Browsing Category
Imyidagaduro
Mu majwi meza cyane, Chorale de Kigali yasubiyemo indirimbo ya Buravan wabisabye ataritaba Imana
Chorale de Kigali yasubiyemo indirimbo ‘Gusakaara’ y’umuhanzi Yvan Buravan biturutse ku cyifuzo yabagejejeho ataritaba Imana.
Umuhanzi Burabyo Dushime Yvan (Yvan Buravan) yitabye Imana tariki 17 Kanama 2022 aguye mu bitaro byo mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bidasubirwaho Israel MBONYI azataramira i Burundi mu mpera z’uno mwaka wa 2022
Nyuma y'aho ibitaramo bye biburijwemo inshuro umwaka ushize, kuri ubu bimaze kwemezwa ko Israel Mbonyi azataramana n'Abarundi mu mpera z'uno mwaka wa 2022.
Bwana Mbonyicyambu Eric wamamaye cyane ku izina rya Israel Mbonyi mu ruhando!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Chala Muana wabiciye bigacika mu njyana ya Rumba yitabye Imana ku myaka 64
Umuhanzi wabaye icyamamare n'ikimenya bose mu myaka yo ha mbere Chala Muana ukomoka mu gihugu cya Repubulika iharanira demokarasi ya Congo yitabye Imana mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu.
Imwe mu nkuru z'incamugongo yabyukiye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Nyuma y’amezi 6 gusa bongeye gusubirana, Kadjala yongeye atandukana na Harmonize
Nyuma yo guhindura ibimuranga ku mbuga nkoranyambaga byavugaga ko ari umujyanama wa Harmonize, Frida Kajala Masanja aricuza kuba yarasubiye mu rukundo n’umuhanzi Harmonize.
Ibi yabitangarije mu butumwa bwuje agahinda no kwicuza!-->!-->!-->!-->!-->…
CARDI B: “NTAKIZERE MFITE CYO KUGARURIRA OFFSET IBYISHIMO
Mbere y'uko offset akora igitaramo cya mbere nyuma y'urupfu rwa Take off, umugore we Cardi B yavuze ko nta kizere afite cyo kumushimisha.
Tariki ya mbere Ugushyingo, 2022 nibwo Umuraperi witwa Take off wo mu itsinda rya Migos!-->!-->!-->!-->!-->…
INTEGUZA Y’IBICE BIKURIKIRAHO BYA VIKINGS VALHALLA YAGEZE HANZE
HAMAZE GUTANGAZWA IGIHE VIKINGS VALHALLA SEASON II IZAGIRA HANZE.
Nyuma y'igihe abakunzi b'iyi filime y'uruhererekane igaruka ku mateka y'abitwaga vikings baryohewe n'iyabanje yavugaga ku mateka y'abo n'uko baguye ubwami bwabo!-->!-->!-->!-->!-->…
KANYE WEST YATEGETSWE KUZAJYA ATANGA INDEZO Y’ABANA BE KWA KADARSHIAN BURI KWEZI
KANYE WEST YATEGETSWE N’URUKIKO KUZAJYA ATANGA IBIHUMBI 200 BYAMADORARI BURI KWEZI KURI KIM KADARSHIAN NK’INDEZO BURI KWEZI NYUMA YUKO BATANDUKANYE
Ibijyanye no kugabana umutungo ndetse no kwemeranya ubufasha bwose Kanye west azaha!-->!-->!-->!-->!-->…
Amerika: Abantu batanu bishwe barashwe, 18 bakomerekera mu kabyiniro k’abatinganyi
Polisi yo mu mujyi wa Colorado Springs wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yatangaje ko abantu batanu bishwe barashwe mu gihe abagera kuri 18 bakomeretse, mu gitero cyagabwe n’umuntu witwaje imbunda mu kabyiniro gahuriramo!-->!-->!-->…
Christopher Robert niwe watowe nk’umugabo ukurura abagore kurusha abandi ku isi
Christopher Robert Evans w’imyaka 41 wamamaye mu gukina filime yashyizwe ku mwanya wa mbere nk’umugabo ukurura abagore kurusha abandi ku Isi muri uyu mwaka wa 2022.
People Magazine kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2022 yatangaje ko Chris!-->!-->!-->!-->!-->…
Yago yashyize umucyo ku ifoto imaze iminsi imugaragaza nk’ucuruza M2U
Umunyamakuru uzwi nka Yago yatanze umucyo ku ifoto imaze iminsi inyuzwa ku mbuga nkoranyambaga imugaragaza yambaye umwenda wa Airtel benshi bakibaza niba yaracuruzaga M2U.
Mu mpera z'icyumweru gishize nibwo ku mbuga nkoranyambaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Kiss Summer Awards 2022: yazirikanye Buravan imuha igihembo, Chriss Eazy yegukanamo bibiri.
"Twaje" Alubumu ya nyakwigendera Yvan Buravan utakibarizwa ku isi y'abazima yagizwe iy’umwaka mu bihembo bitegurwa na Radio Kiss fm bizwi nka Kiss Summer Awards 2022, byatanzwe ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 30 Ukwakira 2022.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Ariel Ways yamaze kugera i Burundi aho agiye gutaramira abanya-Bujumbura
Ariel Wayz ugiye gutaramira mu Burundi ku nshuro ye ya mbere, yageze i Bujumbura mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Kanama 2022 aherekejwe n’itsinda ry’abasanzwe bamufasha mu bikorwa bya muzika.
Byitezwe ko Ariel Wayz!-->!-->!-->!-->!-->…
Kanye West amaze guhomba akayabo k’amafaranga arenga miliyari $1 kubera kwibasira abayahudi.
Nyuma yo kugaragaza imyitiwarire idasanzwe, Kanye West uzwi nka Yeezy, amaze guhomba akayabo k’amafaranga arenga miliyari $1.
Mu gihe kitarenze amezi abiri uyu muhanzi akomeje kubura ibigo bitandukanye birimo Inzu z’imideli nka!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 15 irashize Lucky Dube yitabye Imana, dore amwe mu mateka ye.
Imyaka ibaye 15 umuhanzi Lucky Philipe Dube wamamaye nka Lucky Dube yitabye imana. Nyuma yaho Ku mugoroba wo ku ya 18 Ukwakira 2007 yiciwe mu mujyi wa Johannesburg mu nkengero za Rosettenville.
Lucky Dube yavutse ku ya 3 Kanama 1964!-->!-->!-->!-->!-->…
Angelina Jolie arashinja Brad Pitt kumukubitira mu ndege
Angelina Jolie yatanze ikirego mu rukiko ashinja uwari umugabo we Brad Pitt gusinda akamuhohotera we n’abana babo bari mu rugendo n’indege bwite, bigatuma ahera aho asaba gatanya.
Mu kirego cye kigendanye n’urwengero rw’imivinyo!-->!-->!-->!-->!-->…