Browsing Category
Izindi nkuru
Gabon: Ibihuha bitumye Leta ihagarika imbuga nkoranyambaga kugeza igihe kitazwi
Urwego rushinzwe kugenzura Itangazamakuru muri Gabon, (High Authority for Communication, HAC) rwatangaje ko imbuga nkoranyambaga muri icyo gihugu zabaye zihagaritswe kugeza igihe kitazwi kubera gukwirakwiza amakuru y’ibihuha.
Urwo rwego!-->!-->!-->…
U Rwanda ruhagaze gute kuri ruswa mu gihe Sudan y’Epfo na Somaliya biyoboye ibyamunzwe nayo?
Icyegeranyo cy'uko ruswa ihagaze ku isi gisohorwa buri mwaka cyashyize ibihugu byo muri Afurika y'iburasirazuba mu myanya ya nyuma y'ahari ruswa ikabije ku isi, usibye u Rwanda rwaje ku mwanya wa mbere mu karere.
U Rwanda, ruri muri ako!-->!-->!-->…
Fally Merci yatumiye Perezida Kagame muri ‘Gen-Z Comedy’ amwizeza kuzamusetsa kakahava.
Umunyarwenya Ndaruhutse Merci uzwi nka Fally Merci yatumiye Perezida Kagame muri ‘Gen-Z Comedy’, ibitaramo ngarukakwezi byo gusetsa amaze imyaka itatu ategura.
Ibi Fally Merci yabigarutseho ubwo yari ahawe umwanya wo gutanga igitekerezo!-->!-->!-->…
Banki nkuru y’u Rwanda yahaye gasopo abakoresha inoti mu mitako y’impano
Banki Nkuru y’u Rwanda (BNR) yasabye abantu kwirinda gukoresha inoti mu bikorwa byo gukora imitako, imirimbo no mu birori cyangwa mu mihango itandukanye, kuko ngo bashobora kubihanirwa n’itegeko.
BNR igenzura ifaranga ry’u Rwanda,!-->!-->!-->…
Itangazo rya AMIZERO usaba uburenganzira bwo guhinduza amazina.
Uwitwa Amizero Louis Oreste mwene Kabengera na Banyana utuye mu Karere ka Gatsibo, Umurenge wa Kabarore, akagari ka Kabarore, umudugudu wa Kabingo ho mu Ntara y'Uburasirazuba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhindura amazina yari!-->!-->!-->…
Abanya-Kenya barenga 200 biyandikishije mu gisirikare cy’u Burusiya.
Guverinoma ya Kenya yatangaje ko abanya Kenya barenga 200 binjiye baninjizwa mu gisirikare cy'Uburusiya.
Minisitiri w'intebe mu gihugu cya Kenya Bwana MUSALIA MUDAVADI yavuze ko abaturage b'igihugu cye cya Kenya ndetse na Leta bose!-->!-->!-->!-->!-->…
Byiringiro yasezerewe mu myitozo y’ikipe y’igihugu AMAVUBI
Byringiro Jean Gilbert, myugariro w'ikipe ya APR FC wari aherutse guhamagarwa n'itsinda ry'abatoza b'ikipe y'igihugu Amavubi ngo ajye mu mwiherero n'abandi yasezerewe adakoze umwitozo n'umwe.
Ikipe y'umupira w'amaguru y'u Rwanda AMAVUBI!-->!-->!-->…
Itangazo rya Shumbusho wanditse asaba guhinduza amazina
Uwitwa Shumbusho Wellars mwene Cyusa Jean na Mukankubana Verene utuye mu Ntara y'Iburasirazuba, mu Karere ka Rwamagana, umurenge wa Kigabiro, Akagali ka Nyagasenyi, mu mudugudu wa Kavura, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina!-->…
Uko Bene Ngango bigabije Musée du Louvre i Paris barayiba karahava.
Inzu ngandamurage ya Louvre iri i Paris mu Bufaransa byabaye ngombwa ko ifungwa mu gihe Polisi irimo guperereza ku bajura "b'abanyamwuga' batwaye imirimbo"y'agaciro katagira ingano'.
Ku manywa y'ihangu, abajura bitwaje ibyumba!-->!-->!-->!-->!-->…
Intambwe ya nyuma iganisha mu gutanga indangamuntu y’ikoranabuhanga yatewe
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko mu gukora indangamuntu y’ikoranabuhanga hazifashishwa imashini zigera ku 1000 mu gukusanya amakuru azifashishwa kandi ko nyuma yo gufotora ibyo bikoresho bizaguma mu tugari kugira ngo bizajye!-->…
IBIHUGU 15 BYAHAGARIKIWE TikTok N’IMPAMVU YABYO
KU ISI HARI IBIHUGU 15 BYAHAGARIKIWE URUBUGA RWA TikTok. KUKI BYABAYE?
Urubuga rwa TikTok rushimisha benshi ariko hari ibihugu birufata nk'urwateza ibyago igihugu. Uherutse gufata umwanzuro atazuyaje ni minisitiri w'ikoranabuhanga!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Muhimpundu wifuza guhinduza amazina.
Uwitwa Muhimpundu Agnes mwene Gahiga na Mukakamari utuye mu Karere ka Kicukiro, umurenge wa Gatenga, akagali ka Nyanza, umudugudu wa Taba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe akoresha ariyo Muhimpundu Agnes!-->…
Itangazo rya Uwajeneza wifuza guhinduza amazina
Uwitwa Uwajeneza Teddy, mwene Ntakiyimana Emmanuel na Mukarusine Clementine utuye Karere ka Kicukiro, umurenge wa Gatenga, akagali ka Nyarutarama, umudugudu wa Bisambu, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina yari asanzwe!-->…
Ubudage: Hamenyekanye icyatumye ikibuga cy’indege gifunga amasaha hafi 7 yose
Ikibuga cy’indege cy'i Munich cyafunzwe ijoro ryose hafi amasaha arindwi nyuma y’uko kibonetsemo indege zidafite abapilote (drones), iki kikaba ari ikindi kibuga cyo mu Burayi gifunze kubera ibikorwa nk’ibi.
Nk’uko bitangazwa n'ikibuga!-->!-->!-->…
Weasal umugabo wa Teta Sandra aratabariza umuhisi n’umugenzi
Umunyarwandakazi akaba n'umunyamideri Teta Sandra n’umugabo we Weasel Manizo, bongeye kugaragara bashyamiranye aho Weasel yumvikanye asaba ubutabazi.
Ibinyamakuru byo mu gihugu cya Uganda byongeye kugaruka ku mubano wa Teta Sandra!-->!-->!-->!-->!-->…