Browsing Category
Izindi nkuru
Weasal umugabo wa Teta Sandra aratabariza umuhisi n’umugenzi
Umunyarwandakazi akaba n'umunyamideri Teta Sandra n’umugabo we Weasel Manizo, bongeye kugaragara bashyamiranye aho Weasel yumvikanye asaba ubutabazi.
Ibinyamakuru byo mu gihugu cya Uganda byongeye kugaruka ku mubano wa Teta Sandra!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Furaha Diane wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa Furaha Diane, mwene Munyangorore na Mukarukundo, utuye mu Ntara y'Uburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Kigeyo, mu Kagali ka Rukaragata ho mu mudugudu wa Kinihira yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari!-->…
IMPAMVU 10 ZIKWIRIYE GUTUMA URYAMA AMASAHA 8 MU IJORO.
Umuntu wese yagakwiriye kuryama amasaha atari munsi yúmunani ninjoro kuko munsi yáho bishobora kugira ingaruka ku mubiri.
Kuryama neza burya ntibisaba kuba urara ku buriri bwiza bushashe neza gusa, nígihe uhamara gifite ibisobanuro!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Uwimana Sifa wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa UWIMANA Sifa, mwene Munyakazi na Dusabe utuye mu Karere ka Rubavu, umurenge wa Gisenyi, Akagali ka Kivumu, mu mudugudu wa Ubutabazi ho mu ntara y'Iburengerazuba yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina yari asanganywe!-->…
Icyogajuru cya Australia cyakoze impanuka kigihaguruka
Icyogajuru cya mbere cyakorewe muri Australia, cyaguye nyuma y’amasegonda 14 gusa ubwo bari mu isuzuma ryo kucyohereza mu kirere ku nshuro ya mbere.
Ni icyogajuru cyiswe Eris gifite uburebure bwa metero 23, cyakozwe n’ikigo cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Thailand na Cambodia biri mu mirwano ikomeye
Igisirikare cya Thailand n’icya Cambodia byabyukiye mu mirwano ikomeye yatewe n’amakimbirane amaze imyaka myinshi, ashingiye ku duce two ku mupaka.
Mu 1907 ubwo Abafaransa bakolonizaga Cambodia, baciye umupaka wayo, ariko Thailand!-->!-->!-->!-->!-->…
Alice Uwase yagizwe umuyobozi wa RMB asimbura Francis Kamanzi
Kuri uyu wa 18 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize Uwase Alice Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe Mine, Peteroli na Gazi mu Rwanda (RMB).
Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
“Visit DRC” igiye kujya igaragara ku mugongo w’imyenda ya FC Barcelona
Ikipe ya FC Barecelona yo muri Espagne yagiranye amasezerano n'igihugu cya DRC yo kwamamaza ubukerarugendo bw'icyo gihugu bigakorerwa ku mipira yayo.
Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yemeye gutanga agera kuri miliyoni 46$ ku!-->!-->!-->!-->!-->…
ABAKOZE OPENAI BANZE AKAYABO BAHAWE NA META KUGIRA NGO BAYIKORERE.
Abagize uruhare mu gukora programu ya OPENAI bakomeje kwanga ubusabe bw'akavagari bari guhabwa na META ngo babe ari yo bakorera.
Ikigo cya Meta gifite imbuga nkoranyambaga zirimo Facebook, Instagram, Threads, Messenger na Whatsapp,!-->!-->!-->!-->!-->…
ESE IMBWA YABA IRUSHA ABANTU KUGIRA MU KANWA HEZA?
AKENSHI IYO ABANYARWANDA BASHATSE KUVUGA KO UMUNTU AFITE MU KANWA HEZA, HARI UBWO BAVUGA KO HAMEZE NKAH'IMBWA. ESE NIBYO?
Hari aho umukobwa ashobora kugera, yaganira n'abantu b'igitsinagabo agaseka, bakaba bavuga ko afite mukanwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umugore yaciwe amande kubera kumanura ipantalo n’ikariso by’umugabo bakorana
Urukiko rwo muri Koreya y'Epfo rwaciye amande umugore wo muri icyo gihugu kubera imyitwarire idakwiriye ijyanye n'igitsina nyuma y'uko amanuye ipantalo n'ikariso by'umugabo bakorana by'impanuka bikabera imbere y'abakozi bagenzi babo,!-->!-->!-->…
Gasabo:GS Ruhanga habaye igikorwa cyo kwibuka abari abanyeshuri n’abarimu bazize Jenoside…
Mu Karere ka Gasabo mu Murenge wa Rusororo mu Kagari ka Ruhanga kuwa Gatanu tariki 30 Gicurasi kuri GS Ruhanga habaye igikorwa cyo kwibuka abari abanyeshuri abarimu n'abandi bazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 igikorwa!-->…
Iyo umuryango umwe uzimye, Igihugu kiba kibuze amaboko – Minisitiri Uwimana
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Uwimana Consolée, avuga ko umuryango ari inkingi ihetse Abanyarwanda, bityo iyo umuryango umwe uzimye Igihugu kiba kibuze amaboko.
Minisitiri Uwimana avuga ko iyo umuryango umwe!-->!-->!-->…
Itangazo rya Uwase Sandra wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa Uwase SIBAMWE Sandra mwene Butsitsi na Uwamahoro Irene utuye mu Ntara y'Iburengerazuba, Akarere ka Rubavu, Umurenge wa Gisenyi, mu Akagali ka Umuganda, umudugudu wa Dukore, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari!-->…
IGIPIMO CY’UBUSHYUHE KIZIYONGERAHO 1.5 MU MYAKA 5 IRI IMBERE.
UBUSHAKASHATSI BUGARAGAZA KO MU MYAKA 5 IRI IMBERE IGIPIMO CY'UBUSHYUHE KIZAZAMUKAHO 1.5
Hakurikijwe umuvuduko wo hejuru igipimo cy'ubushyuhe kiri kuzamukaho buri mwaka, ibikomeza no kugira ingaruka ku bantu n'ibidukikije muri!-->!-->!-->!-->!-->…