Browsing Category
Izindi nkuru
Muhanga: Umushoferi yarohamanye n’ikamyo muri Nyabarongo
Mu Karere ka Muhanga hakomeje gusubirwamo inkuru y’umushoferi w’imyaka 43 warohamanye n’ikamyo yari atwaye, mu mugezi wa Nyabarongo, kugeza ubu akaba yakomeje kuburirwa irengero.
Ibi byabaye mu gitondo cyo ku wa Gatatu tariki ya 25!-->!-->!-->!-->!-->…
U BURUNDI NA SUDANI Y’EPFO IMBERE MU BIHUGU 10 BITUWE NA BENSHI BATAGIRA UMURIRO…
U BURUNDI NA SUDANI Y'EPFO BIZA MU BIHUGU 10 BIRI INYUMA Y'IBINDI MU KUGIRA ABATURAGE BAFITE UMURIRO W'AMASHANYARAZI.
Ese waba wibuka igihe ibikoresho by'ikoranabuhanga byazaga, bigasaba ubitunze kujya gushaka umuriro kugira ngo!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Nyabyenda wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina
Uwitwa NYABYENDA Emmanuel, mwene Habiyambere Fidel na Kampire Sterie, utuye mu ntara y'Uburasirazuba, Akarere ka Bugesera, Umurenge wa Nyamata, akagari ka Nyamata, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe akoresha!-->…
Burundi: Perezida yasabye abaturage kutamusabira ubwenge nk’ubwa Salomon.
Perezida wa Repubulika y'Uburundi Ndayishimye Evariste bakunze kubyinirira "NEVA", yanenze bamwe mu baturage bahora bamusabira kugira ubwenge nk'ubw'umwami Salomon, umuhungu wa Dawidi wigeze kuyobora ubwami bwa Isirayeri.
Ibi perezida!-->!-->!-->…
Itangazo rya Seneza Alexis wifuza guhinduza amazina
Uwitwa SENEZA Alexis mwene Kanyoni Samson na Nyamatungo Parusi utuye mu mudugudu wa Gwiza, Akagari ka Karambo, Umurenge wa Gatenga, Akarere ka Kicukiro, mu mujyi wa kigali, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanganywe!-->…
Itangazo rya Bizimana Jean Claude wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa BIZIMANA Jean Claude, mwene Bihoyiki na Uwizeyimana utuye mu Mujyi wa Kigali, Akarere ka Kicukiro, umurenge wa Gatenga, akagari ka Gatenga, umudugudu wa Ihuriro, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Itangazo rya Bapfakurera wasabye uburenganzira bwo guhinduza amazina.
Uwitwa BAPFAKURERA Straton mwene Ziomurinda Tharcisse na Karubera Felicite utuye mu mudugudu wa Ihuriro, Akagari ka Gatenga, umurenge wa Gatenga, akarere ka Kicukiro ho mu mujyi wa Kigali, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina!-->…
Ubwoba ni bwose kubera ”Imigiho mishya ” mu burezi
Hashize igihe abarimu bashinja bamwe mu ba Diregiteri gutanga amanota y'imihigo bashingiye ku kimenyane cyangwa ubucuti kandi ayo manota ariyo agenderwaho hatangwa ishimwe (Bonus) bityo abarimu nti bishimire uko byakorwa, Minisiteri!-->…
Gabon: Ibihuha bitumye Leta ihagarika imbuga nkoranyambaga kugeza igihe kitazwi
Urwego rushinzwe kugenzura Itangazamakuru muri Gabon, (High Authority for Communication, HAC) rwatangaje ko imbuga nkoranyambaga muri icyo gihugu zabaye zihagaritswe kugeza igihe kitazwi kubera gukwirakwiza amakuru y’ibihuha.
Urwo rwego!-->!-->!-->…
U Rwanda ruhagaze gute kuri ruswa mu gihe Sudan y’Epfo na Somaliya biyoboye ibyamunzwe nayo?
Icyegeranyo cy'uko ruswa ihagaze ku isi gisohorwa buri mwaka cyashyize ibihugu byo muri Afurika y'iburasirazuba mu myanya ya nyuma y'ahari ruswa ikabije ku isi, usibye u Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere mu karere.
U Rwanda, ruri muri ako!-->!-->!-->…
Fally Merci yatumiye Perezida Kagame muri ‘Gen-Z Comedy’ amwizeza kuzamusetsa kakahava.
Umunyarwenya Ndaruhutse Merci uzwi nka Fally Merci yatumiye Perezida Kagame muri ‘Gen-Z Comedy’, ibitaramo ngarukakwezi byo gusetsa amaze imyaka itatu ategura.
Ibi Fally Merci yabigarutseho ubwo yari ahawe umwanya wo gutanga igitekerezo!-->!-->!-->…
Banki nkuru y’u Rwanda yahaye gasopo abakoresha inoti mu mitako y’impano
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yasabye abantu kwirinda gukoresha inoti mu bikorwa byo gukora imitako, imirimbo no mu birori cyangwa mu mihango itandukanye, kuko ngo bashobora kubihanirwa n’itegeko.
BNR igenzura ifaranga ry’u Rwanda,!-->!-->!-->…
Itangazo rya AMIZERO usaba uburenganzira bwo guhinduza amazina.
Uwitwa Amizero Louis Oreste mwene Kabengera na Banyana utuye mu Karere ka Gatsibo, Umurenge wa Kabarore, akagari ka Kabarore, umudugudu wa Kabingo ho mu Ntara y'Uburasirazuba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina yari!-->!-->!-->…
Abanya-Kenya barenga 200 biyandikishije mu gisirikare cy’u Burusiya.
Guverinoma ya Kenya yatangaje ko abanya Kenya barenga 200 binjiye baninjizwa mu gisirikare cy'Uburusiya.
Minisitiri w'intebe mu gihugu cya Kenya Bwana MUSALIA MUDAVADI yavuze ko abaturage b'igihugu cye cya Kenya ndetse na Leta bose!-->!-->!-->!-->!-->…
Byiringiro yasezerewe mu myitozo y’ikipe y’igihugu AMAVUBI
Byringiro Jean Gilbert, myugariro w'ikipe ya APR FC wari aherutse guhamagarwa n'itsinda ry'abatoza b'ikipe y'igihugu Amavubi ngo ajye mu mwiherero n'abandi yasezerewe adakoze umwitozo n'umwe.
Ikipe y'umupira w'amaguru y'u Rwanda AMAVUBI!-->!-->!-->…