Browsing Category
Izindi nkuru
Zambia: Prezida wa Repubulika yirukanye ministre w’ubuzima kubera ibibazo bya ruswa
Perezida wa Zambia Edgar Lungu yirukanye Minisitiri w’Ubuzima, Chitalu Chilufya yari yatawe muri yombi muri Kamena 2020 ashinjwa ruswa nyuma aza kugirwa umwere.
Minisitiri Chilufya yashinjwaga ibyaha bine bijyanye no kwigwizaho!-->!-->!-->!-->!-->…
Ubutaka budafite abo bwanditseho Leta yamaze kubwiyandikaho byagateganyo.
Umuyobozi w’agateganyo w’ishami ry’imicungire y’ubutaka mu kigo gishinzwe imicungire n’imikoreshereze y’ubutaka mu Rwanda, Mukarage Jean Baptiste, avuga ko kuva ku wa 31 Ukuboza 2020, ubutaka budafite abo bwanditseho bwamaze kwandikwa kuri!-->…
Umuvugizi wa Kiliziya Gatolika mu Rwanda yagize icyo avuga ku rupfu rwa Padiri Obald.
Nyuma yaho Diyoseze ya Cyangugu itangarije urupfu rwa padiri Obald, bamwe mu bapadiri bagiye bagira icyo bamuvugaho harimo n'umuvugizi wa Kiliziya gatolika mu Rwanda.
Nyuma y'aho inkuru y'urupfu rwa Padiri Obald ibaye impamo, bamwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Inkuru imaze kuba impamo ko Padiri Obald wari uzwiho gukora ibitangaza yitabye Imana
Padiri Ubald Rugirangoga umaze imyaka irenga 33 yarihaye Imana aho kuri ubu yari Umupadiri muri Diyoseze ya Cyangugu ariko agakunda kuba ari no mu bindi bice by’igihugu ategerejwe n’abantu benshi ngo abasengere, yitabye Imana mu!-->!-->!-->…
Nyuma yo kwibaza igihe abana bato bazatangirira amashuri y’incuke bazatangira kwiga tariki 18…
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko abana bo mu mashuri y’incuke ndetse n’abo kuva mu mwaka wa mbere kugeza mu wa gatatu w’abanza bari bamaze igihe batiga, bazasubira ku ishuri ku ya 18 Mutarama 2021.
Byavugiwe mu kiganiro Minisitiri!-->!-->!-->!-->!-->…
Ruhango: Umwana yaturikanywe na Gaz ahita apfa,umugabo barikumwe w’umushyitsi wabasuye…
Gaz yaturitse yica umwana wo mu Mudugudu wa Gakongoro mu Kagari ka Buhanda mu Murenge wa Bweramana, naho umugabo wari hafi ye iramukomeretsa bikomeye.
Iyo gaz yari isanzwe ikoreshwa mu guteka yaturikiye mu rugo rwa Uwayisenga Daphrose!-->!-->!-->…
Kayonza: Kubwirwa n’umugabo we amagambo mabi ko ari mubi byatumye ashaka kwiyahura atabarwa…
Umugore ufite imyaka 22 utuye mu Murenge wa Kabare mu Karere ka Kayonza yatabawe n’inzego z’umutekano agiye kwiyahura akoresheje igitenge yari yamanitse mu giti nyuma y’aho umugabo we ashinja kumuca inyuma amubwiriye ko ari mubi ndetse!-->…
Inshingano za REB zo gukurikirana ibizami bya Leta zahawe ibigo bishya NESA na RTB
Mu Rwanda haherutse gushyirwaho ikigo gishinzwe iby’ibizamini by’amashuri abanza, ayisumbuye n’ay’imyuga n’ubumenyingiro ndetse n’ubugenzuzi bw’ayo mashuri cyiswe NESA (National Examination and School Inspection Authority), bikaba!-->…
Kayonza: Umugabo wubatse yagiye gusambana n’umukobwa iwabo afatirwayo basaza b’umukobwa…
Umugabo w’imyaka 40 utuye mu Murenge wa Gahini mu Karere ka Kayonza yaraye afatiwe mu rugo rw’abandi asambana n’umukobwa waho, basaza be babiri baramufata baramukubita kugeza ubwo akomeretse mu mutwe mu buryo bukomeye.
Ikinyamakuru!-->!-->!-->…
Kamonyi: Ibitare bihuza Imana n’abayizera bya Mashyiga bigiye kuba ahantu nyaburanga
Intara ya amajyepfo, Ubuyobozi bw’Akarere ka Kamonyi buvuga ko bugiye gutunganya Ibitare bya Mashyiga kugira ngo habe ahantu nyaburanga hashobora kubyazwa umusaruro, hagasurwa hakinjiza amafaranga.
Mashyiga ni ibitare biherereye mu!-->!-->!-->!-->!-->…
Ijambo rya Nyakubahwa Perezida Kagame ryo gusoza umwaka wa 2020 no gutangiza undi mushya wa 2021
Banyarwanda, Baturarwanda mwese, nshuti z’u Rwanda,Dutangiye uyu mwaka mushya dufite icyizere ko u Rwanda rwageze kuri byinshi nubwo twahuye n’ibibazo bidasanzwe mu mwaka wa 2020.
Ibi bivuze ko dushobora gukora n’ibirenze igihe iki!-->!-->!-->!-->!-->…
Umusirikare warashe umusore amwibeshyeho amushinja gutera umukobwa we inda yahamijwe icyaha…
Urukiko rwa Gisirikare i Nyamirambo rwahamije Maj. Godfrey Mudaheranwa uzwi nka Kirikiri icyaha cyo kwica yabigambiriye umusore witwa Gashayija Sam amurashe amushinja ko yari yarateye umukobwa we inda.
Yahamijwe n’icyaha cyo gutunga!-->!-->!-->!-->!-->…
wa mugore mwiza watwaraga ama kamiyo yaraye akoze impanuka arapfa.
Madame Munyakazi Ladouce wari mu Banyarwandakazi bake batwara ikamyo zijya hanze yitabye Imana azize impanuka.
Urupfu rw'uyu mutegarugore uri muri bagore bake batwaraga ibimodoka biremereye rwamenyekanye ku mugoroba wo kuri uyu!-->!-->!-->!-->!-->…
Bugesera: Nyuma y’ubusabe bw’abaturage Umusoro ku butaka wahindutse
Intara y'Iburasira zuba akarere ka Bugesera Nyuma y’ubusabe bw’abaturage, Inama Njyanama y’Akarere ka Bugesera yasubiyemo ibiciro by’umusoro ku bukode bw’ubutaka.
Tariki 24 Kamena 2020, Inama Njyanama y’Akarere ka Bugesera yari!-->!-->!-->!-->!-->…
Prof.Shyaka Anastase ati:”Utubyiniro n’utubyeri, ntitubarangaze ntaho tuzajya”
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof. Shyaka Anastase yasoje umwaka wa 2020 agira inama urubyiruko yo kwirinda ibyashyira ubuzima bwabo mu kaga mu ijoro risoza umwaka birirmo utubyiniro n’utubari.
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu,!-->!-->!-->…