenda arimo abantu ishobora kumushyira aharindimuka
Umuhanzikazi Fille amakuru aravugako harabantu abereyemo imyenda nanubu atarishyura mu gihe bamwe banamushaka bakamubura.
Aya makuru aje nyuma yaho yambuye amafaranga asaga miliyoni 2 zamashiringi ya Uganda umwe mu bategura!-->!-->!-->!-->!-->…
Reba ibintu umuhanzi WizKid yakoreye umufana we witabye wapfuye
Umuhanzi w'umunyanigeriya Wizkid bakunze kwita Baba Nla cyangwa Starboy anyuze kuri twitter yashimiye umufana wamukundaga witabye Imana anamusabira imigisha.
Uyu mufana we bamwitaga Dolapo nyuma yaho yitabiye Imana Wizkid yaje!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
TMC yerekeje muri AMERIKA bishimangira gusenyuka burundu kw’itsinda rya Dream Boys
TMC wo mu itsinda rya Dream Boys yerekeje muri Amarika benshi bavuga ko ashyize akadomo ku isenyuka ry'iri tsinda abantu bakunze cyane
Kumugoroba
wo kuri uyu wa kabiri taliki 25 Gashyantare
2020 Bwana MUJYANAMA Claude!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugabo w’imyaka 62 yaciye agahigo kw’isi ko kumara igihe kinini ahagaze ku maguru…
Umugabo w'imyaka 62 wahoze mu gisirikare cy'Amerika yaciye agahigo ko kumara umwanya munini ugera ku masaha 8 ahagaze ku maguru n'amaboko atanyeganyega
Uyu mugabo ukomoka muri Illinois yaciye aka gahigo kuva muri 2011 kugeza!-->!-->!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubanza ntabushuti mu muziki w’Urwanda bubamo,abahanzi mbarwa barimo Byumvuhore nibo baje…
Mu muhango wo GUSHYINGURA Umuhanzi Kizito Mihigo wabaye kuri uyu wa Gatandatu taliki 22, Gashyantare , 2020 hari abaturage benshi hamwe n’abahanzi bake barimo Byumvuhore Jean Baptiste, Mani Martin, Aline Gahongayire, Muzee Ngarambe…!-->!-->!-->…
Abafana barusha ubuhuriga aba Rayon Sport bagaragaye muri Miss Rwanda 2020 yegukanywe…
Ikamba rya Nyampinga w’u Rwanda 2020 ryambitswe Nishimwe Naomie winjiye mu irushanwa ahagarariye Umujyi wa Kigali, Igisonga cya Kabiri cyabaye Umutesi Denise naho Igisonga cya mbere ni Umwiza Phionah .
Abaje gushyigikira abakobwa!-->!-->!-->!-->!-->…
NIYITEGEKA Gratien yakuyeho urujijo ku iyirukanwa rya ROSINE muri “Papa SAVA”
Bwana GRATIEN NIYITEGEKA yavuze ko atariwe wirukanye ROSINE ahubwo ko we ubwe yiyirukanye
Hashize igihe inkuru zicicikana mu binyamakuru bitandukanye zivuga ko Uwitwa ROSINE BAZONGERE uzwi nka PURUKERIYA wakinaga muri filimi zimaze!-->!-->!-->…
Madame Jeannette KAGAME yagaragaje akanyamuneza mugitaramo cya Cassav
Madame Jeannette KAGAME umufasha w'umukuru w'igihugu yitabiriye igitaramo cyo ku munsi w'abakundana cyaririmbwemo na group Cassav
Itsinda ry'abanyamuzika bo mu gihugu cya Guadeloupe rizwi cyane nka Group Cassav ryaraye ritaramiye!-->!-->!-->!-->!-->…
Itsinda rya KASSAV rimaze gusesekara mu mujyi wa Kigali
Itsinda ryamenyekanye cyane muri muzika mu njyana ya Zouk rimaze gusesekara I Kigali
Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane itsinda rya Kassav nibwo ryageze mu mujyi wa Kigali aho rije gususurutsa no gutaramira Abanyarwanda ku munsi!-->!-->!-->!-->!-->…
Ministre NDUHUNGIREHE yijeje Abakobwa 20 bari mu mwiherero wa miss Rwanda ubufasha bwa Leta
Minisitiri NDUHUNGIREHE Olivier yasuye Abakobwa 20 bari mu mwiherero I Nyamata mu karere ka Bugesera abibutsa inshingano zabo
Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri taliki 11 Gashyantare 2020 Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri!-->!-->!-->!-->!-->…
Abakobwa 20 bazatoranywamo Nyampinga wa 2020 batangiye umwiherero
Abakobwa 20 bagomba gutoranywamo umwe uzahiga abandi batangiye umwiherero uzamara ibyumweru bibiri mu Karere ka Bugesera.
Kuri iki cyumweru taliki ya 9 Gashyantare nibwo abakobwa bagera kuri 20 batangiye umwiherero bagiye kumaramo!-->!-->!-->!-->!-->…
MISS RWANDA: Abakobwa 20 berekeza mu mwiherero baraye bamenyekanye
Haraye hamenyekanye abakobwa 20 bagiye gukomeza mu kindi kiciro cyo gushaka Nyampinga w'u Rwanda wa 2020
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 1 Gashyantare 2020 nibwo Abanyarwanda bari bategereje kumenya abakobwa 20 bagombaga gukomeza mu!-->!-->!-->!-->!-->…