Browsing Category
Imyidagaduro
Amerika: Abantu batanu bishwe barashwe, 18 bakomerekera mu kabyiniro k’abatinganyi
Polisi yo mu mujyi wa Colorado Springs wo muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yatangaje ko abantu batanu bishwe barashwe mu gihe abagera kuri 18 bakomeretse, mu gitero cyagabwe n’umuntu witwaje imbunda mu kabyiniro gahuriramo!-->!-->!-->…
Christopher Robert niwe watowe nk’umugabo ukurura abagore kurusha abandi ku isi
Christopher Robert Evans w’imyaka 41 wamamaye mu gukina filime yashyizwe ku mwanya wa mbere nk’umugabo ukurura abagore kurusha abandi ku Isi muri uyu mwaka wa 2022.
People Magazine kuri uyu wa 8 Ugushyingo 2022 yatangaje ko Chris!-->!-->!-->!-->!-->…
Yago yashyize umucyo ku ifoto imaze iminsi imugaragaza nk’ucuruza M2U
Umunyamakuru uzwi nka Yago yatanze umucyo ku ifoto imaze iminsi inyuzwa ku mbuga nkoranyambaga imugaragaza yambaye umwenda wa Airtel benshi bakibaza niba yaracuruzaga M2U.
Mu mpera z'icyumweru gishize nibwo ku mbuga nkoranyambaga!-->!-->!-->!-->!-->…
Kiss Summer Awards 2022: yazirikanye Buravan imuha igihembo, Chriss Eazy yegukanamo bibiri.
"Twaje" Alubumu ya nyakwigendera Yvan Buravan utakibarizwa ku isi y'abazima yagizwe iy’umwaka mu bihembo bitegurwa na Radio Kiss fm bizwi nka Kiss Summer Awards 2022, byatanzwe ku mugoroba wo ku Cyumweru, tariki ya 30 Ukwakira 2022.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi Ariel Ways yamaze kugera i Burundi aho agiye gutaramira abanya-Bujumbura
Ariel Wayz ugiye gutaramira mu Burundi ku nshuro ye ya mbere, yageze i Bujumbura mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu tariki 26 Kanama 2022 aherekejwe n’itsinda ry’abasanzwe bamufasha mu bikorwa bya muzika.
Byitezwe ko Ariel Wayz!-->!-->!-->!-->!-->…
Kanye West amaze guhomba akayabo k’amafaranga arenga miliyari $1 kubera kwibasira abayahudi.
Nyuma yo kugaragaza imyitiwarire idasanzwe, Kanye West uzwi nka Yeezy, amaze guhomba akayabo k’amafaranga arenga miliyari $1.
Mu gihe kitarenze amezi abiri uyu muhanzi akomeje kubura ibigo bitandukanye birimo Inzu z’imideli nka!-->!-->!-->!-->!-->…
Imyaka 15 irashize Lucky Dube yitabye Imana, dore amwe mu mateka ye.
Imyaka ibaye 15 umuhanzi Lucky Philipe Dube wamamaye nka Lucky Dube yitabye imana. Nyuma yaho Ku mugoroba wo ku ya 18 Ukwakira 2007 yiciwe mu mujyi wa Johannesburg mu nkengero za Rosettenville.
Lucky Dube yavutse ku ya 3 Kanama 1964!-->!-->!-->!-->!-->…
Angelina Jolie arashinja Brad Pitt kumukubitira mu ndege
Angelina Jolie yatanze ikirego mu rukiko ashinja uwari umugabo we Brad Pitt gusinda akamuhohotera we n’abana babo bari mu rugendo n’indege bwite, bigatuma ahera aho asaba gatanya.
Mu kirego cye kigendanye n’urwengero rw’imivinyo!-->!-->!-->!-->!-->…
“Ndambiwe guhora mpaza igifu cy’abandi icyanjye kirimo ubusa” Amarira ya NIYO…
Umuhanzi Niyokwizerwa Bosco uzwi nka Niyo Bosco yavuze ko ubwamamare bwe ntacyo bumumariye ahubwo ko bwakijije abandi mu gihe we yumva yasubira mu bihe yarimo ataramamara.
Niyo Bosco usanzwe afite ubumuga bwo kutabona ariko akaba!-->!-->!-->!-->!-->…
Bimaze kumenyekana aho Niyomugabo Leandre wari uzwi kuri TV10 yerekeje nyuma gusezera
Umunyamakuru NIYOMUGABO Leandre wari uzwi cyane mu myidagaduro kuri TV10 yamaze kuhasezera yerekeza kuri chaine ya Yago TV ikorera kuri Youtube.
Umunyamakuru uzwi cyane mu ruhando rw'imyidagaduro hano mu Rwanda Bwana NIYOMUGABO!-->!-->!-->!-->!-->…
“Nzagukumbura” indirimbo nshya ya Andy Bumuntu yaririmbiye Yvan BURAVAN.
Umuhanzi Andy BUMUNTU yashyize hanze indirimbo yise Nzagukumbura ahamya ko ari iyo yaririmbiye inshuti ye BURAVAN umaze ukwezi yitabye Imana.
Umuhanzi Nyarwanda uzwi ku izina rya Andy BUMUNTU kuri uyu wa gatandatu ushize taliki ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanzi KIDUMU yagize icyo avuga ku itabwa muri yombi rya Bruce Melodie
Umuhanzi ukomeye mu gihugu cy'Uburundi KIDUMU, yagize icyo avuga nyuma y'aho umuhanzi Nyarwanda Bruce Melodie afashwe akanafungirwa mu gihugu cy'Uburundi.
Ku munsi w'ejo nibwo inkuru yageze i Rwanda ivuga ko Bruce Melodie yafatiwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Umunyarwenya ukunzwe cyane RUSINE ari gutegura igitaramo cy’igikurankota yise INKURU YA RUSINE
Bwana RUSINE Patrick umaze kwigarurira imitima ya benshi mu nganzo yo gusetsa, ari gutegura igitaramo yise INKURU YA RUSINE, igitaramo kizagaragaramo abandi banyarwenya bakomeye ba hano mu gihugu.
Bwana RUSINE Patrick umaze!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuraperi A$AP Rocky yatawe muri yombi
Rakim Mayers wamamaye nka A$AP Rocky , Umuraperi w’imyaka 33 akaba umugabo w’umuhanzikazi Rihanna yatawe muri yombi aho akurikiranyweho ibyaha byo kurasa umuntu byabereye i Hollywood.
Uyu muraperi umaze iminsi mike abyaranye na Rihanna!-->!-->!-->…
Umu Raperi Oda Paccy yashoje icyiciro cya kabiri cy’amashuri ye ya kaminuza muri UTB
Kuri uy wa gatandatu w'icyumweru gishize umuhanzi w'umuraperi Oda Paccy yashoje icyiciro cya kabiri cy'amasomo ye ya kaminuza muri UTB.
Umuhanzikazi w'Umunyarwanda mu njyana ya rap, Uzamberumwana Pacifique wamenyekanye cyane nka Oda!-->!-->!-->…