Browsing Category
Izindi nkuru
Kenya: Umugore yarogoye disikuru ya perezida amusaba amafaranga
Ku wa Kabiri tariki 4 Ukwakira 2022, umugore w’ahitwa Nyeri muri Kenya, yarogoye imbwirwaruhame ya Perezida Willim Ruto, amusaba amafaranga.
Uwo mugore warogoye Perezida Ruto ubwo yari ahagurutse arimo avuga ijambo, yavuze ko ashaka!-->!-->!-->!-->!-->…
Bunyenyezi yasabye urukiko kumwereka abamushinja bakarebana imbona nkubone
Beatrice Munyenyezi ushinjwa kugira uruhare muri Jenoside yasabye urukiko ko abatangabuhamya bamushinja bagomba kuza bakamushinja barebana mu rukiko, aho gutangira ubutumwa bwabo ku ikoranabuhanga.
Munyenyezi ashinjwa kugira!-->!-->!-->!-->!-->…
Abaturage barasabwa gukoresha ikoranabuhanga birinda ibyabaviramo ibyaha
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rurasaba abaturage gukoresha ikoranabuhanga birinda ibyabaviramo ibyaha, kugira ngo bibarinde kugongana n’amategeko, kuko hari abisanga bakurikiranyweho ibyaha byakorewe kuri telefone zabo!-->!-->!-->…
Uko Dennis Rodman umukinnyi ukomeye wa Basketball yakemuye ikibazo cya Politiki hagati ya USA na…
Ni gute Denis Rodman umunyabigwi muri Basketball yakemuye ikibazo hagati ya Korea na America byarananiye abanya politike?
Nkuko urubuga rwa national geographic rubitangaza, ngo ubusanzwe iyo ibihugu bifitanye amakimbirane cyangwa!-->!-->!-->!-->!-->…
Kuki abantu badakabya mu rukundo aribo bashaka vuba kurusha abarurambamo?
Burya abantu bagira urukundo rwinshi gusa kugira amahitamo birabagora.Nshingiye ku bushakashatsi nakoze nabonye ko umuntu ugira urukundo rwinshi kuva mu rujijo ruri hagati y’umutetesha n’ukwiriye kumubera umugore bimugora.Akaba ari!-->!-->!-->…
Ibyishimo by’abamotari nyuma y’uko Perezida Kagame asabye ko ikibazo cyabo gikemuka vuba…
Umumotari witwa Bizimana Pierre wo mu Karere ka Ruhango ni we wagejeje ikibazo cy’abamotari kuri Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame ubwo we n’abaturage basaga 50,000 bo mu Ntara y’Amajyepfo bamwakiriraga ku kibuga cy’umupira!-->…
Visi Meya uherutse gusuzugura abanyamakuru yasabye imbabazi
Umuyobozi wungirije w'Akarere ka Musanze ushinzwe imibereho myiza yasabye imbabazi kubera agasuzuguro aherutse kugirira abanyamakuru.
Mu ntangiriro z'iki cyumweru nibwo hacicikanaga amashusho agaragaza umuyobozi wungirije ushinzwe!-->!-->!-->!-->!-->…
Itangazo rya Umurerwa usaba uburenganzira bwo guhinduza amazina.
Uwitwa UMURERWA Xxx, mwene Xxx na Mukagatera, utuye mu Ntara y'Amajyaruguru, Akarere ka Gicumbi, Umurenge wa Rwamiko ho Akagari ka Nyagahinga mu mudugudu wa Ntaremba, yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza izina yari asanzwe akoresha!-->…
Burera: Batanu bafashwe bagerageza kwinjiza magendu y’amabuye y’agaciro mu Rwanda
Kuri iki cyumweru tariki ya 22 Gicurasi, inzego z’umutekano zikorera mu Karere ka Burera zaburijemo umugambi w’itsinda ry’abantu 20 bageragezaga kwinjiza mu Rwanda ibiro 650 by’amabuye y’agaciro yo mu bwoko bwa Wolfram.
!-->!-->!-->!-->!-->…
Bamwe mu bofisiye biga mu ishuri rikuru rya Polisi bari mu rugendoshuri mu Butaliyani
Ba Ofisiye bakuru biga mu ishuri rikuru rya Polisi y’u Rwanda (National Police College -NPC) riherereye mu karere ka Musanze, batangiye urugendoshuri mu gihugu cy’ u Butaliyani ruri muri gahunda y’amasomo bigira muri iri shuri mu gihe!-->!-->!-->…
Koreya ya Ruguru yibasiwe na Covid-19 Perezida Kim Jong-un ati ni akaga gakomeye.
Ibinyamakuru byo muri Korea ya Ruguru bitangaza ko Perezida wabo Kim Jong-un avuga ko umuvuduko udasanzwe icyorezo cya Covid kiriho ari akaga gakomeye ku gihugu cye.
Mu nama yihutirwa yabaye kuri uyu wa gatandatu, Kim Jong-un!-->!-->!-->!-->!-->…
Gatsibo: Umusore witeguraga kurongora yapfuye bitunguranye
Umusore wo mu Karere ka Gatsibo mu Murenge wa Kageyo waburaga icyumweru kimwe ngo ashinge urugo, yapfuye bitunguranye.
Uyu musore witwa Ndayishimiye Gilbert yari asanzwe atuye mu Mudugudu wa Nyarusange mu Kagari ka Busetsa, Umurenge!-->!-->!-->!-->!-->…
Indege yari twaye abagenzi 122 yahiye iri guhaguruka
Indege yari itwaye abagenzi 122 yafashwe n’inkongi y’umuriro ubwo yari mu nzira yo guhaguruka.
Ku wa kane, tariki ya 12 Gicurasi,nibwo iyo ndege itwara abagenzi yagize iki kibazo, abagenzi 36 bajyanwa mu bitaro bafite ibikomere!-->!-->!-->!-->!-->…
Wa mubikira bavugaga ko yabuze, yishyikirije RIB
Nyuma y'aho bikomeje kuvugwa ko umubikira witwa Furaha Florence yaburiwe irengero akajya ahantu hatazwi, none byamaze kumenyekana ko yishyikirije RIB
Ku munsi w'ejo nibwo ku mbuga nkoranyambaga hakwirakwiye amakuru y'ibura!-->!-->!-->!-->!-->…
Malawi: Urukiko rwakatiye igifungo cy’imyaka 155 abashinjwa kwica ba nyamweru
Urukiko rwo mu gihugu cya Malawi rwaraye rukatiye igifungu cy'imyaka 155 abagabo batatu bahamijwe icyaha cyo kwica abafite ubumuga bw'uruhu.
Urukiko rwisumbuye mu gihugu cya Malawi rwakatiye abagabo batatu, rubakatira igifungo!-->!-->!-->!-->!-->…