Browsing Category
Izindi nkuru
Intambwe ya nyuma iganisha mu gutanga indangamuntu y’ikoranabuhanga yatewe
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko mu gukora indangamuntu y’ikoranabuhanga hazifashishwa imashini zigera ku 1000 mu gukusanya amakuru azifashishwa kandi ko nyuma yo gufotora ibyo bikoresho bizaguma mu tugari kugira ngo bizajye!-->…
IBIHUGU 15 BYAHAGARIKIWE TikTok N’IMPAMVU YABYO
KU ISI HARI IBIHUGU 15 BYAHAGARIKIWE URUBUGA RWA TikTok. KUKI BYABAYE?
Urubuga rwa TikTok rushimisha benshi ariko hari ibihugu birufata nk'urwateza ibyago igihugu. Uherutse gufata umwanzuro atazuyaje ni minisitiri w'ikoranabuhanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Muhimpundu wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa Muhimpundu Agnes mwene Gahiga na Mukakamari utuye mu Karere ka Kicukiro, umurenge wa Gatenga, akagali ka Nyanza, umudugudu wa Taba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe akoresha ariyo Muhimpundu Agnes!-->…
Itangazo rya Uwajeneza wifuza guhinduza amazina
Uwitwa Uwajeneza Teddy, mwene Ntakiyimana Emmanuel na Mukarusine Clementine utuye Karere ka Kicukiro, umurenge wa Gatenga, akagali ka Nyarutarama, umudugudu wa Bisambu, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Ubudage: Hamenyekanye icyatumye ikibuga cy’indege gifunga amasaha hafi 7 yose
Ikibuga cy’indege cy'i Munich cyafunzwe ijoro ryose hafi amasaha arindwi nyuma y’uko kibonetsemo indege zidafite abapilote (drones), iki kikaba ari ikindi kibuga cyo mu Burayi gifunze kubera ibikorwa nk’ibi.
Nk’uko bitangazwa n'ikibuga!-->!-->!-->…
Weasal umugabo wa Teta Sandra aratabariza umuhisi n’umugenzi
Umunyarwandakazi akaba n'umunyamideri Teta Sandra n’umugabo we Weasel Manizo, bongeye kugaragara bashyamiranye aho Weasel yumvikanye asaba ubutabazi.
Ibinyamakuru byo mu gihugu cya Uganda byongeye kugaruka ku mubano wa Teta Sandra!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Furaha Diane wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa Furaha Diane, mwene Munyangorore na Mukarukundo, utuye mu Ntara y'Uburengerazuba, Akarere ka Rutsiro, Umurenge wa Kigeyo, mu Kagali ka Rukaragata ho mu mudugudu wa Kinihira yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari!-->…
IMPAMVU 10 ZIKWIRIYE GUTUMA URYAMA AMASAHA 8 MU IJORO.
Umuntu wese yagakwiriye kuryama amasaha atari munsi yúmunani ninjoro kuko munsi yáho bishobora kugira ingaruka ku mubiri.
Kuryama neza burya ntibisaba kuba urara ku buriri bwiza bushashe neza gusa, nígihe uhamara gifite ibisobanuro!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Uwimana Sifa wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa UWIMANA Sifa, mwene Munyakazi na Dusabe utuye mu Karere ka Rubavu, umurenge wa Gisenyi, Akagali ka Kivumu, mu mudugudu wa Ubutabazi ho mu ntara y'Iburengerazuba yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina yari asanganywe!-->…
Icyogajuru cya Australia cyakoze impanuka kigihaguruka
Icyogajuru cya mbere cyakorewe muri Australia, cyaguye nyuma y’amasegonda 14 gusa ubwo bari mu isuzuma ryo kucyohereza mu kirere ku nshuro ya mbere.
Ni icyogajuru cyiswe Eris gifite uburebure bwa metero 23, cyakozwe n’ikigo cya!-->!-->!-->!-->!-->…
Thailand na Cambodia biri mu mirwano ikomeye
Igisirikare cya Thailand n’icya Cambodia byabyukiye mu mirwano ikomeye yatewe n’amakimbirane amaze imyaka myinshi, ashingiye ku duce two ku mupaka.
Mu 1907 ubwo Abafaransa bakolonizaga Cambodia, baciye umupaka wayo, ariko Thailand!-->!-->!-->!-->!-->…
Alice Uwase yagizwe umuyobozi wa RMB asimbura Francis Kamanzi
Kuri uyu wa 18 Nyakanga 2025, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yagize Uwase Alice Umuyobozi Mukuru w’Urwego rushinzwe Mine, Peteroli na Gazi mu Rwanda (RMB).
Itangazo ryasohowe n’Ibiro bya Minisitiri w’Intebe ku!-->!-->!-->!-->!-->…
“Visit DRC” igiye kujya igaragara ku mugongo w’imyenda ya FC Barcelona
Ikipe ya FC Barecelona yo muri Espagne yagiranye amasezerano n'igihugu cya DRC yo kwamamaza ubukerarugendo bw'icyo gihugu bigakorerwa ku mipira yayo.
Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo yemeye gutanga agera kuri miliyoni 46$ ku!-->!-->!-->!-->!-->…
ABAKOZE OPENAI BANZE AKAYABO BAHAWE NA META KUGIRA NGO BAYIKORERE.
Abagize uruhare mu gukora programu ya OPENAI bakomeje kwanga ubusabe bw'akavagari bari guhabwa na META ngo babe ari yo bakorera.
Ikigo cya Meta gifite imbuga nkoranyambaga zirimo Facebook, Instagram, Threads, Messenger na Whatsapp,!-->!-->!-->!-->!-->…
ESE IMBWA YABA IRUSHA ABANTU KUGIRA MU KANWA HEZA?
AKENSHI IYO ABANYARWANDA BASHATSE KUVUGA KO UMUNTU AFITE MU KANWA HEZA, HARI UBWO BAVUGA KO HAMEZE NKAH'IMBWA. ESE NIBYO?
Hari aho umukobwa ashobora kugera, yaganira n'abantu b'igitsinagabo agaseka, bakaba bavuga ko afite mukanwa!-->!-->!-->!-->!-->…