Browsing Category
Izindi nkuru
Musanze:Abadepite bagize impungenge ku buryo bwo kwirinda COVID-19 basanze mu bigo by’amashuri kuko…
Nyuma y'uko amashuri yo ngeye gufungerwa yari yarahagaritswe ni icyorezo cya Covid-19, Abadepite bagize impungenge ku buryo bwo kwirinda COVID-19 basanze mu bigo binyuranye by’amashuri yo mu Murenge wa Gacaca mu Karere a Musanze, nyuma yo!-->…
RDC: Miliyoni zirenga 150$ zari zigenewe guhemba abarimu zahiriye mu bwato.
Ubwato bukoresha moteri bwari butwaye miliyoni 300 z’amafaranga ya Congo ($153,112,20) yari agenewe guhemba abarimu bo mu Ntara ya Equateur muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bwafashwe n’inkongi n’ayo mafaranga yose!-->!-->!-->…
Gatsibo: Abana 85 bari barataye ishuri bafatiwe mu isoko basubizwa mu ishuri
Nyuma y'uko amashuri yongeye gusubukura hari aho abana banze guhita basubira yo kuko hari abari baramaze kwishora mu mirimo ibaha amafranga, Mu Murenge wa Ngarama mu Karere ka Gatsibo, mu gitondo cyo ku wa kabiri tariki 03 Ugushyingo 2020,!-->…
Gicumbi: Abantu batazwi bakomeje gusenya isoko rya Gaseke.
Isoko rya Gaseke riherereye mu Murenge wa Mutete mu Karere ka Gicumbi, rikomeje kwangirika mu gihe abaricururizamo n’abarituriye bavuga ko atari ugusaza ahubwo ko ari abarisenya bashaka ibyuma byo kujya kugurisha.
Iri soko!-->!-->!-->!-->!-->…
Amashuri abanza n’ayisumbuye yasubukuye amasomo, ingingo y’abanyeshuri 23 mu ishuri…
Kuri uyu wa mbere taliki 02 Ugushyingo amashuri abanza n’ayisumbuye hirya no hino mu gihugu yasubukuye amasomo nyuma y’amezi hafi 8 abanyeshuri bari mu rugo kubera Covi-19.
Ku mashuri menshi mu gihugu, abana bitabiriye amasomo!-->!-->!-->!-->!-->…
Robert Fisk, umunyamakuru wakoranye ibiganiro bitatu na Osama Bin Laden, yapfuye.
Umunyamakuru Robert Fisk wari ufite imyaka 74 yapfuye, mu bikekwa ko yazize ikibazo cyo gucika k'udutsi two mu bwonko.
Ikinyamakuru Irish Times dukesha iyi nkuru kiravuga ko kuwa gatanu yajyanywe mu bitaro mu mujyi wa i Dublin ari!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubufaransa: Batatu bicishijwe icyuma mu mujyi wa Nice.
Polisi y'Ubufaransa yatangaje ko abantu batatu bishwe batewe icyuma mu gitero k'iterabwoba cyabereye kuri Bazirika ya Notre-Dame mu mujyi wa Nice.
Mayor w'umujyi wa Nice Christian Estrosi, yavuze ko buri kintu cyose kigaragaza ko!-->!-->!-->!-->!-->…
Amateka ya Rukara rwa Bishingwe, umurashi wishe umuzungu Rugigana
Amateka ya Rukara rwa Bishingwe abenshi bakunze kuyafata nk’umugani cyangwa igitekerezo kandi yarabayeho.Uretse bamwe mu bakirigitananga-nyarwanda nka Sebatunzi bacuranze amateka ye, bamwe mu banditsi b’amateka nabo bamwanditseho mu!-->!-->!-->…
Imodoka zakoze zigurishwa muri Afrika zangiza ibidukikije mu buryo bukomeye
Raporo y'ishami rya ONU rishinzwe ibidukikije (UNEP) igaragaza ko Miliyoni nyinshi z'imodoka zihumanya ikirere bikabije ziva mu bihugu bikize ziri "kujugunywa" mu bihugu biri mu nzira y'amajyambere.
Iyi raporo ivuga ko Hagati ya!-->!-->!-->!-->!-->…
Muri Pologne bafunze imihanda bamagana icyemezo cy’urukiko rwaciye burundu gukuramo inda
Ku munsi wa gatanu w'imyigaragambyo yo kwamagana icyemezo cy'urukiko rusa nkaho rwaciye burundu gukuramo inda, abigaragambya bafunze imihanda mu mijyi igera hafi kuri 50 mu gihugu bamagana iki kemezo.
Iyi myigaragambyo ifatwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Habonetse amazi ku kwezi bitanga ikizere cyo guturayo
Ikigo cy'ubushakashatsi mu isanzure cya leta ya Amerika, NASA, cyatangaje ibimenyetso ntakuka by'"ubuvumbuzi bushya butangaje" bw'amazi ari ku nyenyeri yacu, ukwezi.
Uku "kuboneka kudashidikanywaho kw'amazi" kuzatanga icyizere ku!-->!-->!-->!-->!-->…
Cameroun: Abitwaje intwaro bateye ikigo cy’amashuli bica abana 6, abandi barakomereka
Ejo kuwa gatandatu Abantu bitwaje intwaro bateye ishuli ryigenga rya Mother Francisca ryo mu karere ka Kumba gasanzwe kagaragaramo imvururu, bica abanyeshuli batandatu abandi barakomereka.
Abayobozi b'Akarere ka Kumba kari mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Lee Kun-hee wari Perezida wa Samsung Electronics, yitabye Imana
Lee Kun-hee wari Perezida w'icyubahiro w'uruganda rwa Samsung rukora ibikoresho by'ikoranabunga n'ibindi bitandukanye yitabye Imana kuri iki cyumweru ku myaka 78.
Kuva mu 2014, uyu mugabo Kun-Hee ntiyari akigaragara mu bikorwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Umuhanda wa kaburimbo Ngoma-Bugesera-Nyanza uzoroshya ubuhahirane
Abaturage bo mu Karere ka Nyanza mu Ntara y’Amajyepfo bategerezanyije amatsiko umuhanda wa kaburimbo ugiye kubakwa mu Karere kabo, ngo bakaba biteguye kuwubyaza umusaruro kuko ubuhahirane buziyongera.
Babitangaje ku wa Kane tariki!-->!-->!-->!-->!-->…
Rusizi: Abantu 10 bakekwaho gutera inda abangavu batawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha mu karere ka Rusizi, rwataye muri yombi abagabo 10 bakekwaho gusambanya abana b’abakobwa bakabatera inda.
Aba bagabo batawe muri yombi bari mu kigero kiri hagati y’imyaka 19 na 36 y’amavuko mu gihe!-->!-->!-->!-->!-->…